Tags : Rwanda Police

Nta dini riruta irindi imbere y’amategeko – Min Sheickh Fazil

.Yavuze ko amadini yose angana imbere y’urusaku. .Abanya madini ya Gikirisitu nibo bakomeje gutabwa muri yombi. .Avuga ko imizindaro ari iya vuba ntaho yanditse muri Bibiliya. .Abakirisitu bibaza niba Abasilamu n’Abagatorika bo nta rusaku batera Hari kuwa 17 Nzeli 2014 ubwo Minisiteri y’Umutekano mu gihugu, ikigao cy’igihugu cy’Imiyoborere (RGB) na Polisi y’Igihugu bahuraga n’amatorero bayihanangiriza […]Irambuye

Abapolisi 2 nibo bakekwaho kuba barishe Makonene wakoreraga Transparency

Kuri uyu wa 25 Nzeri Polisi y’u Rwanda yatangaje ibyavuye mu iperereza rimaze umwaka ku rupfu rwa Gustave Makonene wari umuhuzabikorwa w’umuryango mpuzamahanga “Transparency International Rwanda” i Rubavu. Polisi yerekanye abapolisi babiri ivuga ko baba bafite uruhare mu rupfu rwa Makonene wishwe tariki 17/07/2013. ACP Theos Badege yatangaje ko abapolisi babiri ba Kaporali Nelson Iyakaremye […]Irambuye

120 bari guhugurirwa kurinda umutekano w’impunzi

Kigali – Kuri uyu wa 16 Nzeri 2014 ku kicyaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru hatangiye amahuguwa kuba polisi n’izindi nzego zitandukanye zirimo abashinzwe abinjira n’abasohoka bose bagera ku 120 bahugurirwa ku kurinda umutekano w’impunzi. Mu Rwanda hari impunzi zigera ku 73 000 ziganjemo iz’abanyecongo ndetse n’izindi mpunzi zitaba mu nkambi ziri mu […]Irambuye

Uwari umuyobozi mukuru wa RSSB yatawe muri yombi

Kigali – Ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi uwari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB Kantengwa Angelique. Nkuko byatangajwe na Polisi y’u Rwanda ahagana mu saa tanu z’ijoro kuri uyu wa kane kuwa 11 Nzeri, Kantengwa Angelique ari mu maboko ya polisi akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha nabi […]Irambuye

Ibiyobyabwenge bifite agaciro ka 19 000 000Rwf byatwitswe

 Ku kimoteri cya Nduba mu murenge wa Nduba mu karere Gasabo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yatwitse 350Kg  na bule ibihumbi  7 586 by’urumogi ndetse yangiza kanyanga n’izindi nzoga zitemewe byose bifite agaciro ka miliyoni zisaga 19 y’u Rwanda. Ibi ni ibyinshi ni ibyafashwe mu gihe cy’ibyumweru […]Irambuye

Umugore n’umunyeshuri wa kaminuza bafatanywe udupfunyika 112 tw’urumogi

Gasabo – Kuri uyu wa 25 Kamena, mu kagali ka Masoro mu mudugudu wa Mubuga hafatiwe urumogi udupfunyika 112 dufite agaciro k’Amafaranga ibihumbi 300 y’u Rwanda. Agapfunyika  kamwe ngo gahagaze  amafaranga 300. Mu bafashwe muri iki gikorwa harimo umugore ukiri muto warucuruzaga, umusore waruranguraga ndetse n’abasore babiri barunywaga barimo umunyeshuri muri Kaminuza y’Abadventisiti ya Mudende. […]Irambuye

Police yafashe Abashinwa babiri bafite 2.5Kg z’amahembe y’inzovu

Kuri iki cyumweru Police y’u Rwanda yatangaje ko yafashe Abashinwa babiri bagerageza gutambutsa 2.5Kg z’ibice by’amahembe y’inzovu ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.  Aba bashinwa babiri bagerageje guha ruswa umupolisi w’u Rwanda ingana na n’amadorari 85 ya Amerika n’ama Yuan yo mu bushinwa 100 (yose ni asaga 65, 000) ngo abareke batambuke ntiyabakundira […]Irambuye

Kigali: Ukekwaho ubujura yarasiwe mu mujyi ahahoze Iposita

Police iratangaza ko kuri uyu wa kabiri ahagana saa sita z’amanywa yarashe umuntu ukekwaho ubujura hagati mu mujyi wa Kigali, mu bice birimo Banki ya Kigali n’ahahoze Iposita, nyuma y’uko yari amaze gufungura imodoka y’umuntu wigendera akibamo ibintu abapolisi bagerageje kumufata ariruka. Uyu ukekwaho ubujura ubundi ngo bahimba Kirabura cyangwa K-Swiss, police iravuga ko n’ubusanzwe […]Irambuye

Musanze: Hatahuwe imbunda zirindwi umuturage yaba yari yarabikijwe na FDLR

Nyuma yo guta muri yombi bamwe mu bayobozi bo muri aka Karere bakekwaho gukorana na FDLR mu kuyifasha kugaba ibitero mu Rwanda, amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Umuryango aravuga ko inzego z’umutekano zabashije kuvumbura intwaro FDLR yari yarabikije umuturage ngo izazikoreshe igihe kigeze. Umuturage utuye mu Murenge wa Muhoza, Akagali ka Kigombe inzego z’umutekano zataburuye mu isambu […]Irambuye

en_USEnglish