Tags : Trump

America irateganya gufatira ingamba zikomeye Koreya ya Ruguru

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo guhura Perezida wa Pologne, Donald Trump yababwiye ko ari gutegura ingamba zikaze zo kuzahana ubutegetsi bwa Pyongyang kubera icyo yise imyitwarire idashobotse yabwo. Yabwiye abanyamakuru ko atarafata umwanzuro wa nyuma ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ariko ngo azayicishaho akanyafu nikomeza ubushotoranyi. Asubiza ku cyo yakora ku bikorwa bya […]Irambuye

Donald Trump ari muri Israel kuganira na Netanyahu na Abbas

Kuri uyu wa Mbere nibwo Perezida wa USA Donald Trump yageze ku kibuga cy’indege Ben Gourion kiri Tel Aviv muri Israel aho aje mu rugendo azaganiriramo na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamin Netanyahu kandi nyuma akazabonana na Perezida wa Palestine Muhammad Abbas. Nirwo ruzinduko rwa mbere akoze kuva yajya k’ubutegetsi muri Ugushyingo 2016 abakurikiranira ibintu […]Irambuye

Iran n’UBurusiya byaburiye USA ko bashobora kujya mu ntambara yeruye

UBurusiya na Iran byasohoye itangazo bihuriyeho biburira America ko byiteguye kujya mu rugamba rweruye igihe yakongera kurasa  missiles ku ngabo za Syria ikoresheje indege. Ibi bihugu bivuga ko USA yamaze ‘kurenga umurongo utukura’ bityo ko bitazakomeza kurebera. Kuba America yakomeza kurasa muri Syria ikoresheje missile ni ikintu ubutegetsi bwa Putin na Rouhanni budashobora gukomeza kwihanganira. Daily […]Irambuye

None, Trump arasinya itegeko rituma inganda zohereza ibyuka mu kirere

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Kabiri arasinya itegeko rihindura ibintu byinshi mubirigize. Iri tegeko ryasinywe na Obama ryategekaga ko inganda zo muri USA zigabanya ubwinshi bw’ibyuka zohereza mu kirere bigatuma kirushaho gushyuha. Trump ararihindura asinye iryorohereza inganda. Trump ngo ararisinyira mu kigo kitwa  the Environmental Protection Agenc. CNN ivuga ko umuvugizi wa Trump yavuze ko guhindura […]Irambuye

Umukobwa wa Donald Trump azakora mu Biro bya Perezida adahembwa

Umukobwa wa Perezida Donald Trump, Ivanka agiye guhabwa umwanya mu Biro bya Perezida ‘White House’, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi. Ivanka ngo azakora mu Biro bya Perezida nk’umukozi udafite umwanya uzwi kandi atanahembwa. Ubuyobozi bwemeje ibyavugwaga mu itangazamakuru ko uyu mukobwa w’imyaka 35 azaba ashobora kugera ahabitswe inyandiko zihishe amabanga akomeye y’igihugu. Uyu mukobwa azaba afite akazi […]Irambuye

2017 Trump azatanga umushahara we wose w’umwaka ku batishoboye

Umuvugizi wa Perezida Donald Trump witwa Sean Spicer yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa mbere ko umushahara wose wa Trump mu gihe kingana n’umwaka azawuha imiryango y’abakene. Umushahara wa Donald Trump uzaba ungana n’ibihumbi 400$. Spicer ati: “Intego ya Perezida ni ugufasha Abanyamerika batishoboye akoresheje ubushobozi bwose ndetse n’umushahara we.” Spicer yabwiye abanyamakuru mu kiganiro kiba […]Irambuye

Trump ngo ntavuga rumwe n’abanyamakuru kuko ashyira ahabona amafuti yabo

Mu nyandiko ndende umwanditsi Andrew Mwenda yasohoye mu kinyamakuru cye The Independent yasobanuye ko kutavuga rumwe hagati y’itangazamukuru ryo muri USA na Perezida Donald Trump ari uko uyu muyobozi yabonye ubutiriganya bw’abanyamakuru bityo akiyemeza kubushyira ahagaragara. Ibi ngo byatumye ibinyamakuru bikomeye byo muri USA bimwishyiramo byiyemeza guhangana nawe bikoresheje uburyo bifite burimo kwandika, kuvuga ndetse […]Irambuye

Minisitiri w’ingabo wa Iran ati “USA na Israel tuzazikubita mu

Mu kiganiro yahaye televiziyo y’igihugu cya Iran, Minisitiri w’ingabo zaho Gen  Hossein Dehghan yavuze ko igisirikare cye kiri gutegura intwaro zihagije, abasirikare n’ikoranabuhanga bihambaye bizatuma bakubita mu kico abo yise abanzi babo aribo USA na Israel. Ibi abivuze nyuma y’uko umuyobozi w’ikirenga wa Iran Ayyatollah Ali Khamenei avuze ko igihugu cye kizafasha Hamas kurasa muri Israel nk’uko […]Irambuye

USA igiye gutangira kuganira na Koreya ya Ruguru ngo banoze

The Washington Post iherutse kwandika ko hari amakuru afatika avuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwiteguye gutangiza ibiganiro bitaziguye na bamwe na bamwe mu bategetsi bo mu rwego rwo hejuru ba Koreya ya Ruguru kugira ngo barebe uko bashyiraho imikoranire itarimo guhangana cyane nk’uko bimeze ubu. Ibi biganiro ngo bizaba ari ibya mbere bibaye mu […]Irambuye

Ibiganiro bya Trump, Buhari na Zuma byarangiye neza

Kuri uyu mugoroba Perezida wa America yaganiriye na bagenzi be uwa Nigeria Muhammadu Buhari na Jacob Zuma wa Africa y’Epfo bavuga ku ngingo zitandukanye harimo umubano w’ibihugu byombi, ubufatanye mu bukungu n’amahoro ku mugabane wa Africa. Buhari yashimye Donald Trump, avuga ko yatsinze amatora mu buryo bwa Demokarasi kandi ngo bikwiye kubera isomo abandi bayobozi. […]Irambuye

en_USEnglish