Tags : Polisi

Rutsiro: Mu mwaka 1 hibwe banki 2, umutekano w’amafaranga urakemangwa

Gukosora: Mu Karere ka Rutsiro haravugwa ibikorwa by’uruhererekane byo kwiba Banki na Koperative yo Kubitsa no kugiriza Umurenge SACCO. Mu gihe kitarenze umwaka hibwe Banki y’abaturage y’u Rwanda, ubu haravugwa ubujura bwibasiye UMURENGE SACCO wa Mushubati wibwe kuri uyu wa kane tariki 24 Nzeri 2015, wibwe nyuma y’uko hibwe n’Ikigo nderabuzima cya Musasa. Mu nkuru yacu […]Irambuye

Abarinda Pariki babwiwe ko akazi kabo gakomeye kuko gatunze Abanyarwanda

Mu gusoza amahugurwa y’abarinzi ba pariki 110 yaberaga i Gishari mu karera ka Rwamagana kuri uyu wa 31 Nyakanga 2015, Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu yasabye abarinzi kudakora bagamije guhembwa gusa ahubwo bakumva ko pariki zitunze Abanyarwanda benshi bityo bakirinda guhohotera inyamaswa bazasangamo. Sheikh Musa Fazil Harelimana wari umushyitsi mukuru yavuze ko amahugurwa ari ikintu […]Irambuye

i Ngoma: Umucuruzi udafite ‘attestation médicale’ yafungiwe 

Bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi mu mujyi wa Kibungo birimo utubari, resitora (restaurants), n’inzu zogosherwamo kuri uyu wa kane zafuzwe n’ubuyobozi bw’akarare ka Ngoma, abafungiwe baritotombera iki gikorwa bavuga ko batanazi icyatumye bafungirwa ibikorwa ariko ubuyobozi bw’akarere bwo bukavuga ko aba bacuruzi basabwa kujya kwa muganga gushaka icyemezo hagamijwe kurinda ikwirakwizwa ry’indwara. Ku nzugi z’inzu zifunzwe […]Irambuye

Polisi yerekanye imodoka yibwe n’ibindi bitemewe byafashwe muri Usalama II

Imodoka yo mu bwoko bwa Voiture Toyota Carina E yibwe mu gihugu cy’Ubuholandi, imiti ikoreshwa mu buhinzi, amafumbire, amavuta y’amamesa atujuje ubuziranenge, ibiyobyabwenge by’amoko anyuranye, biri mu byo Polisi yerekanye byafashwe mu gikorwa kiswe Usalama II. ACP Tony Kuramba Umuyobozi wungirije w’ishami ry’Ubugenzacyaha, akaba anakuriye Polisi Mpuzamahanga (Interpol) mu Rwanda, yavuze ko ibikorwa bya Usalama […]Irambuye

Umuhanzi Riderman yatawe muri yombi nyuma y’impanuka

Kicukiro – Kuri uyu wa kane mu gitondo ahitwa Rwandex ku muhanda wa Remera – Ville,  habereye impanuka aho imodoka zitwara abantu (bus) zagonganye n’ivatiri yari itwawe n’umuhanzi Riderman. Amakuru aravuga ko uyu muhanzi Riderman yaba yagize uruhare muri iyi mpanuka kubera gutwara yanyoye inzoga. Riderman uyu yahise atabwa muri yombi, nk’uko Mugemana Jean wari […]Irambuye

Polisi y’igihugu yirukanye abapolisi mirongo irindwi n’umunani

Umuvugizi wa Polisi y’igihugu ACP Damas Gatare yatangaje ko ubuyobozi bwa Polisi bwirukanye abapolisi mirongo irindwi n’umunani bakurikiranyweho uruhare mu bukorwa bya Ruswa. ACP Gatare avuga ko ibi biri mu rwego rwo guca Ruswa mu gihugu ariko bihereye muri Polisi. Umwaka ushize  hari abandi Bapolosi barirukanywe nabo bakurikiranyweho uruhare mu bikorwa bya Ruswa kandi beretswe […]Irambuye

Perezida Kagame yavuze ko abanyarwanda bari inyuma y’ingabo zabo

0606/2014 – Mu muhango wo gusoza amasomo y’abasirikare bakuru mu buyobozi yaberaga i Nyakinama mu Karere ka Musanze, Perezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bari kandi bazakomeza kuba inyuma y’ingabo z’u Rwanda mu bikorwa byo kurinda umutekano. Yashimye kandi ingabo z’u Rwanda imikorere y’ubunyamwuga, ubwitange,  mu byo zikora byose.  Mu cyumweru gishize Sena y’u Rwanda yagaragaje […]Irambuye

Uganda: Umunyeshuri yahawe 15m ngo atege igisasu muri Kaminuza ya

Polisi ya Uganda iraburira abaturage bo muri Kampala muri rusange n’abanyeshuri ba Kaminuza ya Makerere by’umwihariko  ko bitondera  aho baca naho batuye nyuma y’uko ihawe amakuru ko umunyeshuri wa Makerere yahawe miliyoni 15 z’Amashilingi ngo atege igisasu mu nzu nini yitwa Block B ya Kaminuza. Ku muryango w’ibiro by’Ishami rya Makerere ryigisha Ikoranabuhanga hamanitse itangazo […]Irambuye

Muhanga: Abanyamaguru barinubira kudahabwa agaciro n’abatwara ibinyabiziga

Abakora ingendo n’amaguru mu Mujyi wa Muhanga barinubira cyane kudahabwa agaciro n’abatwara ibinyabiziga. Mu byo binubira cyane harimo ko abatwara ibi binyabiziga babihagarika ahantu hasanzwe hagenewe abanyamaguru. Abanyamaguru kandi binubira ko kenshi na kenshi abafite ibinyabiziga babafungiraho amaferi ndetse rimwe na rimwe bakabagonga. Nyuma y’Umujyi wa Kigali; uyu Mujyi  wa Muhanga niwo uza ku mwanya […]Irambuye

en_USEnglish