Tags : Musoni James

Nyabihu: Abahinga Icyayi bitoyemo uzajya mu Nteko gusaba ko Itegeko

26 Mata 2015 – Abaturage bo mu mirenge itandatu igize Koperative y’abahinzi b’icyayi mu karere ka Nyabihu (COOPTHEGA), bakoze inama yo gusuzuma ibyo bagezeho no kugabana inyungu y’amafaranga million ebyiri bungutse, bakaba ngo nyuma yo kubona ko iterambere bafite barikesha Perezida Kagame, banditse basaba Inteko Nshingamategeko ihindura ingingo ya 101, ndetse bemeza umuturage uzajyana iyo baruwa […]Irambuye

Ngoma na Bugesera baracyategereje umuhanda bemerewe na Perezida

Abaturage batuye mu turere twa Ngoma na Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba barifuza umuhanda uhuza utwo turere twombi urimo kaburimbo, uyu muhanda ngo bawemerewe na Prezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ariko ngo baracyategereje ko wubakwa. Perezida Kagame ngo yari yijeje abatuye Bugesera na Ngoma umuhanda uzabahuza ubwabo ndetse n’Akarere ka Huye ko mu Ntara y’Amajyepfo. […]Irambuye

Ese habaho Demokarasi nta majyambere?

Kigali – Abafashe amagambo ku mu nama mpuzamahanga ya kabiri  kuri Demokarasi n’imiyoborere myiza muri Africa, Asia ndetse n’Uburasirazuba bwo hagati yatangirijwe i Kigali kuri uyu wa 30 Kamena 2013 bagarutse cyane ku ihuriro rya Demokarasi n’Amajyambere, abayirimo bungurana ibitekerezo banabazanya niba kimwe cyaba aho ikindi kitari ndetse n’uko byajyana byombi. Iyi nama ku nshuro […]Irambuye

Burya Kiliziya Gatulika turi abakene – Msgr Smaragde

Kiliziya Gatulika yakunze gutungwa agatoki kuba itabyaza umusaruro ubutaka bunini ifite no kudasana inyubako zayo bigararagara ko zishaje. Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mu cyumweru gishize nyuma y’umwiherero wo mu muhezo wari wahuje Inama nkuru y’Abepisikopi mu Rwanda ( CEPR) na MINALOC; Musenyeri Smaragde Mbonyintege uhagarariye iyi nama akaba n’umuvuzi wayo yatangaje ko ibi biterwa no kuba […]Irambuye

Ihunga ry’abanyamakuru bajya kwishakira amaramuko rirasanzwe-Minisitiri Musoni

Nyuma y’uko ejo kuwa kabiri hasakaye amakuru avuga ko abanyamakuru Ntwali John Williams, Gatera Stanley na Eric Nduwayo bahunze igihugu kubera impamvu z’umutekano wabo ngo ubangamiwe, Minisitiri James Musoni aranenga cyane abo banyamakuru kuba bahunga igihugu bagenzwa no gushaka amaramuko ariko bakagenda bagisebya. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu ari nayo Minisiteri ifite aho ihuriye bya hafi n’itangazamakuru, […]Irambuye

Ngororero: Ubuso bunini bwahingwagaho ibiribwa bugiye guhingwaho icyayi

Nyuma y’uko Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, James Musoni asuye Akarere ka Ngororero kuwa gatandatu tariki ya 15 werurwe 2014, akavuga ko asanga muri aka karere hari ahantu hanini hakwera icyayi ariko hakaba hatabyazwa umusaruro, ubuyobozi bw’aka karere buratangaza ko ubuso bunini bwahingwagaho ibiribwa bitandukanye bugiye gutangira guhingwaho icyayi. Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko igice kinini cy’ubutaka […]Irambuye

Ibyishimo n’impungenge by’abaturage ku ihuzwa rya Mutuelle na RSSB

Ubuyobozi bukuru bw’igihugu buherutse gufata umwanzuro wo kwihutisha imirimo yo guhuza ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé) n’ubwishingizi bw’indwara bw’ikigo cy’ubwishingizi “Rwanda Social Security Board (RSSB)”, abaturage batandukanye twaganiriye barabishima ariko bagasaba Guverinoma kutongera amafaranga. Uyu mwanzuro nutangira gushyirwa mu bikorwa, amafaranga abaturage batanga azajya ashyirwa muri RSSB, icyo kigo kibe aricyo kiyicunga, bikazatuma abanyamuryango […]Irambuye

en_USEnglish