Tags : South Africa

Fromage y’u Rwanda n’uko ihagaze ku isoko, inzobere Mulder yaganiriye

Kobus MULDER inzobere yo muri Africa y’Epfo mu bijyanye n’inkusanyirizo z’amata, akaba n’umuhanga mu kumenya fromage (cheese) nziza, yemeza ko nyuma y’imyaka itanu ishize Abanyarwanda batangiye gutunganya fromage, bishoboka ko bafata ibihugu byateye imbere muri uwo mwuga, igikenewe ngo ni ishoramari no kongera ubwiza bw’umukamo w’amata n’ibiyakomokaho gusa. Kobus MULDER akorera mu bihugu icyenda ku […]Irambuye

S.A: Mu ntambara itoroshye akanyamasyo kikuye mu menyo y’ingona

Umwe muri ba mukerarugendo witwa Lisl Moolman wo muri Africa y’Epfo, yafotoye ingona zari zigiye kurya akanyamasyo muri  pariki yiwa  Kruger National Park, ariko kaza ‘kubasha kuziva mu mikaka’ karazicika. Amafoto y’intambara hagati y’ingona zipfa akanyamasyo yatangajwe na Daily Mail. Ingona ni inyamaswa ifite urwasaya rurerure kandi rufitemo amenyo maremare kandi akurikirana ku buryo inyamaswa […]Irambuye

S.Africa: Umwana wibwe mu bitaro ari uruhinja yatahuwe na mukuru

Abanyarwanda benshi bavuga ko amaraso afitanye isano atajya ayoberana. Bisa n’urubanza rwatangiye muri Africa y’Epfo (South Africa) kuri uyu wa kabiri, aho umugore ashinjwa kwiba umwana w’uruhinja wari ukivuka, nyuma akaza kuboneka hashize imyaka 18. Uyu mugore ufite imyaka 50 yatawe muri yombi ashinjwa ibyaha byo kwiba umwana (gushimuta) muri Gashyantare mu mwaka ushize, ashinjwa […]Irambuye

South Africa: Pistorius wahamwe no kwica umukunzi we yarekuwe atanze

Umukinnyi Oscar Pistorius wamamaye mu gusiganwa ku maguru mu mikino y’abamugaye, yemerewe kurekurwa atanze ingwate mu gihe agitegereje gusomerwa umwanzuro w’urukiko ku cyaha yahamijwe cyo kwica uwari umukunzi we mu 2013. Urukiko ruzasoma imikirize y’urubanza mu mwaka utaha tariki 18 Mata. Pistorius yasabwe gutanga ama Rand 10,000 ($700, £450, angana na Frw450 000) nk’ingwate. Uyu […]Irambuye

U Bushinwa bwemereye Africa miliyari 60$ harimo atazasaba gutanga inyungu

Perezida w’U Bushinwa Xi Jinping yavuze ko igihugu cye kizatanga miliyari 60 z’Amadolari ya America (£40bn) agenewe gufasha uyu mugabane. Mu nama arimo muri Africa y’Epfo, mu muyi wa Johannesburg niho iyi nama ibera. Xi Jinping yavuze ko iyi nkunga ya miliyari 60 z’amadolari harimo n’inguzanyo zitazakwaho inyungu, ndetse harimo n’ubufatanye mu masomo (scholarships) no […]Irambuye

Urukiko rwanze ikifuzo cy’abasaba ko K. Nyamwasa yamburwa ubuhunzi

Kuri uyu wa kabiri, Urukiko rwa North Gauteng High Court i Pretoria rwanze ikifuzo cy’umuryango usaba kujurira ngo bakureho ubuhunzi Africa y’Epfo yahaye Kayumba Nyamwasa wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda. Uyu muryango uvuga ko uyu mugabo adakwiye ubuhungiro muri iki gihugu kuko akekwaho ibyaha by’intambara. Kayumba Nyamwasa wakatiwe gufungwa imyaka 24 n’inkiko za […]Irambuye

OFFICIAL: Arthur na Frank Joe bemerewe kujya muri Big Brother

 Ku rutonde rw’ibihugu bizitabira irushanwa rya BIG BROTHER AFRICA hiyongereye u Rwanda, Rukundo Frank (Joe) na Nkusi Arthur nibo bazaserukira u Rwanda nk’uko bigaragazwa n’abategura iri rushanwa. Umuseke wari wamenye amakuru ko aba basore bombi bahagurutse i Kigali kuwa 23 Nzeri bagiye kugerageza amahirwe yo kwinjira muri iri rushanwa kuko ubwa mbere u Rwanda rwari […]Irambuye

Menya ahitwa ‘South Africa’ muri Kigali

Ni mu gace k’igishanga kigabanya Umurenge wa Remera na Kimihurura, hari agace karimo inzu nyinshi cyane nto kandi zegeranye, havugwa cyane ibiyobyabwenge, hatuwe n’abantu benshi biganjemo abana bato. Aha niho bita South Africa cyangwa Africa y’epfo. Ubusanzwe ni mu mudugudu w’Izuba, Akagari ka Rukiri ya mbere, Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo. Inkomo yo […]Irambuye

Laurence MUSHWANA yatewe ishavu na Jenoside yakorewe Abatutsi

Mabedle Laurence MUSHWANA uyobora komisiyo y’uburenganzira bwa muntu muri Afurika y’epfo, yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Gisozi, kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Nyakanga, avuga ko yatangajwe n’ibyo ikiremwa muntu cyakoze muri Jenoside, ariko ngo abantu bakwiye kwigira ku byahise bakubaka u Rwanda. Mu kiganiro na Umuseke umuyobozi wa komisiyo […]Irambuye

en_USEnglish