Tags : Police FC

APR na Police FC zanganyije zongerera Rayon amahirwe ku gikombe

Imikino ya shampiyona y’u Rwanda yabaye muri iyi weekend isize APR FC irushwa na Rayon Sports iyoboye urutonde amanota arindwi (7) kandi iyirusha imikino ibiri. Ni nyuma yo kunganya na Police FC 1-1 mu mukino wabereye ku Kicukiro kuri iki cyumweru. Kuri iki cyumweru tariki 30 Mata 2017 nibwo hakinwe imikino ine isoza indi y’umunsi […]Irambuye

Uko byari byifashe mu Kabagari aho Police FC byayigoye gutsinda

Umukino w’igikombe cy’amahoro warutegerejwe n’abaturage benshi bo mu Kabagali ka Ruhango, Police F.C yatsinze biyigoye United Stars FC igitego kimwe ku busa cyabonetse ku munota wa 88 w’umukino. Abafana bari benshi ku kibuga ntibigeze bacika intege kuva ku munota wa mbere. Ku kibuga cya United Stars mu Kabagali, abaturage bari benshi baje kwihera ijisho uyu […]Irambuye

Danny Usengimana yatowe nk’UMUKINNYI W’UKWEZI kwa Mutarama

Rutahizamu wa Police FC Danny Usengimana niwe abakunzi b’umupira w’amaguru n’abatekinisiye batoye nk’umukinnyi wigaragaje kurusha abandi mu kwezi kwa Mutarama muri Shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda iterwa inkunga na AZAM.  Ni mu mushinga w’UM– USEKE IT Ltd ufatanyije na AZAM TV ugamije guteza imbere impano z’abakinnyi no kurushaho kumenyekanisha umupira w’amaguru mu Rwanda. Danny Usengimana […]Irambuye

Police FC itsinze Gicumbi 2-0 ku bitego bya Mico na

Umunsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda utangiye Police FC itsinda Gicumbi 2-0, mu mukino utitabiriwe cyane n’abafana. Bitumye Police FC ya Seninga Innocent irara ku mwanya wa kabiri. Kuri uyu wa gatanu tariki 4 Ugushyingo 2016, hakinwe umukino umwe w’umunsi wa kane wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, AZAM Rwanda Premier League. Police […]Irambuye

Seninga yemejwe nk’umutoza mushya wa Police FC

Police FC yemeje Seninga Innocent nk’umutoza mushya wayo, agasimbura Cassa Mbungo Andres wirukanywe kuri aka kazi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe (ushobora kongerwa) atoza Police FC. Uyu mugabo watozaga Etincelles FC kuva muri Mata uyu mwaka, aje gusimbura Cassa Mbungo Andres wirukanywe kubera kubura umusaruro, kuko […]Irambuye

Ibitego 2 Savio yatsinze Police FC, ngo hari icyo bivuze

Savio Nshuti Dominique yatsinze ibitego bibiri muri bitatu Rayon Sports yatsinze Police FC mu mpera z’icyumweru dusoje, bikaba ibya mbere yari atsinze muri Shampiyona y’u Rwanda. Ngo byamufashije kwitegura neza umukino wa APR FC. Uyu musore w’imyaka 18, yageze muri Rayon Sports tariki 14 Nyakanga 2015,  avuye mu Isonga FC, yakiniye umwaka ushize w’imikino wose. […]Irambuye

Innocent Habyarimana ashobora kuba yarambuwe ubukapiteni bwa Police FC

Nyuma y’amezi abiri gusa atangajwe nka Kapiteni mushya wa Police FC, Habyarimana Innocent ashobora kuba yarambuwe iki gitambaro nubwo bitaratangazwa. Uwari Kapiteni wa Police FC, Jacques Tuyisenge yagiye gukina muri Gor Mahia FC yo muri Kenya. Bituma tariki 11 Gashyantare 2016, hatangazwa Habyarimana Innocent bita ‘Di Maria’ nka Kapiteni mushya wa Police FC. Uyu musore […]Irambuye

en_USEnglish