Tags : PAC

RSSB imbere ya PAC yabajijwe iby’abakozi bajya muri “Pansiyo” bagasanga

*Miliyari 16 Frw abakozi bizigamira abakoresha ntibayagejeje muri RSSB, 45% by’aya ni aya Kaminuza Abadepite bashinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo wa Leta (PAC) bababajwe no kuba hari abakozi bakatwa amafaranga y’ubwiteganirize ku mishahara, ariko ntagezwe mu kigo cy’ubwiteganyirize (RSSB). Gatera Jonathan yavuze ko n’ubu hari abakozi bajya mu kiruhuko k’izabukuru bajya kubaza “Pansiyo” bagasanga nta […]Irambuye

Mininfra yasabwe kugaragaza abahombeje miliyari 39Frw zo mu mushinga wa

Ikigo gishinzwe ingufu REG n’ibigo bigishamikiyeho kuri uyu wa mbere byazindukiye mu Nteko ishinga Amategeko gusobanurira Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta (PAC) ibibazo bigaragara muri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta bibireba. Abadepite basabye Minisitireri y’Ibikorwa Remezo gukora raporo ku mushinga wa Nyiramugengeri wa Gishoma wahombeje Leta asaga miliyari 39 Frw igaragaza ababigizemo […]Irambuye

Imihigo ihuriweho: PAC ngo ibigo ntibyanganya amanota kandi hari ibyakoze

Abadepite bagize komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bavuga ko bidakwiye ko ibigo byajya binganya amanota ku mihigo ihuriweho (joint imihigo) kuko hari uruhande ruba rwarakoze icyo rusabwa wenda bikaza gupfira ku rundi ruhande. Gusa basobanuriwe ko uyu muhigo uba uri no mu mihigo bwite y’ikigo ku buryo icyagaragaweho imbaraga nke gishobora kubiryozwa […]Irambuye

IMIHIGO y’ibigo n’uturere: PAC iti “Ntawe ukwiye guhiga ibyo ashinzwe

* Imyaka 10 ishize mu Rwanda hatangijwe gahunga yo gusinya imihigo * Gusa nta tegeko ryayigengaga * Hari kwigwa umushinga w’itegeko ryayo * Iri tegeko rizagena ingaruka zirimo ishimwe n’ibihano Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bavuga ko nta muyobozi ukwiye guhiga ibiri mu nshingano ze nk’uko bikunze kugenda, Minisiteri y’abakozi […]Irambuye

PAC isaba MINECOFIN gukurikirana akayabo gashyirwa mu bigo bitagenerwa ‘Budget’

*2014-2015, amavuriro, ibitaro,…hashyizwemo miliyari 233 zidakakurikiranwa, Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze n’imicungire y’imari n’umutungo  bya Leta basaba Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi kongera ababaruramari n’abacungamari mu turere kugira ngo bajye babasha gukurikirana imikoreshereze y’amafaranga menshi ahabwa ibigo bitagenerwa ingengo y’imari bizwi nka NBAs (Non Budget Agencies). Umugenzuzi mukuru w’imari ya leta yagaragaje ko mu mwaka ushize […]Irambuye

REB yashoboraga gukora ibirenzeho igacunga neza za miliyari za Leta

*Abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Uburezi, banenzwe ko kudakurikirana neza abakozi byatumye imari ya Leta icungwa nabi, *Gahunda ya One Laptop per Child yatanzweho miliyari 35, ariko ntiyagenze uko Leta yabyifuzaga, *REB iyobowe na Gasana Janvier ubu ngo igiye gusubira ku murongo. Kuri uyu wa gatatu mu gitondo, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (Rwanda Education Board, REB) cyitabye […]Irambuye

PAC yagereranyije RTDA n’umunyeshuri uhora mu ishuri ariko agahora atsindwa

Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), kuri uyu wa 11 Ukwakira, bakiriye ikigo cy’Igihugu cy’Ubwikorezi, RTDA, babaza iki kigo impamvu bakomeza gukora amakosa kandi abakozi bayo bahora mu mahugurwa agamije guhangana n’aya makosa. Muri Raporo y’Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA cyakunze kugaragarwaho amakosa ndetse kigatumizwa […]Irambuye

PAC yabajije RRA icyo ikora mu kureshya Abashoramari ivuga ko

*Hon Theogene  ngo ni gute mu Rwanda basora kimwe no muri Kenya, Uganda byegereye amazi, *Ngo kuki u Rwanda rutakwigira ku bihugu bitanga ubwasisi bikagabanya imisoro… Abayobozi b’Ikigo cy’igihugu cy’Imisoro n’Amahooro bavuga ko iki kigo ntaho gihurira na politiki y’ishyirwaho ry’imisoro ku buryo cyagira uruhare mu kureshya Abashoramari. Bari babajijwe gusobanuro uko umusoro wo mu […]Irambuye

Muri PAC, RRA yisobanuye ko Miliyari 21 Frw yananiwe kwishyuza

*Amenshi muri izi miliyari 21 amaze imyaka ine, miliyari 4 muri yo zimaze imyaka 10, *Komiseri mukuru muri RRA yemereye abadepite ko mu gutanga ibi bihano, bihanukiriye *Andi makosa: Hon Clotilde ngo ikibazo kibaye ubushobozi bucye na ruswa, ni kuri RRA yose. Imbere ya Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amatekegeko (PAC), […]Irambuye

EDCL yemereye PAC ko igiciro cy’amashanyarazi gishobora kuzagabanuka muri 2017

Mu biganiro byo gusobanura amwe mu makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi w’Imari ya Leta mu micungire y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amashanyarazi (REG), n’icy’igishinzwe amazi (WASAC), Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi (EDCL) yavuze ko hagendewe ku bimaze kugerwaho hari icyizere ko mu mwaka utaha amashanyarazi ashobora kuzagabanukaho nka 20% ku giciro. Abadepite barebaga aho REG igeze yishyuza amafaranga […]Irambuye

en_USEnglish