Tags : South Africa

“Naba mpagarariye igihugu, ntabwo naba ngiye nk’umunyarwenya”- Arthur

Nkusi Arthur, Umunyarwenya ukunzwe cyane akaba n’umunyamakuru, agaragara mu  bitaramo byinshi asusurutsa imbaga, avuga ko mu gihe yaba agize amahirwe yo kujya muri Big Brother Africa yagenda ahagarariye igihugu aho kwitwa umunyarwenya ‘Comedian’. Big Brother Africa ni irushanwa mpuzamahanga ribera muri Africa y’Epfo ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, bakabana mu nzu bakagenda bavanwamo kubera imibanire […]Irambuye

Kuba USA itunenga nabyo ni ngombwa mu mibanire yacu –

Kimihurura – Mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu tariki 20 Kamena, yagarutse ku mibanire n’ibindi bihugu ari naho yavuze ko guterana amagambo binyuze mu bitangazamakuru bimaze iminsi hagati y’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,  ko nta kibazo byateje mu mibanire yabyo byombi kuko ngo kuba […]Irambuye

Ni inde ukwiye guhagararira u Rwanda muri Big Brother Africa?

Mu Rwanda, abakunzi b’imyidagaduro cyane cyane abazi irushanwa rya Big Brother Africa bashimishijwe no kumva ko u Rwanda ku nshuro ya mbere rugiye kwitabira iri rushanwa. Gusa haribazwa ni inde ukwiye guhagararira u Rwanda muri iri rushanwa ribera muri Africa y’Epfo. Abategura iri rushanwa batangaje ko bari gushakisha abantu bazaryitabira, mu bigenderwaho harimo kuba uri […]Irambuye

en_USEnglish