Tags : Rayon Sports

Rayon Sports iguye miswi na APR FC 0 – 0

Mu mikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu amakipe yose yanganyije, umukino wari utegerejwe cyane ni uwa Rayon Sports nazo zanganyije n0-0 kimwe na Police FC inganya na Sunrise 1-1. Rayon Sports yakinaga idafite umutoza David Donadei wahagaritswe icyumweru ashinjwa kugumura abakinnyi, ariko uyu mugabo yagaragaye yicaye mu bafana, ikipe itozwa […]Irambuye

Rayon Sports irakira APR FC mu mukino utegerejwe cyane muri

Mu mpera z’iki cyumweru imikino ya Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu mupira w’amaguru irakomeza hakinwa umunsi wa GATANDATU, ahategerejwe umikino ukomeye cyane, ufatwa nk’umukino w’amateka muri ruhago y’u Rwanda, aho Rayon Sports iribwakire APR FC. APR FC ifite ibikombe byinshi bya Shampiyona y’u Rwanda, irakirwa na mukeba wayo Rayon Sports bihora bihanganiye igikombe. Umukino utegerejwe […]Irambuye

Donadei ‘watozaga’ Rayon ati ‘reka byose mbimene hasi’

*Ikiganiro n’abanyamakuru cyabereye mu mihanda mu Kiyovu *Yashinja abayobozi ba Rayon Sports ubwambuzi, ruswa no kubeshya *Ngo arataha n’indege ya nimugoroba kandi ajye kurega muri FIFA *Yibaza impamvu abantu baza kureba Rayon bishyuye ariko ntihembe abakinnyi bayakoreye Yavuze ko agenda n’indege y’uyu mugoroba kuri uyu wa gatatu nta kabuza ko ariko gusezera kwe, mbere yo […]Irambuye

Umutoza wa Rayon yahagaritswe, ntazatoza umukino wa APR FC

*Yirukanywe muri Hotel kubera gushwana n’abakiliya *Yasabye abakinnyi kugumuka bamutera utwatsi *Ngo yasanze abayobozi ba Rayon ari ababeshyi *Ngo yasohowe muri Hotel Heritage kuko Rayon Sports itishyura *11h30 kuwa gatatu ngo arageza ikibazo cye muri Ambasade ya France i Kigali Kubera imyitwarire idakwiye Komite nyobozi ya Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo gutoza umukino umwe, uyu […]Irambuye

Byarangiye Hegman asabye imbabazi aba-Rayons

Mu mpera z’iki cyumweru ikipe ya Police yanganyije na Rayon Sports 1-1 mu umukino wo ku munsi wa gatanu wa Shampiyona wareye ku Kicukiro. Mbere y’uyu mukino ibyatangajwe na Hegman Ngomirakiza umukinnyi wa Police FC avuga kuri Rayon Sports byatumye ubu abisabira imbabazi abakunzi b’iyi kipe. Hegman Ngomirakiza yari yatangaje ko atabona ikipe ya Rayon Sports […]Irambuye

Police FC yiteguye Rayon, ariko yo umutoza ngo yaba yasezeye

Casa Mbungo Andre utoza Police FC yatangarije Umuseke mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ko yiteguye cyane ikipe ya Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa gatanu wa shampionat uzabahuza kuwa gatandatu. Gusa amakuru ari kuvugwa ubu ni uko umutoza wa Rayon Sports we ngo yaba yasezeye iyi kipe iri kwitegura uru rugamba na Police […]Irambuye

Fabrice Mugheni yiteguye guhangana na Police FC yabereye kapiteni

Shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu kiciro cya mbere irasubukurwa mu mpera z’icyumweru, ni nyuma y’umwiherero w’Amavubi waberereye muri Maroc, mu mikino itegerejwe cyane Police FC izakira Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa gatanu. Uyu mukino uzaba kuwa gatandatu ku Kicukiro uzahuza Police FC ya mbere n’amanota 10 mu mikino ine  yakinnye na Rayon Sports […]Irambuye

Rayon yatsinze Mukura 2 – 0

Mu mukino w’umunsi wa kane wa shampionat y’u Rwanda, ikipe nkuru mu Rwanda zo mu Ntara y’amajyepfo zari zahuye ariko zikinira i Kigali, Rayon Sports ibasha gutsinda Mukura VS ibitego bibiri ku busa byatsinzwe na ba rutahizamu Davis Kasirye na Pierrot Kwizera. Mu mikino ibiri iheruka Rayon Sports yari yanganyije na Etincelles ndetse iheruka gutsindwa […]Irambuye

AS Kigali yasanze Rayon i Muhanga iyitsinda 2 – 1

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Rayon Sports yaguwe nabi na AS Kigali yayisanze i Muhanga ikayitsinda ibitego bibiri kuri kimwe ku munsi wa kabiri wa shampionat. Uyu munsi wa kabiri ejo nabwo wari waguye nabi ikipe ya APR FC yatsinzwe na Mukura 2 -0. Kuri stade ya Muhanga Rayon Sports yakiriraho amakipe yayisuye, […]Irambuye

Nyuma yo gutsinda Marines 2-0, ubu Rayon niyo ya mbere

Ku munsi wa mbere wa shampionat y’ikiciro cya mbere, kuri iki cyumweru Umujyi wa Rubavu warii wuzuye abafana benshi harimo n’abavuye muri Congo baje kureba umukino wa Rayon Sports na Marines, warangiye Rayon itsinze 2 – 0 bituma ihita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Igice cya mbere cy’uyu mukino cyihariwe cyane na Rayon sports, umutoza […]Irambuye

en_USEnglish