Tags : Rayon Sports

Rayon Sports ngo irinjira 2016 ifite ikipe y’amagare

Umuryango wa Rayon Sports, usanganywe ikipe y’umupira w’amaguru n’iya Volleyball, Vedaste Kimenyi umuyobozi wungirije wa Rayon Sports umuryango, yabwiye Umuseke ko umwaka wa 2016 Rayon Sports izawinjiranamo ikipe kandi yo gusiganwa ku magare. Ubwo etape ya 4 ya Tour du Rwanda iherutse yasorezwaga i Nyanza, umuyobozi w’aka karere Abdallah Murenzi ko ubu nabo bafite ikipe […]Irambuye

Amakipe 4 yo mu Rwanda muri ½ cya Xmass Cup

Rayon Sports yageze muri ½ cy’irushanwa rya Christmas Cup yateguye nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0. Ibitego byombi byatsinzwe na Manishimwe Djabel, icya mbere ku munota wa 6 n’icya kabiri ku munota wa 26. Igice cya mbere cyaranzwe no kwigaragaza kw’abasore ba Rayon Sports barimo Manishimwe Djabel na Niyonzima bita Olivier Sefu. Kiyovu Sports […]Irambuye

Umutoza wa Rayon Sports yishimiye intsinzi ya mbere kuri Gicumbi

Ku mukino wa mbere w’irushanwa ‘Rayon Sports Star Times Christmas Cup’, Rayon Sports FC yatsinze Gicumbi FC igitego kimwe ku busa (1-0); Umutoza mushya Jacky Ivan Minaert yishimiye intsinzi ye ya mbere atoza Rayon. Igitego cya Rayon cyatsinzwe n’umusore Mustapha Bisengimana. Nyuma y’umukino, Umutoza Jacky Ivan Minaert yabwiye itangazamakuru ko yanyuzwe n’intambwe ikipe ye (Rayon […]Irambuye

Sinshaka ko Rayon ikina umupira nk’uw’Amavubi – Jacky Minaert

Mu myitozo yo kuri uyu wa kane nimugoroba i Nyanza, umutoza mushya wa Rayon Sports Jacky Ivan Minaert yaganiriye n’Umuseke, avuga ko ubu ari kubaka Rayon Sports ikina umukino mwiza utandukanye n’uwo aherutse kubona ikipe y’igihugu Amavubi ubwo yatsindwaga ibitego bitatu kuri kimwe mu rugo. Uyu mutoza wavuye mu ikipe ya Sporting Club Djoliba yo […]Irambuye

Ivan Jacky Minnaert umutoza mushya wa Rayon Sports yageze mu

Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki 13 Ugushyingo 2015 ahagana saa saba y’ijoro nibwo umutoza mushya wa Rayon Sports, umubiligi Ivan Jackie Minaert yageze ku kibuga cy’indege cya Kigali aje gutangira akazi gashya. Uyu mugabo aje gutoza iyi kipe y’i Nyanza nyuma y’uko itandukanye nabi cyane n’umufaransa David Donadei wayitoje iminsi itanu gusa […]Irambuye

Nwanko Kanu azaza mu irushanwa ryateguwe na Rayon Sports

Rayon Sports (umuryango) ku bufatanye na Star Times yateguye irushanwa ry’umupira w’amaguru rizahuza amakipe yo mu Rwanda, Burundi na Congo Kinshasa. Iri rushanwa rizatangira tariki 22 Ugushyingo 2015 nk’uko Olivier Gakwaya umunyamabanga wa Rayon Sports yabitangarije Umuseke, umwe muri ba ambasaderi ba Star Times, icyamamare Nwankwo Kanu akazaza kureba iri rushanwa. Gakwaya yemereye Umuseke ko […]Irambuye

Bodo na Pierrot bahaye intsinzi Rayon imbere ya Sunrise FC

Igice cya mbere cy’uyu mukino w’umunsi wa cyenda wa Shampionat wabereye kuri stade ya Muhanga kuri uyu wa gatanu Rayon Sports bayigoye cyane kureba mw’izamu rya Sunrise yari yayisuye. Gusa mu gice cya kabiri byaje gukunda Rayon ibona ibitego bibiri itahana amanota atatu. Igice cya mbere amakipe yombi yasatiranye, Sunrise igerageza guhanahana neza ariko imbere […]Irambuye

Uwahoze ari umuzamu wa Rayon yabonye akazi ko gutoza aba

Alexis Mugabo ubu niwe mutoza mushya w’abazamu wa APR FC aje gusimbura Ibrahim Mugisha wari uhamaze igihe kinini ubu wagiye mu ikipe y’igihugu Amavubi. Alexis Mugabo umwaka ushize yatozaga Isonga FC umwaka ushize, yafashe uyu mwanya mu gihe benshi bibazaga ko ushobora kuba ugiye guhabwa Jean Claude Ndoli wari umaze iminsi ameze nk’ubyimenyereza ariko kandi […]Irambuye

AS Kigali ku mwanya wa 1, Rayon, APR, Kiyovu nazo

Imikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru yabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Ukwakira, isize nta kinini gihindutse ku rutonde rw’agateganyo kuko amakipe makuru yose yabonye amanota atatu. Mu mikino yabaye kuri uyu wa gatandatu, Rayon Sports yatsindiye Rwamagana City FC iwayo igitego kimwe ku busa (0-1), cyatsinzwe na Kwizera Pierrot. Ni umukino wabereye […]Irambuye

Rayon ikeneye umunyamahanga cg umunyarwanda?

Mu bakunzi ba Rayon buri wese aribaza ugiye gukurikiraho kuyitoza nyuma yo kugenda k’umufaransa David Donadei wasize sakwe sakwe ndende. Usanga akenshi abayobozi ba Rayon bashakisha umutoza w’umunyamahanga, akazi kagahabwa umunyarwanda iyo uyu abuze. Biravugwa ko ubuyobozi buri gushaka undi mutoza w’umuzungu ushobora kuza guhabwa iyi kipe y’i Nyanza, Luc Eymael wayivuyemo ubushize ari mu […]Irambuye

en_USEnglish