Tags : Tom Byabagamba

Bahagaze begeranye, Col Mulisa JB nawe yaje gushinja Brig.Rusagara

*Si rimwe si kabiri numvanye Rusagara amagambo asebya umukuru w’igihugu *Col Mulisa ngo yaketse ko Rusagara yashakiraga RNC abayoboke kubera amagambo ye *Col Mulisa yinjiye mu cyumba cy’Iburanisha yabanje kuramukanya n’uwo yari aje gushinja. Baherezanya ibiganza. *Col Mulisa yavuze ko Brg. Gen. Rusagara avuga “Our guy is finished” ngo ntawundi yavugaga utari Kagame bitewe n’uwo […]Irambuye

Col David Bukenya ubwe yiyiziye mu rukiko ashinja Col Byabagamba

*Ngo ibyo yasebyaga Leta yabivugiraga mu ruriro mu mbaga y’abasirikare akuriye, *Ku rupfu rwa Sengati, ngo Col Tom yabajije abandi basirikare bakomeye ngo “Muzunamura icumu ryari?” *Karegeya yicirwa muri Afurika y’Epfo, ngo Col Tom yagize ati “Karegeya na we muramwivuganye?” *Umutangabuhamya avuga ko Col Tom yagaye umwe mu basirikare bakomeye kuba yitabira kuri sonnerie y’ijambo […]Irambuye

Col Byabagamba yavuze ko video imushinja gusuzugura ibendera ari ‘tract’

*Ni ubwa mbere numvise umuntu aregwa gusuzugura igihugu cye, *Tom yaba asuzugurira iki ibendera ry’igihugu?, *Ishusho yajye murabona meze nk’uri muri relax cyangwa umaze gutera isaluti? Ndi kuri attention, *Imyaka 28 maze nkorera ibyo iri bendera rihagarariye, nahindukira nkajya kurisuzugura? Ni mu rubanza Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bukurikiranyemo Col Tom Byabagamba n’abo bareganwa, Col Byabagamba yarezwe […]Irambuye

Col Byabagamba yarezwe gusuzugura ibendera ry’igihugu anerekwa Video

*Herekanywe Video yerekana ‘uvugwa ko ari Col Byabagamba’ atateye isaluti hazamurwaga ibendera ry’u Rwanda *Ubushinjacyaha buvuga ko Abatangabuhamya bose nta n’umwe wemeje igihe nyacyo (Itariki n’ukwezi) iki gikorwa cyabereye *Me Valeryngo Umukiliya we ntakwiye gukurikiranwa iki cyaha *Srgt (Rtd) Kabayiza ngo iyicarubozo ryatumye agerekwaho ibyo atavuze *Uwunganira Kabayiza avuga ko umukiliya we yari akwiye gushimwa […]Irambuye

Rusagara ngo yahawe imbunda nk’impano, yemera ikosa ariko ngo si

Mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kanombe kuri uyu wa kane, biregura ku cyaha cya gatatu buri umwe ashinjwa, Ret. Brig.Gen Frank Rusagara ku cyaha cyo gutunga imbunda ku buryo butemewe n’amategeko, yavuze ko izi mbunda yazibonye mu buryo busobanutse, ariko ko ikosa yakoze ari uko atatse uruhushya muri Polisi rwo kuzitunga ubwo yari amaze […]Irambuye

Rusagara yemereye Urukiko ko yohereje ‘Links’ z’inkuru zisebya Leta na

* “sinzi icyo President yavuze ku rupfu rwa Karegeya” *Rusagara yoherereje abantu ‘Links’ z’inkuru zisebya Leta ariko ngo byari bimubabaje, *Avoka we avuga ko ntakigaragaza ko yabikoraga yishimye *Ubushinjacyaha buvuga ko kohereza izi nkuru bishimangira ubuhamya bwatanzwe n’Abatangabuhamya. Ni mu iburanisha ryo kuri uyu wa 07 Mutarama, mu rubanza Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bukurikiranyemo Brig Gen […]Irambuye

Ababunganira babuze mu rukiko, urubanza rurasubikwa

*Col Tom Byagamba na bagenzi be batawe muri yombi muri Kanama 2014, *Kuburanishwa mu mizi (ku byaha bakurikiranyweho) byatangiye mu Ukuboza k’uyu mwaka, *Kuri uyu wa kabiri; abunganira abaregwa ntibagaragaye mu rubanza. Banenzwe, *Umucamanza avuga ko uru rubanza rukwiye kurangira, yagennye amatariki atatu. Mu rubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bukurikiranyemo Col Tom Byabagamna n’abo baregwa hamwe […]Irambuye

Col Byabagamba na Rusagara bavuze ko bibeshyweho mu iperereza

*Kuwa 04 Nzeri 2014 hatanzwe uruhusa rwo kugenzura no gucukumbura ‘electronic communication’ za Col Byabagamba na Brg Gen (Rtd) Frank Rusagara *Col Byabagamba na Rusagara bavuga ko numero za Telephone zanditse muri uru ruhusa batigeze bazitunga *Ibimenyetso byatanzwe hagendewe kuri uru ruhusa ngo byaje impitagihe *Byabagamba na Rusagara bashinja Ubushinjacyaha kwinjira mu buzima bwabo bwite […]Irambuye

Rusagara ureganwa na Col Byabagamba yavuze ko ubu afungiye mu

 “Bankuye ku Murindi banzana i Kanombe”; “Mu cyumweru nsurwa amasaha 6; mfungiwe mu kato”; “Mfunzwe mu buryo butemewe n’amategeko,…bibangamiye ubuzima bwajye, ndarwaye.” Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, baburana ubujurire ku iburabubasha ry’Inkiko; Brg Gen (Retired) Frank Rusagara, uregwa hamwe na Col Tom Byabagamba na Sgt Kabayiza Francois bose hamwe bakurikiranyweho ibyaha birimo gukwirakwiza […]Irambuye

en_USEnglish