Tags : MINIJUST

Abafitiye Leta umwenda barasabwa kwishyura cyangwa bagakomanyirizwa

Mu kiganiro giheruka guhuza Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye n’abanyamakuru yavuze ko Leta yafashe ingamba zikomeye ku bantu batsinzwe imanza ariki bakaba batishyura amafaranga basabwa ndetse ngo mu minsi iri imbere barashyirwa mu kato. Iki kiganiro kibabaye hashize ibyumweru bibiri, Minisitiri Busingye yavuze ko mu rwego rwo kurangiza imanza Leta yatsinze, uwatsinzwe asabwa kwibwiriza agatanga amafaranga […]Irambuye

AMAFOTO yo mu birori byo gutanga impamyabumenyi muri ILPD

Nyanza 4/4/2015- Kuri uyu munsi nibwo abanyeshuri 272 barangije kwiga uburyo bwo gushyira mu bikorwa amategeko, bahabwa impamyabumenyi (diploma in legal practice).Abya barangije basabwe kurwana ruswa n’ihohoterwa rikorerwa abari n’abategarugori no guharanira guteza imbere ubutabera muri rusange. Ayo ni amwe mu mafoto y’uyu muhango: Amafoto/HATANGIMANA HATANGIMANA Ange Eric UM– USEKE.RW  Irambuye

Imanza 10 762 za gacaca ntizirarangizwa, 2 400 bafunzwe bitemewe

Icyunamo cy’uyu mwaka wa 2015 kijyana no kwibuka ku nshuro ya 21 gisanze imanza 10 762 zaciwe n’inkiko gacaca zitararangizwa, mu gihe muri gereza zo mu Rwanda abafunzwe bitemewe n’amategeko bavuye ku 7 000, bakaba basigaye ari 2 400 nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubutabera mu cyumweru gishize. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa kane w’icyumweru gishize, […]Irambuye

“Abapfobya Jenoside bazahoraho, kuvuga ko bazaceceka ni ukwibeshya,” Dr Bizimana

Dr. Bizimana Jean Damascene Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG), kuri uyu wa kabiri tariki 31 Werurwe, mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze ko abapfobya Jenoside bazahoraho, ngo kwibeshya ko bazageraho bagaceceka burundu ntibishoboka. Dr Bizimana uyobora Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside avuga ko n’Abayahudi bakorewe Jenoside, hashyize hafi imyaka 80 bagihanganye n’icyo kibazo […]Irambuye

Karongi: Koperative ikusanya amata yambuye aborozi Frw 2000 000

Koperative INKA IRARERA ikusanya amata yambuye aborozi 139 bo mu murenge wa Rubengera amafaranga agera kuri miliyoni ebyiri, abaturage bavuga ko uyu mwenda umaze imyaka ibiri nta gikorwa ngo bishyurwe. Aba baturage bavuga ko bari barumvikanye n‘iyi Koperative ko bazajya bayiha amata na yo ikabishyura ku kwezi, ariko ngo si ko byagenze. Abaturage bavuga ko […]Irambuye

Umuvunyi asanga bitoroshye gutahura amayeri y’IBIFI BININI byiba Leta

*Urwego rw’Umuvunyi ngo ntirubasha gutahura ibifi binini kubera amayeri yiganywe ubuhanga, *Abadepite ntibabyumva, bo bavuga ko ibimenyetso bya ruswa bigaragara ukurikije uko abayobozi batera imbere vuba, *Imishinga myinshi yadindiye, uwo kubyaza amashanyarazi Kalisimbi, Stade ya Huye ituzura,… *Abadepite banenze raporo ko yuzuyemo udifi duto gusa, abariye frw 1000, frw 2000, frw 5000 uwa menshi ngo […]Irambuye

Busingye yavuze ko Leta yabonye imitego ifata ‘IBIFI BININI’ biyiba

Hashize iminsi havugwa abayobozi mu nzego z’ibanze bafatwa bakekwaho kurya cyangwa gukoresha nabi amafaranga ya Leta, abandi bagatabwa muri yombi bakekwaho kurya ruswa. Mu kiganiro n’abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize, Minisitiri w’Ubutabera yavuze ko Leta yize amayeri mashya yo gufata abayobozi bakuru, iyo bari mumakosa bamwe bakunze kwita ‘ibifi binini” bakekwaho ibyo byaha. Ahanini, abaturage […]Irambuye

Runyinya Barabwiriza yagizwe umwere ku byaha bya Jenoside

26 Werurwe 2015 – Urukiko Rukuru mu Rwanda rwahanaguyeho ibyaha byose Dr Runyinya Barabwiriza wahoze ari umujyanama wa Prezida Juvenal Habyarimana, uyu yari yaragizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Huye. Kuri uyu wa kane nibwo Urukiko Rukuru rwategetse ko Dr Barabwiriza akomeza kuba umwere ku byaha bya Jenoside yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha. Uyu yafunzwe imyaka 16 aza […]Irambuye

Abajura bambura abagore amasakoshe, abapfumura inzu,… baburiwe

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yasabye abakora ubujura butandukanye byitwa ko ari buto kubureka, kuko ngo bafatiwe ingamba zikomeye ku buryo bitazabagwa amahoro. Minisitiri Busingye yabivuze nyuma yo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga, aba bakaba basabwe kurangiza imanza nyinshi zaciwe ariko na n’ubu abazitsinze bakaba batarahabwa ibyo batsindiye. Yagize […]Irambuye

Uwinkindi yanze kugira icyo abaza abatangabuhamya atarabona abunganizi

Nyuma y’uko abunganiraga Pasiteri Jean Uwinkindi bikuye mu rubanza Leta ikamugenera abandi bunganizi akavuga ko atabashaka, kuri uyu wa 04 Werurwe 2015 urubanza rwakomeje humvwa abatangabuhamya bane b’ubushinjacyaha, gusa Uwinkindi yanze kugira icyo ababaza ku byo bamushinjaga bitewe n’uko ngo atarabona abanyamategeko bamwungarira mu rubanza rwe. Mu rubanza rwatangiye saa tatu za mu gitondo kugeza […]Irambuye

en_USEnglish