Tags : Rwanda

Casa Mbungo yahise ahamagara abakinnyi b’Amavubi

Kuri uyu wa kabiri nibwo byamenyekanye ko Casa Mbungo André ariwe uba ufashe by’agateganyo ikipe y’igihugu Amavubi, uyu mutoza warangije amasezerano ye muri AS Kigali yahise atangaza urutonde rw’abakinnyi b’Amavubi bagomba gutangira umwiherero. Casa uzungirizwa na Mashami Vicent yahamagaye abakinnyi barimo batanu b’ikipe ye ya AS Kigali, umunani ba APR FC na batanu ba Rayon […]Irambuye

Kigali: Ukekwaho ubujura yarasiwe mu mujyi ahahoze Iposita

Police iratangaza ko kuri uyu wa kabiri ahagana saa sita z’amanywa yarashe umuntu ukekwaho ubujura hagati mu mujyi wa Kigali, mu bice birimo Banki ya Kigali n’ahahoze Iposita, nyuma y’uko yari amaze gufungura imodoka y’umuntu wigendera akibamo ibintu abapolisi bagerageje kumufata ariruka. Uyu ukekwaho ubujura ubundi ngo bahimba Kirabura cyangwa K-Swiss, police iravuga ko n’ubusanzwe […]Irambuye

Tony Adams yabonanye na Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yakiriye kuri uyu wa gatandatu icyamamare mu mupira w’amaguru Tony Adams umaze iminsi ibiri mu Rwanda mu ruzinduko rwa Airtel/Arsenal Soccer Clinic nk’uko bitangazwa n’ibiro by’umukuru w’igihugu. Tony Adams yazaniye Paul Kagame impano yohererejwe n’umutoza wa Arsenal FC  Arsene Wenger kubera guteza imbere umupira w’amaguru ndetse no kuba ari umufana w’ikipe ya […]Irambuye

Kwibuka kwacu twiyubaka ni ukwiyubakira ku muco wacu

Dr Rutangarwamaboko Modeste Nzayisenga, Umuyobozi w’ Ikigo Nyarwanda cy’ubuzima bushingiye ku muco akaba ari n’ inzobere mu muco, amateka n’ubuzima bwa muntu by’umwihariko ubushingiye ku myumvire, imyitwarire, imitekerereze ndetse n’imyitwarire nawe yahaye Abanyarwanda ubutumwa  muri iki gihe cy’iminsi ijana twibuka abacu  ku nshuro ya 20 asaba ko  umuco wacu waba inkingi ya mwamba mu kwibuka […]Irambuye

Kagame, Carlos Heru na Mme Geun bahawe igihembo cyo guteza

Geneva – Dr Hamadoun I. Touré Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro mpuzamahanga ku ikoranabuhanga, ITU yatangaje kuri uyu wa gatanu ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, umuherwe uzwi ku isi Carlos Slim Heru na Madame Park Geun-hye Perezida wa Koreya y’Epfo aribo bahawe igihembo cy’uyu mwaka wa 2014 cy’ubuyobozi bwiza mu guteza imbere ikoranabuhanga (ICT) na Internet yihuta […]Irambuye

Uko ingoma nyiginya yabaye ubukombe mu Rwanda rwa kera

Umwami Yuhi Mazimpaka amaze gutanga, umuragwa w’ingoma( Prince heritier) Rujugira yavuye mu Gisaka aho yari yarahungiye aza kwima ingoma ya Se. Ubwami bwe baranzwe n’ibitero yagabye ku bami bari baturanye bari barigaruriye  uduce tw’u Rwanda. Ibitero byagabwe n’u Rwanda byari bigamije kwigarurira uduce twinshi twari dukikije u Rwanda icyarimwe bityo  rukaguka. Justin Kalibwami yanditse ko […]Irambuye

”ICTR” yakoze ibyo yagombaga gukora – Bocar Sy

Kuri uyu wa 29 Mata ubwo ishami ry’ Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda “ICTR” rya Kigali rwibukaga ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru  uhagarariye uru rukiko mu Rwanda Bocar Sy; yatangaje ko uru rukiko rwakoze ibyo rwagombaga gukora. Binyujijwe mu kigo “Centre umusanzu mu bwiyunge” kuva kuri uyu wa […]Irambuye

Umuherwe arasubiza igihembo yahawe yanga abadaha agaciro ibyo Kagame yagezeho

Ashish J. Thakkar, umuherwe uzwi muri Africa wabaye mu bwana bwe muri Uganda yatangaje mu mpera z’icyumweru gishize ko agiye gusubiza igihembo gikomeye yahawe na World Entrepreneurship Forum yamagana ko abakimuhaye bagaragaje gukorera mu kwaha kwa politiki y’u Bufaransa no kudaha agaciro ibyo Perezida Kagame yagejeje ku Rwanda . Ashish J. Thakkar umuherwe utuye i Dubai watangije […]Irambuye

KIZITO – Ndifuza ko nahabwa amahirwe ngakosora amakosa nakoze

Kuri uyu wa kane, tariki 24 Mata, Urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru ruherereye i Kibagabaga rwakomeje urubanza ubushinjacyaha buregamo umuhanzi Kizito Mihigo, na bagenzi be Cassien Ntamuhanga, Dukuzumuremyi Jean Paul na Niyibizi Agnes ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo. Kizito akaba yakomeje gusaba imbabazi ndetse arifuza gufungurwa agakosora amakosa yakoze. Umwanzuro ukaba uzafatwa kuwa mbere w’icyumweru gitaha. Uru rubanza […]Irambuye

Umusaruro w'ukwezi kw'imiyoborere mu Mujyi wa Kigali urakemangwa

Nk’uko byagaragajwe na Raporo y’ibanze yagaragajwe kuwa 22 Mata, ku migendekere y’ukwezi kw’imiyoborere kwarangiye muri Werurwe, abayobozi ntabwo begereye abaturage nk’uko bikwiye, by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali bashobora kuba baragiye bahunga aho ibibazo biri bakajya mu duce tutavugwamo ibibazo byinshi kugira ngo bigaragaze neza. Byagaragajwe kuri uyu wa 22 Mata. Mu nama yahuje abayobozi b’Uturere […]Irambuye

en_USEnglish