Tags : Kaboneka

Muhanga: Gahunda ya Tunga TV yegerejwe abaturage ku kagari

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda Cell,  yegereje  abaturage bo mu murenge wa Kabacuzi gahunda ya Tunga TV izabafasha gukurikirana amakuru yo hirya no hino, kubera ko aho batuye ari kure  n’Umujyi. Iki gikorwa cyo  kwegereza abaturage gahunda ya Tunga TV, cyabereye mu murenge wa Kabacuzi, mu Karere ka Muhanga. GASORE Gaston Patrick, Umukozi wa MTN, […]Irambuye

Ngoma: Akarere ntikashyize mu igenamigambi ikigo cy’ubuzima cyubatswe n’abaturage

Amafaranga asaga miliyari 11 z’amafaranga y’u Rwanda ni yo yemejwe n’inama njyanama idasanzwe y’akarere ka Ngoma nk’ingengo y’imari y’umwaka utaha wa 2015/16 gusa hagaragajwe impungenge z’abaturage bo mu murenge wa Murama biyubakiye ivuriro, ariko muri iyi ngengo y’imari hakaba nta mafaranga yateganyijwe yo gufasha iri vuriro kugira ngo ritangire gukora. Iyi ngengo y’imari y’akarere ka […]Irambuye

Kwitaba PAC batuzuye byatumye RSSB yangirwa kwisobanura

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Kamena, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubwishingizi n’Ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB), abayobozi bacyo ntibabashije kwisobanura ku byo bavuzweho na Raporo y’Umugenzuzi w’Imari kuko uretse gukerereza Abadepite ba Komisiyo ishinzwe gukurikirana imari ya Leta (PAC), Umuyobozi wa RSSB, yitabye atari kumwe n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi, bityo babasubizayo. Umwe mu bakozi ba RSSB yabwiye […]Irambuye

“Turashaka guhindura igihugu mu yindi myaka 10 uzahaza akazahayoberwa,” Kagame

Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Rutsiro, Perezida Paul Kagame yasabye abaturage gukora cyane bagafatanya n’ubuyobozi bwabo, na bo bakababaza iterambere, yavuze ko amanywa n’ijoro bakora kugira ngo biri Munyarwanda abone amashanyarazi, yijeje kandi abaturage ko mu myaka 10 bazahindura u Rwanda uzahaza akahayoberwa. Mu ijambo umuyobozi w‘akarere ka Rutsiro yagejeje ku bari baje kwakira […]Irambuye

Rwamagana: Abo mu murenge wa Munyaga barasaba Leta amashanyarazi

Abatuye mu kagali ka Rweru mu murenge wa Munyaga mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba baravuga ko kutagira umuriro w’amashanyarazi bagira uruhare mu gutuma batagera ku iterambere bagasaba ubuyobozi bw’akarere kubibuka na bo bakava mubwigunge. Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwo buvuga ko bitarenze ukwezi kwa kabiri umwaka utaha wa 2016 aba baturage bazaba bagejejweho umuriro […]Irambuye

Amafoto: Kwibuka Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa ahatazwi

Iki gikorwa cyakoze n’abanyamuryango b’IMENA ndetse n’inshuti zabo zabaherekeje, bwa mbere hibutswe Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa ahantu hatazwi na n’ubu. Uyu muhango watangijwe n’igitambo cya misi, aho Imena zashimiwe iki gikorwa zisabwa kwera imbuto. Amagambo menshi yavuzwe yibanze ku gukomeza aba basigaye bonyine, ndetse no gukangurira n’abandi bari muri icyo cyiciro kwiyandikisha bakamenyekana, ibi […]Irambuye

Abayobozi bashya b’Akarere ka Rubavu batowe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 29 Gicurasi, Inama njyanama y’Akarere ka Rubavu imaze gutora Sinamenye Jeremie  nk’umuyobozi mushya w’Akarere usimbura Bahame Hassan uri kuburana afunze nyuma yo kuvugwaho uruhare mu itangwa ry’isoko ryo kubaka Isoko rya Gisenyi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Uyu munsi kandi hatowe abayobozi babiri bamwungirije kuko Komite nyobozi y’aka […]Irambuye

Karongi: Abubaka agakiriro k’akarere bamaze amezi 3 badahembwa

Abakozi ba rwiyemezamirimo wubakisha agakiriro k’akarere ka Karongi baherutse gukora imyigaragambyo kuri iyi nyubako  bamushinja  kumara amezi atatu nta mafaranga abaha kandi yari yarabijeje kujya abahemba mu gihe cy’iminsi 15, buri gihe batora umurongo ku biro by’akarere baje kurega rwiyemeza mirimo badaheruka kubona. Sekamana  Charles umwe mu bakora akazi ko gufasha ababuka (aide mancon) yabwiye Umuseke […]Irambuye

Abakozi 40 ba Leta babuze imirimo mu ivugurura bashobora kwirukanwa

Ubwo Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagirana ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo wabaye kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015, yatangaje ko mu bakozi 351 bahagaritswe ku mirimo yabo mu ivugurura ryabaye mu mwaka ushize, 40 gusa ngo ni bo bashobora kuzasererwa bitewe n’uko habuze indi myanya bashyirwamo. Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Uwizeye Judith […]Irambuye

Nyabihu: Abahinga Icyayi bitoyemo uzajya mu Nteko gusaba ko Itegeko

26 Mata 2015 – Abaturage bo mu mirenge itandatu igize Koperative y’abahinzi b’icyayi mu karere ka Nyabihu (COOPTHEGA), bakoze inama yo gusuzuma ibyo bagezeho no kugabana inyungu y’amafaranga million ebyiri bungutse, bakaba ngo nyuma yo kubona ko iterambere bafite barikesha Perezida Kagame, banditse basaba Inteko Nshingamategeko ihindura ingingo ya 101, ndetse bemeza umuturage uzajyana iyo baruwa […]Irambuye

en_USEnglish