Tags : Tom Byabagamba

Uyu munsi abunganizi babo babuze mu iburanisha nta mpamvu izwi

17 Kamena 2015 – Abacamanza baraye bategetse ko urubanza rukomeza kuri uyu wa gatatu saa mbili za mugitondo, gusa ahagana saa tanu n’igice nibwo abacamanza binjiye mu cyumba cy’iburanisha. Abunganira abaregwa ariko ntabwo bigeze bagera ku rukiko uyu munsi. Bityo abaregwa bahita bavuga ko batiteguye kuburana batunganiwe. Me Pierre Celestin Buhura wunganira Frank Rusagara, Me […]Irambuye

Brig Gen Rusagara azakomeza kuburanishwa n’abacamanza yari yanze

Mu rubanza Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buregamo Col. Tom Byabagamba n’abo bareganwa ibyaha birimo “gukwirakwiza ibihuha bigamije kwangisha abaturage ubutegetsi buriho”, kuri uyu wa gatanu Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwanzuye ko Brig Gen Frank Rusagara (Rtd) akomeza kuburanishwa mu mizi n’abacamanza babiri yari yanze kuko nta mpamvu ihari ibaheza muri uru rubanza. Inteko idasanzwe yagenwe n’Urukiko […]Irambuye

Kuburanisha Col Byabagamba na Gen Rusagara byasubitswe kuko Kabayiza arwaye

*Kabayiza Francois avuga ko iyicarubozo n’uburwayi bw’umwijima asanganywe bitatuma abasha kuburana, *; * Arasaba ko yabanza akavuzwa kandi bikabamo impiduka kuko ngo avuzwa n’abamukoreye iyicarubozo, ibintu we ngo adafitiye icyizere*; *Col. Tom Byabagamba we ngo impamvu zatumaga akomeza gufungwa by’agateganyo ntizigifite ishingiro, arifuza kuburana ari hanze*; * Uwunganira Brg.Gen Frank Rusagara we ngo ntarishyurwa kuko […]Irambuye

Ubujurire bwa Rusagara na Col Byabagamba BWATESHEJWE AGACIRO

Kanombe – Kuri uyu wa 09 Ukwakira 2014,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwatanze umwanzuro ku bujurire bwa Col Tom Byabagamba, Frank Rusagara na Francois Kabayiza ku cyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa gisirikare cyo kubafunga iminsi 30 mbere y’iburanisha ry’urubanza mu mizi. Uru rukiko rukuru rwanzuye ko umwanzuro w’urukiko rw’ibanze ugumyeho kuko abaregwa bashinjwa ibyaha urukiko ruvuga ko […]Irambuye

Urukiko rukuru rwa gisirikare rwumvise ubujurire bwa Rusagara na Col

Kanombe – Kuri uyu wa 7 Ukwakira 2014, nibwo urukiko rukuru rwa gisirikari rwumvaga ubujurire rw’abasirikari bakuru  Col Tom Byabagamba,  (Retired ) General Frank Rusagara ndetse n’umushoferi we  Rtd Sgt   Francois Kabayiza ku ifungwa ry’agateganyo bakatiwe n’urw’ibanze rwa gisirikare. Nyuma y’impaka zamaze amasaha agera kuri ane hagati y’ubushinjacyaha n’abunganira abaregwa, urukiko rwavuze ko ruzatanga umwanzuro […]Irambuye

Col Byabagamba na Rusagara basabye kurekurwa kuko baregwa ibyoroheje

Nyamirambo – Kuri uyu wa 26 Nzeri 2014 iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ry’abasirikare barimo Col Tom Byabagamba wahoze akuriye ingabo zirinda umukuru w’igihugu na Frank Rusagara wahoze mu basirikare bakuru rwasubukuwe. Baburanaga ku ifungwa n’ifungrwa ry’agateganyo. Ubushinjacyaha bwatangiye busubiramo ibyo abasirikare baregwa kandi bareganwa na Francois Kabayiza wahoze ku ipeti rya Sergent mu ngabo. […]Irambuye

en_USEnglish