AMAFOTO yo mu birori byo gutanga impamyabumenyi muri ILPD
Nyanza 4/4/2015- Kuri uyu munsi nibwo abanyeshuri 272 barangije kwiga uburyo bwo gushyira mu bikorwa amategeko, bahabwa impamyabumenyi (diploma in legal practice).Abya barangije basabwe kurwana ruswa n’ihohoterwa rikorerwa abari n’abategarugori no guharanira guteza imbere ubutabera muri rusange.
Ayo ni amwe mu mafoto y’uyu muhango:
Amafoto/HATANGIMANA
HATANGIMANA Ange Eric
UM– USEKE.RW
5 Comments
Birashekeje!!!!!!!na Evode uhindagurika nk’uruvu yarahari!muzirinde gusimbuza umutwe igifu nka Evode.
Mukosore: Umushyitsi mukuru waje ahagarariye MINEDUC, si umuyobozi muri REB ahubwo ni Executive Director of the Higher Education Council (HEC), Dr Innocent Sebasaza Mugisha. Nyamuneka mujye mumenya abayobozi. HEC ni urwego rureberera amashuri makuru na za kaminuza zose zikorera ku butaka bw’u Rwanda.
Itorero rya Former NUR “”Indangamuco”” rikomeje kuba ubukombe!!!! mukomereze aho turabakunda cyaneeee
OK
Abacamanza bige guca Imanza zirimo ubushakashatsi kandi buba ke jurisprudences!
Naho gushingira ku mu are w’imanza Kugira ngo ube Umucamanza mwiza ntabwo aribyo! Niyo rwaba rumwe ruciye neza nabandi bakazajya barushingiraho
Comments are closed.