Tags : #Kagame

Inyungu kuri Bourse ni hafi 18% aho kuba 11% benshi

Mu mushinga w’itegeko rigenga itangwa ry’inguzanyo ‘Bourse’ ku banyeshuri ba Kaminuza mu Rwanda, hateganyijwemo ko umunyeshuri wagurijwe azishyura inyungu ya banki ingana na 17,5%, bamwe mu badepite babona inyungu izaba iri hejuru, Minisitiri w’Uburezi we akavuga ko inyungu itajya munsi kuko ari iyo bita ‘Simple interest’. Uyu mushinga w’itegeko wagejejwe imbere y’inteko rusange ku wa […]Irambuye

Mutabaruka yasesenguye impamvu inyungu ku nguzanyo ziri hajuru mu Rwanda

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) ubwo yagaragazaga politiki y’ifaranga uko ihagaze mu gice cya mbere cy’uyu mwaka wa 2015, hari bamwe bavuze ko mu Rwanda amafaranga y’inyungu zakwa ku nguzanyo (interest rate) ari hejuru cyane. Mutabaruka Jean Jacques ufite ubumenyi mu by’Ubukungu, asanga hari impamvu eshatu zatuma inyungu ku nguzanyo zigabanuka. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke ku […]Irambuye

Bugesera: Abantu 1000 batuye ku kirwa cya Mazane umwe ni

Abaturage bo ku kirwa cya Mazane giherereye mu kiyaga cya Rweru mu karere ka Bugesera, bavuga ko kugira ngo bige ari ibintu bibakomereye kubera ko bakikijwe n’amazi bityo mu myaka isaga 100, ngo umuntu umwe rukumbi ni we warangije amashuri yisumbuye umwaka ushize nubwo atarabona akazi. Mu buzima busanzwe bwo kuri iki kirwa ngo abaturage […]Irambuye

Abadepite ‘bamwe’ ntibumva uko umukoresha azafasha Banki kwishyuza ‘Bourse’

Umushinga w’itegeko umaze iminsi ibiri utorwa n’Inteko rusange, kuwa mbere tariki ya 31 Kanama – 1 Nzeri 2015, abadepite bagaragaje impungenge z’uko uzaba ari umukoresha w’umunyeshuri wagurijwe na Banki yiga, azikorezwa umuzigo wo gutanga amakuru ku bakozi barihiwe, ndetse itegeko rikaba rimuteganyiriza ibihano atabikoze, bakavuga ko abazarangiza bashobora kutazabona akazi kubera kwanga izo ngaruka. Bidasanzwe […]Irambuye

Ubukungu bwazamutse ku muvuduko wa 7,6% mu gihembwe cya mbere

Ubwo hasokaga raporo igaragaza uko politiki y’ifaranga ihagaze mu Rwanda, Guverineri wa Banki Nkuru y’igihugu, John Rwangombwa, yavuze ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku muvuduko wa 7,6% mu gihembwe cya mbere cya 2015, ngo ikizere kirahari ko buzakomeza kuzamuka ku muvuduko wari uteganyijwe. Icyegeranyo gikubiyemo uko politiki y’ifaranga ihagaze mu Rwanda ndetse n’uko ubukungu bw’Isi […]Irambuye

Ibishanga by’Umujyi wa Kigali byugarijwe n’imyubakire inyuranyije n’amategeko

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibidukikije (REMA) cyatangiye kugenzura imirimo y’ubwubatsi n’ubworozi ikorerwa mu bishanga, abayobozi ba REMA bavuga ko iyi mirimo ifite ingaruka z’igihe kirekire ku gihugu, kuko ngo uko basatira ibishanga bigabanya ubushobozi bwabyo bwo gufata amazi bikongera ibyago byo kwibasirwa n’imyuzure. REMA yatangiriye ku guhagarika imirimo yo kwagura ikibuga cya Kigali Golf Club ikorerwa mu […]Irambuye

Rwarutabura: Abaturage bategereza amazi amasaha arenze icyenda

Nyuma y’uko ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe guteza imbere ingufu z’amashinyarazi, amazi isuku n’isukura WASAC bwizeza abaturage ko umwaka uzajya kurangira amazi mu mjyi wa Kigali amaze kwiyongera ku buryo bugaragara, mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama ahazwi nka Rwarutabura, uwagiye kuvoma ashobora kumara igicamunsi cyose yazindutse bugacya atarabona amazi. Hari mu ma saa munani z’amanywa, […]Irambuye

2015-16: Mu mihigo ikomatanye Leta yahize guhanga imirimo 314 000

Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi agaragazaga ibyagezweho mu mihigo y’umwaka wa 2014-15, mu cyumweru gishize, yavuze ko kwesa imihigo byavuye kuri 66,5%  mu mwaka wa 2013-14 bigera kuri 74,8%, avuga ko mu mihigo y’uyu mwaka wa 2015-16 Leta izahanga imirimo mishya 314 000. Anastase Murekezi avuga incamake y’imihigo uko yeshejwe, yavuze ko Leta yabashije guhanga imirimo […]Irambuye

Abagabo bigira ba ‘ntibindeba’ mu kurwanya ihohoterwa nabo ni ikibazo

Kacyiru -Kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Kanama, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame atangiza imyitozo y’abapolisi yiswe ‘Africa Unite Command Post’, abayirimo baturutse mu bihugu 30 bya Africa, yabasabye gushyira mu bikorwa ibyo bigishwa mu magambo, avuga ko ihohoterwa aho riva rikagera ridakwiriye gushyigikirwa. Iyi myitozo yaturutse ku bukangurambaga bw’Umunyamabanga Mukuru wa […]Irambuye

Kemit yafashije abagore bafite ibibazo mu buzima kumenya gufotora

Umuryango utegamiye kuri Leta, Kemit Rwanda mu mushinga wawo ‘Faces of Life’ wafashije abagore bafite ibibazo mu buzima kumenya gufotora amafoto avuga ashobora kubafasha kumenyekanisha ubuzima bwabo, kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kanama nibwo bamuritse amwe mu mafoto babashije gufotora. Antoine Ruburika umuyobozi muri RGB, asanga iki gikorwa ari cyiza ngo kuko cyigamije gufasha […]Irambuye

en_USEnglish