Tags : Rwanda Police

Police irasaba urubyiruko kwirinda impanuka, ibiyobyabwenge n’ubusambanyi

Iburasirazuba  – Mu karere ka Kayonza kuri uyu wa 15 Kamena Police yahatangije ibikorwa by’icyumweru cyayo aho hasibuwe imirongo y’abanyamaguru bambukiramo umuhanda hatangwa kandi ubutumwa ku rubyiruko rwo kwirinda impanuka, ibiyobyabwenge n’ubusambanyi kuko bibangiriza ubuzima bwabo bw’imbere hazaza. Uyu munsi abakoresha umuhanda mugari bose basabwe kwitwararika birinda impanuka kugira ngo ubuzima bw’abantu ntibikomeze gutakarira mu […]Irambuye

Police yasubije imodoka yo muri UK yari yaribwe igafatirwa mu

Polisi y’u Rwanda yasubije m’u Bwongereza imodoka y’igiciro kinini yari imaze iminsi yaribwe iza gufatirwa i Rusizi iri kugurishwa. Iyi modoka yabanje gucishwa mu Bubiligi  kugira ngo igere i Burundi ikaba yarafatiwe ku mupaka w’u Rwanda na Congo i Rusizi ku itariki 02/02/2015. Umurundi niwe waguze iyi modoka mu Bubiligi, uyu niwe wayizanye muri Africa […]Irambuye

Police iravuga ko umutekano muri CHAN wabaye ntamakemwa

 Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ishimira abitabiriye Shampiyona y’Ibihugu ya Afurika(CHAN) uburyo bitwaye  kugirango irushanwa ryose rigende neza. Ikemeza ko iri rushanwa ryagenze neza mu mutuzo muri rusange. U Rwanda nirwo rwakiriye iri rushanwa ku nshuro yaryo ya kane, riba kuva taliki ya 16 Mutarama kugera kuri uyu wa 07 Gashyantare 2016 aho rirangiye ryegukanywe […]Irambuye

Uwarashwe akekwaho gushaka abajya muri Islamic State ngo yari afite

*Abakoranaga n’uwishwe bamwe barafashwe, abandi baracika *Mugemangango ngo hari imitwe y’intagondwa bakoranaga *Uyu mugabo warashwe agapfa yakoraga mu kigo Rwanda Education Board Tariki 24 Mutarama 2016 Police y’u Rwanda ivuga ko yarashe umugabo Muhamed Mugemangango agerageza gucika Police, uyu yashinjwaga gushakisha abasore bo kujya mu mutwe wa Islamic State iba muri Syria na Iraq, mu […]Irambuye

Kigali: Abamotari bigaragambije bashinja umupolisi gukubita umwe muri bo

Ahagana saa sita kuri uyu  wa gatatu rwagati mu mujyi wa Kigali abamotari hafi 100 (bagendaga bahasimburana) bagaragaje akababaro kabo nk’abigaragambya ubwo umwe muri bo basangaga akubiswe n’umupolisi ubwo yari ari kuri moto ye, ndetse ngo Police igahita itwara moto ye. Police y’u Rwanda yahise itegura ikiganiro n’abanyamakuru hazamo uyu mumotari bivugwa ko yakubiswe arabihakana, […]Irambuye

Police y’u Rwanda yatangaje Abapolisi 2 bayo biciwe muri Haiti

Abapolisikazi babiri b’Abanyarwandakazi bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Haiti basanze bishwe barashwe mu nzu yabo kuwa gatatu mu gitondo (kuwa gatatu nimugoroba ku masaha yo mu Rwanda) nk’uko byemezwa n’ubuyobozi bwa MINUSTAH ubutumwa bwa UN muri iki gihugu. Abo ni Assistant Inspectot of Police (AIP) Liliane Mukansonera na AIP Aimee Nyiramudakemwa. […]Irambuye

Laboratoire ya mbere mu karere ipima ADN igiye kuzura mu

Kuri uyu wa kabiri ubwo abakozi bashinzwe ubugenzunzi mu bigo bitandukanye by’ubutabera basuraga ibikorwa bya Leta bitandukanye birimo kubakwa mu rwego rw’ubutabera. Basuye Digital Forensic Laboratory izajya ikoreshwa mu gupima ibimenyetso bitandukanye bizajya bifasha mu gutanga ubutabera bwuzuye. Iyi Laboratoire izaba ifite ubushobozi bwo gupima Deoxyribonucleic acid (DNA) niyo ya mbere izaba yuzuye muri aka […]Irambuye

South Sudan: UNMISS irashima abapolisi b’u Rwanda uko bakora akazi

Ishami rya LONI rishinzwe kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ryashimye itsinda ry’abapolisi (FPU) b’u Rwanda bari muri icyo gihugu mu bikorwa byo kubungabunga amahoro, kuba bakora neza akazi kabo mu gace kitwa Malakal. Kubashimira byabaye ubwo basurwaga ku matariki ya 16-17 Ukuboza 2015 n’abayobozi ba UNMISS barimo umuyobozi w’abapolisi bose bo mu bihugu biri […]Irambuye

Yibye Lodge i Kampala miliyoni 11Ugsh afatirwa mu nzira ageze

Umusore w’imyaka 22 witwa Mateso yemera ko ku cyumweru gishize yibye miliyoni 11 z’amashiringi ya Uganda muri Kilimadjaro Lodge yakoreraga kuri reception i Kampala, uyu yaje gufatwa na Police y’u Rwanda ageze Kabarore muri Gatsibo agarutse mu Rwanda agifite aya mafaranga yose nta na rimwe rivuyeho. Kuri uyu wa kane Police y’u Rwanda yashyikirije nyiri […]Irambuye

Mu Rwanda mu mezi 5 ashize ibyaha byagabanutseho 7,5% –

Police y’igihugu kuri uyu wa gatatu yamurikiye itangazamakuru uko igihugu gihagaze mu by’umutekano mu gihugu, umuyobozi w’ishami rya Police rishinzwe gukurikirana ibyaha (CID) ACP Theos Badege yavuze ko muri rusange kuva mu kwezi kwa gatanu kugeza mu kwezi kwa cumi uyu mwaka imibare igaragaza ko ibyaha byagabanutseho 7,5%, naho ibyaha bikomeye bigabanukaho 5,4%. Commissioner of […]Irambuye

en_USEnglish