Tags : REMA

Umuyobozi wa REMA Dr Rose Mukankomeje arafunze

Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije mu Rwanda afunzwe na Police kuri station ya Police ya Kicukiro akurikiranyweho gushaka gusibanganya ibimenyetso bigenza ibyaha ku bari abayobozi b’Akarere ka Rutsiro nabo bari gukurikiranwa ku inyerezwa ry’amafaranga mu kubaka Hotel y’Akarere. ACP Celestin Twahirwa yabwiye Umuseke ko Dr Mukankomeje mu byo akurikiranyweho harimo kumena […]Irambuye

Dutemberane mu bice nyaburanga n’umusozi wa Gisenyi

*Gisenyi, mu Karere ka Rubavu iri mu mijyi itandatu yatoranyijwe izunganira Kigali; *Izwiho kuba umujyi wo kwidagaduriramo, ndetse ukanashyuha; *Uretse kuba umujyi w’ubucuruzi, ufite n’ibice nyaburanga bifasha abantu kwishimisha no kuruhuka; *Munyarwanda cyangwa munyamahanga utarasura Gisenyi uri guhomba. Mu Mujyi wa Gisenyi, uretse umusenyi wo ku kiyaga cya Kivu, amahoteli anyuranye, ikibuga cy’indege, Stade, inzu […]Irambuye

Abacukuzi b’amabuye y’agaciro bananiwe no gukurikiza itegeko ry’ibidukikije

Komisiyo y’igihugu ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC) yashyize ahagaragara raporo igaragaza ko abakora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bananiwe guhuza ibikorwa byabo n’itegeko ryo kurengera ibidukikije mu Rwanda. Akajagari gakabije kavanze no kwirengagiza ubusugire bw’ibidukikije mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, biri muri bimwe mu bibazo byagaragajwe muri raporo yashyikirijwe Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite kuri […]Irambuye

SAFE GAS igiye gufasha abantu kubona Gas ku giciro kijya

*Safe Gas Rwanda yazanye amacupa ya placitic yoroshye gutwara kandi afasha umuntu kemenya aho gas igeze, *Ukoresha gas avuga ko ituma umuntu ahorana isuku aho atekera ariko ngo yo n’amashanyarazi birahenze ku muturage, *Safe Gas Rwanda izafasha abantu kuba bakwishyura Gas mu byiciro. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 12 Gashyantare, ubwo Sosiyeti […]Irambuye

Dr Mukankomeje, Gen Ibingira na Dr Biruta bari kureba uko

Dr Vincent Biruta Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo REMA gishinzwe kubungabunga ibidukikike na Lt Gen Fred Ibingira Umugaba w’ingabo z’Inkeragutabara kuri uyu wa gatatu ahagana saa yine z’amanywa bageze i Karongi n’ubwato bavuye i Rubavu aho bari mu ruzinduko rwo kureba uko ibiyaga bya Kivu na Karago bibungabunzwe. Ikiyaga cya Karago (giherereye […]Irambuye

Paris: Gahunda z’u Rwanda zose zizirikana ibidukikije – Min.Biruta

Mu nama mpuzamahanga igamije gushakira umuti ikibazo cy’ihindagurika ry’ibihe irimo kubera i Paris mu Bufaransa, Minisitiri w’umutungo kamere Dr Vincent Biruta yagaragarije isi ko u Rwanda muri gahunda zarwo z’iterambere zose rudasiga inyuma ibidukikije. Mu biganiro ku mushinga mwiza uba wemerewe inkunga n’ikigega mpuzamahanga kigamije kurengera ibidukikije “Green Climate Fund (GCF)”; Minisitiri yagaragaje bimwe mubyo […]Irambuye

REMA yahagaritse ibikorwa by’ubwubatsi bw’uruganda INYANGE

Kicukiro – Mu mpera z’icyumweru gishize Umuseke wasuye ahari gukorwa ibikorwa by’ubwubatsi bw’uruganda Inyange Industries, ibikorwa bisa n’aho byakorwaga mu gice cy’igishanga kiri hagati y’umusozi wa Kabuga na Masaka binyuranyije n’amabwiriza yo kurengera ibidukikije n’ibishanga by’umwihariko. Ibi bikorwa byahagaritswe nyuma gato. Umunyamakuru w’Umuseke amaze kubona ibi bikorwa by’ubwubatsi biri gukorwa yagerageje kwinjira mu ruganda Inyange […]Irambuye

Umutungo ndangamuco ugiye kujya ucungwa n’umuturage ubereye mu isambu

*Itegeko nirimara kujyaho hazabaho kubaruza iyo mitungo *Leta ntizabyivangamo ahubwo amategeko azagena icyo umuturage winjije azajya aha Leta *Umuturage udafite ubushobozi bwo gucunga uwo mutungo ndangamuco ashobora gufatanya n’abandi Inteko shingamategeko umutwe w’abadepite n’itsinda ry’abaturutse muri Minisiteri y’Umuco na Siporo, kuri uyu wa 9/9/2015, batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga imicungire y’umutungo ndangamuco, iryo tegeko ngo […]Irambuye

Kimironko: REMA ntijya imbizi n’akagari gashaka gushyira ikibuga mu gishanga

*Kubaka mu bishanga harimo uruhare rw’abaturage banga gutanga amakuru ngo batiteranya *Amategeko ariho akirengagizwa nkana kubera impamvu nyinshi… *Amazi ni umutungo kamere rusange nta we ukwiye guceceka abona yangirika *Twitegure ibihe bikomeye nidukomeza gusatira ibishanga tukanabyangiza imigezi igakama Mu byumweru bibiri bishize nibwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije, REMA ubuyobozi bwamanutse bujya guhagarika imwe […]Irambuye

en_USEnglish