Tags : Musoni James

Ikigega kirimo miliyoni 250$ kizafasha kubona inzu za make

*Kenshi ngo inzu bita iza make zubakirwa abo mu cyiciro kitazikeneye cyane *Iki kigega nikijyaho ngo bizafasha guhenduka kw’inguzanyo za banki ku bubaka *Barareba uko umuntu w’amikoro make yakodesha inzu akazayegukana nyuma   Mu nama yahuje Minisitiri w’Ibikorwa Remezo n’abikorera ndetse n’abanyamabanki baganira ku bijyanye no kubaka inzu za make (affordable houses) mu Rwanda, Minisitiri Musoni James […]Irambuye

Army week yatangirijwe mu gishanga cya Nyandungu kizahingwamo imboga

*Gen Patrick Nyamvumba yavuze ko Army week uyu mwaka izaba yagutse Kuri uyu wa kane mu karere ka Kicukiro ingabo z’u Rwanda ku bufatanye na Police, Minisiteri y’ibikorwa remezo n’abaturage batangije igikorwa cya Army-Week kizamara amezi abiri batunganya mu gishanga cya Nyandungu cya Hegitari 17 ku gice cy’ahitwa “ku mushumba mwiza”. Iki gishanga kizahingwamo imboga. […]Irambuye

Miliyoni 350$ zigiye gushorwa mu mashanyarazi ava kuri nyiramugengeri

*Uruganda ruzubakwa i Gisagara ruzatanga MW 80, *Mu mezi 33 uru ruganda ruzaba rwatangiye gutanga amashanyarazi. Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yatangaje ko guhera mu kwezi kwa mbere igiciro cy’umuriro w’amashanyarazi kizaba cyagabanutse kubera imishinga iri gukorwa, yabitangaje nijoro kuwa kabiri nyuma y’amasezerano yasinywe hagati y’umushoramari ugiye kubaka uruganda rw’amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri mu Gisagara […]Irambuye

Bye bye ONATRACOM, RITCO yayisimbuye izatangirana n’umwaka utaha

Kuri uyu wa kabiri mu imurika ry’imihigo y’ibigo bikorera muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo no gusinyana na Minisitiri igiye kweswa, Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri ushinzwe ubwikorezi yavuze ko ikigo RITCO cyasimbuye ONATRACOM, kandi ngo imodoka zicyo zizatangira gutwara abari mu bwigunge mu mwaka utaha. Mu bice bitandukanye by’icyaro abaturage usanga bataka ikibazo cy’imodoka zibatwara nyuma […]Irambuye

Hakan Madencilik igiye kongera MW 80 ku mashanyarazi y’u Rwanda

Kompanyi ya Hakan Madencilik Ve Elektrik Uretim Santic AS yo muri Turkiya niyo yatsindiye iryo soko, ku mugoroba kuri uyu wa gatatu yasinye na Minisiteri y’ibikorwaremezo amasezerano yo kuvana muri nyiramugengeri yo mu kibaya cy’Akanyaru muri Gisagara amashanyarazi angana na 80MW agomba kugera ku banyarwanda mu kwa gatatu 2020. Leta y’u Rwanda isanzwe yo ifite […]Irambuye

“Abishe iki gihugu uwabagarura ngo barebe amajyambere kigezeho”- Kagame

Mu ijambo Perezida Kagame yavugiye mu cyumba cy’inyubako nsha y’Umujyi wa Kigali (Kigali City Hall) ubwo yatahaga iyi nyubako n’indi nshya yitwa M Peace Plazza y’umushoramari Makuza Bertin iherutse kuzura ahahoze IPOSITA mu mujyi rwagati, yashimye urwego iterambere ry’Umujyi wa Kigali rigezeho avuga ko abashakaga gutuma u Rwanda ruta agaciro rugasenyuka, bagarutse bakareba iterambere rugezeho […]Irambuye

U Rwanda nta cyo rutageraho rufite umuyobozi nka Kagame –

Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Umuganura mu Rwanda, Perezida wa Sena Bernard Makuza wari woherejwe na Perezida Paul Kagame ngo amugereze ubutumwa ku baturage, yavuze ko Umuganura ari umunsi ugaragazaza ubumwe n’ubufatanye by’Abanyarwanda, avuga ko uyu munsi ugomba kubaho bihereye mu muryango, yizeza abaturage ko mu bufatanye bwabo u Rwanda nta cyananirana kugerwaho mu […]Irambuye

Bwa mbere Imena zibutse Abatutsi bishwe bajugunywa ahatazwi

Umuryango w’abarokotse Jenoside basigaye ari umwe iwabo, IMENA, bwa mbere bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe bakajugunywa ahantu hatazwi, ibi bakoze ngo ni igikorwa cy’ubutwari kigomba gushyigikirwa kikazahora kiba buri mwaka. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa gatandatu, utangizwa n’igitambo cya misa cyabereye mu Kigo cya St Paul mu mujyi wa Kigali, nyuma hakurikiraho urugendo […]Irambuye

Ubukerarugendo bw’urukererezabagenzi ku muhanda Kigali-Musanze

Aha hari urugendo rw’amasaha abiri mu modoka itahagaze umwanya munini, kuva Nyabugogo kugera mu mujyi wa Musanze. Ni agace k’ubukerarugendo ku muntu wese ukunda kureba ibyiza nyaburanga by’ibidukikije. Ubukerarugendo bivuze, kuva ahantu ukajya ahandi mu buryo bwo gutembera ugamije kwishimisha no kumara amatsiko wari ufitiye aho hantu ndetse no kureba ibyiza by’ibidukikije. Musanze – Kigali, […]Irambuye

Ngoma: Barasaba ko ikiraro kibahuza na Bugesera kizubakwa mu buryo

Abatuye mu mirenge ya Sake na Rukumberi mu karere ka Ngoma ho mu Ntara y’Uburasirazuba baravuga ko babangamiwe no kuba ikiraro cyibahuza n’akarere ka Bugesera cyarasenyutse ngo n’aho gisaniwe cyikaba cyitarubatswe mu buryo burambye kuko cyinyurwaho n’imodoka ntoya gusa bityo ngo bikaba bibangamiye ubuhahirane bwabo. Abaturage bavuga ko ngo iyo bashaka kugeza imyaka i Kigali […]Irambuye

en_USEnglish