Tags : MINADEF

Lt Gen K. Karake, Maj. Gen J. Nziza,…mu basirikare bahawe

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) buratangaza ko bwashyize mu kiruhuko abasirikare 817 barimo Aba-Ofisiye na ba Suzofisiye 369 n’abandi 378 barangije amasezerano y’akazi bari bafitanye na RDF, naho abandi 70  bakuwe muri RDF kubera impamvu z’uburwayi. Mu bahawe ikiruhuko harimo Lt Gen Karenzi Karake, Maj Gen Jack Nziza na Brig Gen Gashayija Bagirigomwa. Itangazo riri ku […]Irambuye

Gakenke: Muri ‘Army Week’ Barashima ko bavuwe indwara bamaranye igihe

Ku bitaro bya Nemba mu karere ka Gakenke, Bamwe mu bahawe serivisi z’ubuvuzi n’ingabo z’u Rwanda zatangiye icyumweru cyahariwe ibikorwa byazo (Army Week) baravuga ko bamaze iminsi barwaye indwara ariko barabuze ubushobozi bwo kujya kwivuriza mu mavuriro akomeye y’i Kigali, bagashima kuba ingabo z’u Rwanda zabegereye zikabavura ku buntu. Muri iki gikorwa cy’ubuvuzi bw’ingabo z’u […]Irambuye

Kicukiro: Abasirikare 3 bapfiriye mu mpanuka ikomeye, 21 barakomereka

Update: Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Rene Ngendahimana yatangaje ko abasirikare batatu baguye muri iyi mpanuka, abagera kuri 21 bagakomereka, muribo batandatu ngo bakomeretse bikomeye. Yavuze ko Polisi y’u Rwanda yatangiye iperereza ngo hamenyekane icyateye iriya mpanuka. Kare : Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri imbere ya Kuri Ecoles des Amis ku muhanda […]Irambuye

Polisi yagaragaje abahamagaraga abantu bababeshya ngo batsindiye ibihembo

*Aberekanywe ni abasore batanu bakiri bato, *Barakekwaho kuba bamwe mu bajya bahamagara umuntu bamubwira ko yatsindiye ibihembo, bakamurya amafaranga, *Bafashwe bamaze gutekera umutwe umukecuru ko, Jeanette Kagame yemeye kurihira umwana we amashuri bamwaka amafaranga 53 000, *Aberekanywe bose bakomoka mu karere ka Nyanza. Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yerekanye abasore batanu bakurikiranwyeho guteka […]Irambuye

U Rwanda rwiteguye gukorana na Congo Kinshasa mu guhashya FDLR

Mu nama ijyanye n’Umutekano ihuje intumwa za Leta ya Congo Kinshasa n’iz’u Rwanda, Minisitiri w’Ingabo Gen James Kabarebe yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukorana na Congo kugira ngo inyeshyamba za FDLR zirandurwe burundu, naho Minisitiri w’Umutekano n’ingabo zavuye ku rugerero muri DRC yashimye ibikorwa bya Perezida Paul Kagame. Muri iyi nama ibera i Kigali, Minisitiri […]Irambuye

IPRC East: Abatoza b’intore bahawe ubundi bumenyi buzabafasha mu kazi

Mu Ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu Ntara y’Uburasirazuba (IPRC East ) kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Kanama 2015 hasojwe itorero ry’abatoza b’Imparirwabumenyi za IPRC East, byitezwe ko ibyo batojwe bizabafasha kwimakaza indangagaciro na kirazira nyarwanda kugira ngo basanishe umurimo wabo w’uburezi n’inshingano bafite ku gihugu. Itorero ry’abatoza b’imparirwabumenyi (intore za IPRC East) […]Irambuye

i Gabiro: Kagame asanga abiga mu mahanga bavanzwe n’abimbere bakuzuzanya

Kuri uyu wa gatandatu tariki 1/8/2015 Perezida Paul Kagame mu gusoza itorero ry’indangamirwa icyiciro cya 8, yasabye urubyiruko rwiga mu mahanga kujya rushyira imbere ibifite akamaro, ubumenyi buhaha bukaba bwo kububaka no kubaka igihugu cyabo, yanasabye abategura iri torero kureba uko bajya bavanga aba bana biga mu mahanga n’urubyiruko rw’imbere mu gihugu. Iri torero ryatangiye […]Irambuye

Brig Gen Rusagara azakomeza kuburanishwa n’abacamanza yari yanze

Mu rubanza Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buregamo Col. Tom Byabagamba n’abo bareganwa ibyaha birimo “gukwirakwiza ibihuha bigamije kwangisha abaturage ubutegetsi buriho”, kuri uyu wa gatanu Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwanzuye ko Brig Gen Frank Rusagara (Rtd) akomeza kuburanishwa mu mizi n’abacamanza babiri yari yanze kuko nta mpamvu ihari ibaheza muri uru rubanza. Inteko idasanzwe yagenwe n’Urukiko […]Irambuye

El Fasher: Ingabo za RDF ziri mu butumwa bw’amahoro zatangiye

Izi ngabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (UNAMID) zatangiye imirimo yo gusana ishuri ribanza riri ahitwa Jugujugu mu mujyi wa El Fasher, muri Km 7 hafi n’ibirindiro by’ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt44 Super Camp). Iki gikorwa kizaterwa inkunga na UNAMID binyuze mu cyitwa umushinga utanga impinduka vuba (Quick Impact Project), bikorwe n’ingabo z’u Rwanda zagiye […]Irambuye

en_USEnglish