Tags : Mbarushimana Emmanuel

Mbarushimana ngo yarwaye, Avoka we ati “ahamagazwe yihanangirijwe”…Byose byanzwe

Mbarushimana Emmanuel alias Kunda ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside birimo kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, kuri uyu wa 22 yandikiye urukiko arumenyesha ko atitabira iburanisha kubera uburwayi biteshwa agaciro kuko nta bimenyetso bigaragaza ko arwaye koko, Avoka we asaba ko hakurikizwa amategeko ntaburanishwe adahari ahubwo agahamagazwa yihanangirijwe ariko […]Irambuye

Uwaje gushinja Mbarushimana ngo nta ruhare amuziho…Ahubwo ngo yahishe abahigwaga

*Yasabye umwanya wo kubanza kuramutsa uwaje kumushinja… Mu rubanza ruregwamo Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, kuri uyu wa 22 Ugushyingo umutangabuhamya w’Ubushinjacyaha wahawe izina ‘KMK’  yavuze ko atigeze abona uregwa ari mu bikorwa by’ubwicanyi, avuga ko yari yarahishe abo mu muryango w’umugore we bahigwaga […]Irambuye

Ushinja Mbarushimana yavuze ko yaje kwica ku kigo cy’Ababikira akenyeye

*Yavuze ko uregwa yagize uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi bane…Umwe yishwe urubozo, *Uyu mutangabuhamya warokotse ngo yakijijwe no kudatanga ibyangombwa byanditsemo ‘Tutsi’, *Urukiko rwemereye uregwa kumanuka rukajya ahavugwa ko yakoreye ibyaha akekwaho. Mu rubanza ruregwamo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi basaga ibihumbi 50 bari bahungiye ku Gasozi ka Kabuye mu cyahoze ari Perefegitura […]Irambuye

Mbarushimana: Uwarokotse ngo ntiyamushinja barebana kuko ‘ashobora guhungabana’

*Ngo uregwa yabateye Grenade ku gasozi ka Kabuye, benshi barapfa, we arakomereka, *Yababajwe n’uko uregwa yamubajije ngo ‘yabateye Grenade ahagaze he’… Mu rubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyemo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho ibyaha bya Jenoside, kuri uyu wa 04 Ukwakira, Umutangabuhamya warokotse ubwicanyi bwakorewe Abatutsi bari bahungiye ku Gasozi ka Kabuye, yavuze ko atatanga ubuhamya arebana imbona nkubone n’uregwa […]Irambuye

Mbarushimana: Umutangabuhamya ngo yamubonanye ubuhiri n’imbunda

*Ngo mbere ya Jenoside ntiyari azi ko Mbarushimana yakora ibikorwa by’ubugome, *We avuka ko i Kabuye haguye abasaga ‘Miliyoni’ *Yanyuzagamo akabwira uwo ashinja kumwibutsa kuko ngo abizi kumurusha… Mu rubanza ruregwamo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 29 Nzeri, Umutangabuhamya w’Ubushinajcyaha witwa Kayumba Theophile yavuze ko rimwe yabonye uregwa […]Irambuye

Abunganira Mbarushimana babwiye urukiko ko “Nta byaha bya Jenoside bibaho”

*Bavuga ko Mbarushimana ashobora gukurikiranwaho gucura umugambi wa Jenoside mu gihe yaba itaragezweho, *Ngo uwo bunganira yakurikiranwaho kwica no kurimbura mu gihe yaba yaragabye ibitero ku bantu batari Abatutsi, *Basabye ko umukiliya wabo akwiye gukurikiranwaho icyaha kimwe … Urukiko rwabiteye utwatsi, *Kera kabaye umwunganizi wari umaze amezi asaga ane yarambuwe ijambo muri uru rubazna, yongeye […]Irambuye

Abunganira Mbarushimana bahawe ikindi gihe cyo gukora iperereza rishinjura utabemera

*Ngo bagombaga gukora iperereza mu bihugu bitandukanye ku Isi,…Bemererwa ahahoze ari muri Komini Muganza; *Batekerezaga ko bakoresha asaga Miliyoni 100, Urukiko rubasaba gukorera mu Rwanda, basaba miliyoni 4.3; *Kuri uyu wa Mbere babawiye Urukiko ko batakoze iperereza kubera kutabonera ku gihe ubufasha bwa MINIJUST. Me Shoshi Bizimana na Twagirayezu Christophe bahagarariye inyungu z’Ubutabera (bunganira utabemera) […]Irambuye

Ubujurire bwa Mbarushimana ku guhabwa abapererezi bigenga bwateshejwe agaciro

*Mbarushimana avuga ko ikirego aregwa kidasobanutse, ubushinjacyaha bukavuga ko ibyo byaburanywe, *Uruki rwatesheje agaciro ubujurire bwa Mabarushimana wifuzaga abazamufasha gukora iperereza bigenga, *Ku wa kane tariki 11 Urukiko Rukuru ruzasoma umwanzuro rwafashe ku gihe cy’iperereza ku byaha Mbarushimana aregwa cyasabwe n’abamwunganira. Urugereko rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka, kuri uyu wa gatatu tariki 3 Gashyantare […]Irambuye

Mbarushimana yabwiye Urukiko ko mubo ashinjwa ko yishe hari ukiriho

*Mbarushimana uregwa Jenoside avuga ko ikirego cy’Ubushinjacyaha kitumvika, ngo gisubirwemo; *Urutonde rwa ba ‘victims’ (abagizweho ingaruka n’ibyo akurikiranyweho) ngo ntirusobanutse; *Akeneye icyemezo gikuraho igihano cya Burundu y’umwihariko yakatiwe n’Inkiko Gacaca, bitabaye ibyo ngo yaba ari kuburanishwa inshuro ebyiri; *Akomeje gusaba Urukiko gushyiraho abantu bigenga bazakora iperereza rimushinjura. Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda bukurikiranyemo Mbarushimana […]Irambuye

Denmark yohereje Mbarushimana mu Rwanda kubazwa Jenoside

Mbarushimana Emmanuel, wahoze ari umuyobozi w’amashuri (inspecteur) mu cyahoze ari Komini Muganza Perefegitura ya Butare yagejejwe mu Rwanda mu masaa moya z’ijoro avuye mu gihugu cya Denmark, akaba aje gukurikiranwaho uruhere akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mbarushimana Emmanuel yazanywe na Police y’igihugu cya Denmark yari yarahungiyemo, imushyikiriza Police y’u Rwanda. Alain Mukuralinda, umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u […]Irambuye

en_USEnglish