Irushanwa ry’umukino w’amagare mu Rwanda rimara amezi 10 ‘Rwanda Cycling Cup’, ku nshuro ya kabiri rigiye kuba noneho horongewemo amasiganwa y’ingimbi (abatarengeje imyaka 18), n’amasiganwa y’abagore. Murenzi Emmanuel, Umunyamabanga w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY), yatangarije itangazamakuru ko bazongeramo ibi byiciro mu rwego rwo kuzamura ubushobozi bw’ikipe y’igihugu mu bagore, no mu ngimbi. […]Irambuye
Tags : Rwanda
Uvuye ku muhanda wa Kiuckiro Centre hafi ya gare y’imodoka za KBS ubu itagikora, aho bita I Nyanza ya Kicukiro, mu muhanda muremure w’igitaka uri iburyo ku werekeza mu Bugesera, muri km 2 niho ugera kuri Centre ya Bambiro mu kagari ka Karembure mu mudugudu wa Karembure mu murenge wa Gahanga, mu karere ka Kicukiro, […]Irambuye
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 02 Werurwe nubwo Dr Naasson Munyandamutsa wari umuyobozi w’Umuryango utegamiye kuri Leta Never Again Rwanda yitabye Imana azize uburwayi iwe mu rugo nk’uko umwe mu bo mu muryango we yabitangarije Umuseke. Dr Munyandamutsa wigeze kandi kuba umuyobozi w’ikigo IRPD(Institut de Recherche et le Dialogue pour la Paix), yari umuganga […]Irambuye
Nizar Khanfir yemereye Radio MosaiqueFM y’iwabo ko yemeye kuza mu ikipe ya APR FC ku masezerano y’amezi atandatu azongerwa bahereye ku musaruro azantanga. Ikipe ya APR yo kugeza ubu ntiremeza iby’aya makuru. Nizar Khanfir aherutse kwirukanwa mu ikipe ya Stade Gabésien amaze gutsindwa bibiri ku busa n’ikipe ya Club Sportif Sfaxien. Uyu mutoza wo muri […]Irambuye
*Biteganyijwe ko u Burundi aribwo buhabwa ubuyobozi bwa EAC *U Burundi bwakwangira Somalia kwinjira muri EAC kubera imiyoborere? *Perezida w’u Burundi arayizamo? ko ishize yayijemo bakamutera ‘coup d’etat’ *Iyi nama yuyu munsi iriga ku kubuza imyenda n’inkweto bya Caguwa kwinjira muri EAC *Iziga kandi no ku kugabanya imodoka zakoze zinjira muri aka karere Kuri uyu […]Irambuye
Mukura Victory Sports ntabwo irashobora kwegukana shampiyona y’u Rwanda, imaze imyaka 53 ikina. Ubu cyaba aricyo gihe ngo iyi kipe y’i Butare ikore amateka ibifashijwemo na Muhadjiri Hakizimana, na bagenzi be. Mukura iyoboye urutonde rwa shampiyona igeze ku munsi wa 14, ikaba ifite amanota 32, irusha AS Kigali iyikurikiye amanita ane. Mukura ubu ni nayo […]Irambuye
Minisiteri y’imicungire y’biza n’ibirebana n’impunzi, MIDIMAR, ivuga ko kuri uyu wa mbere tariki 29 Gashyantare mu Rwanda hakiriwe impunzi nshya z’Abarundi 95. Izi zahise zituma imibare yose hamwe y’impunzi z’Abarundi zibaruwe ku butaka bw’u Rwanda igera ku 76 889. MIDIMAR yatangaje ko izi mpunzi zakiriwe kuri uyu wa mbere izigera kuri 90 zakiriwe mu murenge […]Irambuye
Francois Bizimana yemeza ko ari we mufundi wzamuye inzu igezweho muri Centre ya Ruyenzi, icyo gihe muri 2007 ngo akazi karabonekaga ariko ubu ngo karagabanutse. Ruyenzi igizwe n’uduce tune, Nyagacaca, Rugazi, Rubumba na Bishenyi. Uruyenzi ni ryo zina abahakomoka bakunda ku hita, ni mu ntera itari ndende uvuye mu Mujyi wa Kigali ugana yo. Ni […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere ubwo yagiranaga ibiganiro na Komisiyo ya Politiki, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry‘igihuguku ku bibazo byagaragaye muri raporo y‘urwego rw’Umuvunyi mukuru ya 2014-2015, Minisitiri w’ubutabera Johnston Busingye yasabye Abadepite gukorera Leta ubuvugizi ikajya yishyurwa mu manza yatsinze kuko yo yishyura izo yatsinzwe ariko yo abo yatsinze ntibayishyure. Abadepite bari bamubajije […]Irambuye
*Bugarura ni kimwe mu birwa bituwe biri mu kiyaga cya Kivu; *Uvuye i Rubavu n’ubwato ugenda isaha n’igice ukahagera *Kuri iki kirwa hari i-centre y’ubucuruzi bita ‘Kenya’ kuva mu myaka ya za 80. *Batatu bahise iri zina bose baracyariho Centre yitwa Kenya urebye niwo murwa mukuru w’ikirwa cya Bugarura, giherereye mu Kagari ka Bushaka, Umurenge […]Irambuye