Tags : Rwanda

Ihunga ry’abanyamakuru bajya kwishakira amaramuko rirasanzwe-Minisitiri Musoni

Nyuma y’uko ejo kuwa kabiri hasakaye amakuru avuga ko abanyamakuru Ntwali John Williams, Gatera Stanley na Eric Nduwayo bahunze igihugu kubera impamvu z’umutekano wabo ngo ubangamiwe, Minisitiri James Musoni aranenga cyane abo banyamakuru kuba bahunga igihugu bagenzwa no gushaka amaramuko ariko bakagenda bagisebya. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu ari nayo Minisiteri ifite aho ihuriye bya hafi n’itangazamakuru, […]Irambuye

PAC ikomeje ubushakashatsi ku gihombo cya miliyari 13 muri EWSA

Akanama gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, (PAC) kuri uyu wa kabiri tariki 22 Mata kongeye gusaba ibisobanuro byisumbuye ku byo kahawe tariki 25 Werurwe 2014 na EWSA bijyanye n’igihombo cya miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda yaburiwe irengero nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2011-2012. Uyu munsi abagize aka kanama bagiye […]Irambuye

Musanze: Hatahuwe imbunda zirindwi umuturage yaba yari yarabikijwe na FDLR

Nyuma yo guta muri yombi bamwe mu bayobozi bo muri aka Karere bakekwaho gukorana na FDLR mu kuyifasha kugaba ibitero mu Rwanda, amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Umuryango aravuga ko inzego z’umutekano zabashije kuvumbura intwaro FDLR yari yarabikije umuturage ngo izazikoreshe igihe kigeze. Umuturage utuye mu Murenge wa Muhoza, Akagali ka Kigombe inzego z’umutekano zataburuye mu isambu […]Irambuye

Itegeko rirengera Abasirikare b’Abafaransa ku byaha bakoze mu Rwanda ntirivugwaho

Umuryango Survie ukorera mu gihugu cy’Ubufaransa n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda baragaragaza impungenge ku itegeko ribuza urundi rwego urwo arirwo rwose gukurikirana abasirikare b’Ubufaransa ku byaha baba bakoreye mu bihugu by’amahanga uretse Parike y’icyo gihugu rishobora kubangamira ikurikiranwa ry’abasirikare bakekwaho kuba barakoze ibyaha muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu Kuboza 2013, Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’Ubufaransa yatoresheje itegeko rirengera […]Irambuye

Police yatangaje ko yataye muri yombi Kizito Mihigo

Mu itangazo rya Polisi y’igihugu yasohoye ahagana saa munani z’amanywa uyu munsi riremeza ko Police y’u Rwanda yafashe abagabo batatu baregwa guhungabanya umutekano w’igihugu. Muri aba harimo umuhanzi Kizito Mihigo umaze iminsi yaraburiwe irengero. Aba bagabo batatu ngo Police iracyeka ko batangiye (recruited) gukorana n’ishyaka RNC rivugwaho gukorana na FDLR. Abo ni; Kizito Mihigo, Casiyani […]Irambuye

Abana 67 bavutse nyuma ya Jenoside, ubu bahujwe n’imikino basuye

Tariki 09 Mata, Fabrice Ndayisaba we n’abana bagera kuri 67 bakiri bato bahuriye muri Ndayisaba Fabrice Foundation, bagiye ku rwibutso rwa Kigali mu gikorwa cyo kwibuka no kugirango aba bana bamenye amateka ya Jenoside yiciwemo abana benshi bari mu kigero cyabo. Aba bana 67 uko bahagurukanye 98% byabo bavutse nyuma ya Jenoside, gahunda yabo yo […]Irambuye

Ibyo ukwiye kumenya kuri ‘Special Economic Zones’ mu Rwanda (Igice

Mu nkuru enye (4) ziheruka, twabagejejeho amavu n’amavuko ya gahunda y’ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda (Special Economic Zones), icyo hagamije, icyo hazakora, ikigamijwe kugerwaho ndetse n’ibindi birebana y’Urwego rushinzwe ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda. Ubu turabagezaho imikorere ya bene aha hantu n’uko igenzurwa.  Mu karere u Rwanda nicyo gihugu cyonyine gifite ahantu hihariye h’ubukungu Kugeza […]Irambuye

France: Senateri Longuet arasaba Guverinoma kugaragaza ukuri ku byabaye mu

Gérard Longuet , Umusenateri mu Nteko Ishinga amategeko y’Ubufaransa aranenga cyane uburyo imirongo migari ya za televiziyo mpuzamahanga yatangaje inkuru zijyanye no kwibuaka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse agasaba Minisitiri w’umutekano Jean-Yves Le Drian gushyira ahagaragara ukuri nyako ku byabaye mu Rwanda. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa gatatu, Gérard Longuet wahoze ari […]Irambuye

I Kigali, Ban Ki-moon arashimira Kagame aho agejeje u Rwanda

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye wageze i Kigali kuri uyu wa 06 Mata, yahise agirana ikiganiro na Perezida Kagame, nyuma y’iki kiganiro cyabereye ku biro by’umukuru w’igihugu ku Kacyiru, Ban Ki-moon yatangaje ko ashimira aho Perezida Kagame agejeje u Rwanda mu iterambere. Ibiganiro by’aba bagabo bombi ntabwo biratangazwa icyo byibanzeho, Umuryango w’Abibumbye n’u Rwanda ntabwo byakomeje […]Irambuye

en_USEnglish