Nk’uko byari biteganyijwe kuri iki gicamunsi Perezida Kagame yakiriye ikipe y’igihugu Amavubi muri Village Urugwiro ku Kakiru, mu byo yababwiye muri iki gihe bitegura umukino na Congo Kinshasa harimo kubibutsa ko ubu batwaye izina ry’igihugu, ko igihugu cyose kibari inyuma kandi ko amahirwe bayafite mu gihe bazakina bafite ikizere mu bushobozi bwabo bwo gutsinda. Ntawe […]Irambuye
Tags : Rwanda
Ni mu matora yabaye kuri uyu wa kane i Addis Ababa ku kicaro cy’Umuryango wa Africa yunze ubumwe ahateraniye inama y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu bigize uyu muryango nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda. U Rwanda rwatorewe kujya mu bihugu 15 biba bigize akanama k’amahoro n’umutekano mu muryango wa Africa yunze ubumwe, kuri manda […]Irambuye
Kuri gahunda ihari kuri uyu wa kane ku gicamunsi, biteganyijwe ko Perezida Kagame ari bwakire ikipe y’igihugu Amavubi muri Village Urugwiro. Iyi kipe ifite umukino ukomeye kuwa gatandatu na Congo Kinshasa muri 1/4 cya CHAN. Perezida Kagame muri iki gikombe cya Africa cy’ibihugu ku bakina imbere mu gihugu yagaragaje cyane ko ashyigikiye ikipe y’igihugu Amavubi. […]Irambuye
*Bamwe banga kuryama mu nzitiramubu bavuga ko ibabangamira, *Hari abatayikozwa kuko ngo ituma umuntu arara atutubikana (ashyuha cyane akabira ibyuya), *Hari abatazi kuyikoresha kandi bayifite, bakabuga ko “badwara Malaria kandi bafite inzitiramubu”, *Inzitiramubu irizewe kuruta ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu kwirinda kurumwa n’imibu itera Malaria. Muri iyi minsi mu Rwanda haravugwa ubwiyongere bukabije bw’indwara ya […]Irambuye
Dr Nkosazana Dlamini-Zuma umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe yagize Dr. Donald Kaberuka nk’uhagarariye ikigega cy’amahoro cy’Umuryango wa Africa yunze ubumwe. Ni umwanzuro wafashwe mu mpera z’icyumweru gishize ariko ushimangirwa muri iki cyumweru. Uyu mwanya ngo yawuhawe nk’umwe mu bantu b’abahanga mu bukungu ku isi. Mu nama yabaye muri Nzeri 2015 i New […]Irambuye
Sosiyete y’itumanaho Airtel Rwanda ikora ibikorwa bifasha abaturage b’aho ikorera gutera imbere by’umwihariko mu Rwanda, mu 2015, Airtel Rwanda yagize uruhare mu bikorwa byinshi bizamura abaturage (Corporate Social Responsibility, CSR). Airtel Rwanda ni Sosiyete iha agaciro gakomeye ibikorwa bizamura abo ikorera ku Isi hose, ni imwe mu nkingi yatumye Airtel iba sosiyete ikunzwe cyane ku […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Mutarama, Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge yashyize hanze ibyavuye mu bushakashatsi byerekana igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda, ubushakashatsi buvuga ko igipimo cy’ibi cyazamutse kikagera kuri 92,5% kivuye kuri 80% mu mwaka wa mu 2010. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umuyobozi wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge Bishop John Rucyahana yavuze ko Ubumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda […]Irambuye
*Herekanywe Video yerekana ‘uvugwa ko ari Col Byabagamba’ atateye isaluti hazamurwaga ibendera ry’u Rwanda *Ubushinjacyaha buvuga ko Abatangabuhamya bose nta n’umwe wemeje igihe nyacyo (Itariki n’ukwezi) iki gikorwa cyabereye *Me Valeryngo Umukiliya we ntakwiye gukurikiranwa iki cyaha *Srgt (Rtd) Kabayiza ngo iyicarubozo ryatumye agerekwaho ibyo atavuze *Uwunganira Kabayiza avuga ko umukiliya we yari akwiye gushimwa […]Irambuye
Muri Somalia abarwanyi bagendera ku mahame ya Kisilamu bo mu mutwe wa al-Shabab binjiye mu mijyi imwe barayigarurira nyuma y’amasaha make ingabo za Kenya ziyivuyemo kubera igitero ziherutse kugabwaho n’izi nyeshyamba. BBC Swahili avuga ko imijyi yigaruriwe n’aba barwanyi irimo Al-Adde, Hosingoh na Badhaadhe. Amakuru aravuga ko mu mujyi wa Hosingoh aba barwanyi binjiyemo […]Irambuye
*Kuri Ingabire Marie Immaculee umuyobozi wa TI-Rwanda, agatambwe katewe ni gato, haracyari inzira ndende mu kurwanya ruswa, *Igihugu cya Denmark ni icya mbere ku Isi mu bitabamo ruswa, ngo n’u Rwanda uwo mwanya rwawugeraho, *Ubu bushakashatsi bukorwa hagendewe ku bindi byegeranyo no ku buhamya bw’abashoramari Icyegerenyo mpuzandengo cya 2015 ku buryo abantu bumva ruswa mu […]Irambuye