Tags : Tour du Rwanda

Tour du Rwanda 2017 izagera mu Bugesera ku nshuro ya

Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) n’abategura isiganwa rizenguruka u Rwand aku magare (Tour du Rwanda), bo mu Bufaransa bagiye gutangaza Inzira za Tour du Rwanda2017, mu hantu izanyura harimo no mu Bugesera izaca bwa mbere. Izo ni inzira isiganwa rizaberamo, aho ku nshuro ya mbere Bugesera yaje mu nzira za Tour du Rwanda 2017. […]Irambuye

V. Ndayisenga yizeye ko Mugisha Samuel azaba igihangange ku Isi

Nyuma ya Tour du Rwanda 2016, Valens Ndayisenga wayegukanye yemeza ko Mugisha Samuel watunguranye akarusha abandi mu misozi kandi ari umwana muto, ashobora kuzaba igihangange ku rwego rw’Isi. Hashize iminsi icyenda (9) isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016 risojwe ku mugaragaro. Abanyarwanda babiri, Valens Ndayisenga na Mugisha Samuel ni bo […]Irambuye

Samuel Mwangi wakoze impanuka muri Tour du Rwanda yaciwe akaguru

Umunya-Kenya Samuel Mwangi ukinira Kenyan Riders Downunder, yakoze impanuka muri Etape ya nyuma ya Tour du Rwanda avunika igufwa, byamuviriyemo gucibwa akaguru. Tariki 20 Ugushyingo 2016, nibwo hakinwe agace ka nyuma k’isiganwa rinzenguruka u Rwanda mu magare, Tour du Rwanda 2016. Etape ya nyuma, yazengurutse ibice bitandukanye bya Kigali, ku ntera ya Km 108. Ubwo […]Irambuye

Biracyagoye, ariko 96% namaze gutwara Tour du Rwanda 2016- Ndayisenga

Tour du Rwanda 2016 iri kugana ku musozo. Amahirwe menshi yo kwegukana iri rushanwa ry’amagare arahabwa Umunyarwanda Valens Ndayisenga, utsinze etape ya gatandatu (6). Umukurikiye aramurusha amasegonda 42 gusa. Uyu munyarwanda avuga ko afite ikizere kigera kuri 96% cyo kwegukana Tour du Rwanda 2016. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Ugushyingo, hakinwaga etape ya gatandatu […]Irambuye

Valens uhanganye cyane na Eyob ngo “Tour du Rwanda igeze

Ubwo hasozwaga etape ya gatanu ya Tour du Rwanda 2016, hagaragaye ubwumvikane buke hagati y’abakinnyi ba Team Dimension Data for Qhubeka. Bishobora guteza ihangana rikomeye mu bakinnyi bakina mu ikipe imwe. Kuri uyu wa gatanu tariki 18 Ugushyingo 2016, hakinwe agace ka gatanu k’isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016. Etape […]Irambuye

Areruya Joseph arasaba bagenzi be kumushyigikira agatwara Tour du Rwanda

Tour du Rwanda 2016 irakomeje. Agace ka mbere gasize Umunyarwanda, Areruya Joseph ari imbere ku rutonde rusange. Uyu musore w’imyaka 20, abona bagenzi be bamufashije ashobora kwegukana iri siganwa ry’icyumweru. Kuri uyu wa mbere tariki 14 Ugushyingo 2016, hakinwe umunsi wa kabiri, w’isiganwa rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016. Abasiganwa bahagurutse Centre […]Irambuye

Gukina Tour du Rwanda ni ugukabya inzozi zanjye- Mugisha Samuel

Muri Tour du Rwanda y’uyu mwaka, u Rwanda ruzahagararirwa n’abakinnyi 15 barimo Mugisha Samuel na bagenzi be batanu, bitabiriye iri rushanwa ku nshuro yabo ya mbere. Uyu musore w’imyaka 18 avuga ko gukina iri rushanwa ari ugukabya nzozi yarose kuva kera. Ku cyumweru tariki 13 Ugushyingo 2016, Irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda ry’uyu mwaka […]Irambuye

Nsengimana J. Bosco azambara No 1 muri 84 bazakina Tour

*Ariko bwo ntazaba akinira ikipe yo mu Rwanda Hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Tour du Rwanda itangire. Ni icyenda (9) gusa. Amakipe 17 azayitabira yose yatangaje abakinnyi azakoresha. Umunyarwanda Jean Bosco Nsengimana wegukanye iri rushanwa mu mwaka wa 2015, ni we uzakina yambaye numero 1 mu bakinnyi 84 bazakina iri rushanwa rikunzwe n’abatari bacye […]Irambuye

Rwanda Cycling Cup yasubitswe kubera imyiteguro ya Tour du Rwanda

Isiganwa ry’imbere mu gihugu Rwanda Cycling Cup ryasubitswe ngo Abanyarwanda babone uko bimenyereza  imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda izaba mu kwezi gutaha. Mu mpera z’iki cyumweru, tariki 22 na 23 Ukwakira 2016, hari hateganyijwe umunsi wa nyuma w’isiganwa ry’imbere mu gihugu, Rwanda Cycling Cup rimara umwaka wose. Iri siganwa ryimuwe, ahubwo Abanyarwanda bahabwa umwanya […]Irambuye

Amagare: Abakinnyi 6 bagiye mu isiganwa rizenguruka Côte d’Ivoire

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 22 Nzeri 2016, ikipe y’igihugu isiganwa ku magare, Team Rwanda, ifashe indege ijya mu burengerazuba bwa Afurika, mu isiganwa rizenguruka igihugu cya Côte d’Ivoire. Rizatangira tariki ya 24 kugera 30 Nzeri 2016. Ikipe y’abakinnyi batandatu (6) bagiye muri Côte d’Ivoire ni Gasore Hatageka, Tuyishimire Ephrem, Ruhumuriza Abraham, […]Irambuye

en_USEnglish