Tags : Rwanda Police

Kayonza: Bugarijwe n’abajura bamena amazu

Bamwe mubatuye mubice bitandukanye by’akarere ka Kayonza Iburasirazuba bavuga ko babangamiwe cyane n’abajura bitwikira ijoro bagatoborera amazu bakiba ibikoresho biri munzu. Polisi muri iyi Ntara yo iravuga ko iri maso kandi izakomeza gufata aba bajura, ndetse yerekanye abo yafashe muri week end ishize. Abaturage bo mu mirenge imwe n’imwe i Kayonza baravuga ko nubwo ubu […]Irambuye

Bwa mbere, Abapolisi b’u Rwanda bagiye muri Sudani y’Epfo kugarura

Ni abapolisi 170 batojwe kandi bajyanye n’ibikoresho bya gisirikare bahagurutse mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Nzeri 2015 berekeza mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Nibwo bwa mbere Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi muri iki gihugu mu butumwa nk’ubu. CSP Celestin Twahirwa umuvugizi wa polisi y’u Rwanda yavuze ko abapolisi b’u […]Irambuye

Kayonza: Imodoka ya Police yakoze impanuka hapfa 3 barimo n’abafungwa

Kuri uyu wa 27 Kanama 2015 saa tanu n’igice mu murenge wa Mukarange mu kagari ka Nyagatovu mu karere ka Kayonza, imodoka ya Police yari itwaye abafungwa bagera kuri 14 yakoze impanuka irenga umuhanda hapfa umupolisi wari uyitwaye n’abafungwa bagera kuri babiri, abandi barakomereka. Supt JMV Ndushabandi umuvugizi wa Police ishami rishinzwe umutekano mu muhanda yabwiye […]Irambuye

Mahama: Police mu nkambi ihanganye no gutandukana kw’abashakanye

Kirehe – Mu nkambi ya Mahama, icumbikiye ubu impunzi z’abarundi zigera ku 37 000, hamaze igihe havugwa ibibazo by’abashakanye bari gutandukana cyane aho mu nkambi. Iki kibazo ariko ubu ngo kiri koroha nyuma y’aho Police y’u Rwanda ihawe uburenganzira bwo gukorera muri iyi nkambi. Havugwa ikibazo cy’abagabo bata abagore babo bakisangira abandi bagore cyangwa bakarongora […]Irambuye

Bafatanywe imodoka yuzuye Urumogi ruvuye muri Tanzania

Police y’u Rwanda ishami rya Kirehe ryataye muri yombi abasore batatu bemera ko imifuka umunani y’Urumogi bafatanywe yuzuye imodoka ya Rav4 ari urwo bari bavanye muri Tanzania baruzanye ku isoko ryo mu Rwanda. Aba bagabo Police y’u Rwanda yaberekanye i Kigali kuri uyu wa kane nimugoroba kuri station yayo ku Kicukiro. Aba bafashwe kuwa kabiri […]Irambuye

Ubuyobozi bwasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo

Kuri iki cyumweru Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali batangaje ko bagira inama abigaragambyaga, bamagana icyemezo cy’ubutabera bw’Ubwongereza cyo gufunga Lt Gen Emmanuel Karenzi Karake, kuba babihagaritse ahubwo bakabikora mu bundi buryo. Imyigaragambyo ikomeye imbere ya Ambasade y’Ubwongereza ku Kacyiru yatangiye kuwa kabiri ushize ubu yahise ihagarara. Fidel Ndayisaba umuyobozi w’Umujyi wa Kigali niwe ubwe […]Irambuye

Uwari umunyamakuru w’Umuseke yahembewe guhiga abandi

AIP Jean de Dieu Nsengiyumva ni umupolisi wahize abandi 462 bamaze amezi 13 mu myitozo n’amasomo y’abitegura kuba aba ‘officier’ bato ba Polisi y’u Rwanda. Nsengiyumva yagiye muri iyo myitozo nyuma y’umwaka n’igice yari amaze ari umunyamakuru w’Umuseke.rw Nsengiyumva w’imyaka 27, avuga ko yishimiye cyane gushimirwa na Perezida Kagame wamubwiye ati “Asanti sana” nyuma yo […]Irambuye

Polisi y’u Rwanda yatashye ibiro bishya i Remera

Kuri uyu wa 21 Mata 2015 Polisi y’u Rwanda yatashye inyubako nshya izakoreramo Polisi y’umujyi wa Kigali, iyi gorofa igezweho iherereye mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, ngo ije gufasha polisi kurushaho kwegera abaturage no kubaha serivisi inoze. Minisitiri w’Umutekano Mussa Fazil Harerima watashye iyi nyubako nk’umushyitsi mukuru yavuze ko iyi nyubako izafasha abazayikoreramo […]Irambuye

Rubavu: Notaire w’Akarere ‘yafatiwe’ mu cyuho yakira ‘ruswa’

Mme Kayitesi Judith wari Notaire w’Akarere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwakira ruswa ingana na miliyoni enye z’amafaranga y’u Rwanda, yahawe na rwiyemezamirimo washakaga ibyangombwa by’ikibanza. Yafashwe kuri uyu wa 18 Werurwe 2015. Ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa gatatu nibwo rwiyemezamirimo witwa Adrienne wari umaze igihe kinini ashaka ibyangombwa yatanze amafaranga miliyoni enye ayaha uwo […]Irambuye

Polisi y’u Rwanda yasubije iya Uganda miliyoni z’amashilingi zibiwe i

Imikoranire y’inzego z’umutekano z’ibihugu bya Uganda n’u Rwanda niyo yatumye abajura bakomoka i Burundi bafatirwa mu Rwanda bagerageza guhungana miliyoni ebyiri z’amashilingi ya Uganda bari bibye i Kampala nk’uko byasobanuwe na CSP Celestin Twahirwa kuri uyu wa 29 Mutarama 2015 ubwo polisi y’u Rwanda yasubizaga iya Uganda aya mafaranga ngo azashyikirizwe nyirayo. Shadrack Mugwaneza niwe […]Irambuye

en_USEnglish