Tags : Kaboneka

Karongi: Abunzi bibukijwe ko ukuri n’ubunyangamugayo nta kaminuza byigwamo

Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye ubwo yasuraga abunzi mu karere ka Karongi aho barimo bahugurwa ku mahame agomba kubaranga ndetse n’uburyo bwakwifashishwa mu gukemura amakimbirane bagezwaho, yabasabye kurangwa n’ubunyangamugayo. Minisitiri Busingye yababwiye ko bari aho, kuko abaturage bababonyemo ubunyangamugayo, batagomba kubatenguha kuko nta kindi bibasaba. Yababwiye ko ubunyangamugayo n’ukuri basabwa mu kazi kabo nta mashuri yandi […]Irambuye

Ubuzima bwiza bushingira ku majyambere, abantu bose ku Isi nicyo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yatahaga urugomero rw’amazi ruzafasha abaturage kuhira imyaka mu karere ka Nyanza, yasabye abaturage gukora bakiteza imbere, ubafasha akagira aho ahera, ndetse yavuze ko kuba u Rwanda rufite abaturage banshi bakiri bato ari igisubizo aho kuba ikibazo. Urugomero rw’amazi rwatashywe rwubatse mu murenge wa Rwabicuma, rwatwaye amafaranga y’u Rwanda miliyari […]Irambuye

Ubuzima bwa Nkundimana wakomerekejwe bikomeye n’imvubu bugeze ahakomeye

*Imvubu yamufashe yagiye kuvoma mu kiyaga, ishaka kumushwanyaguza atabarwa agihumeka, *CHUK, yahamaze amezi atatu avurwa, arasezererwa bamuha ‘rendez-vous’ ebyiri zitubahirijwe, etegereje iya gatatu, *Amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100, yahawe n’Ikigega cy’Ingoboka yarashize, ararahanze muri CHUK, agatungwa n’abagiraneza Nkundimana Gratien ukomoka mu Karere ka Nyagatare, umurenge wa Karangazi, Akagari ka Nkoma aratabaza Leta kugira ngo imwiteho […]Irambuye

Kemit yafashije abagore bafite ibibazo mu buzima kumenya gufotora

Umuryango utegamiye kuri Leta, Kemit Rwanda mu mushinga wawo ‘Faces of Life’ wafashije abagore bafite ibibazo mu buzima kumenya gufotora amafoto avuga ashobora kubafasha kumenyekanisha ubuzima bwabo, kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kanama nibwo bamuritse amwe mu mafoto babashije gufotora. Antoine Ruburika umuyobozi muri RGB, asanga iki gikorwa ari cyiza ngo kuko cyigamije gufasha […]Irambuye

U Rwanda nta cyo rutageraho rufite umuyobozi nka Kagame –

Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Umuganura mu Rwanda, Perezida wa Sena Bernard Makuza wari woherejwe na Perezida Paul Kagame ngo amugereze ubutumwa ku baturage, yavuze ko Umuganura ari umunsi ugaragazaza ubumwe n’ubufatanye by’Abanyarwanda, avuga ko uyu munsi ugomba kubaho bihereye mu muryango, yizeza abaturage ko mu bufatanye bwabo u Rwanda nta cyananirana kugerwaho mu […]Irambuye

Rucagu yasabye abiga mu mahanga kuba ijwi ry’ibyiza u Rwanda

Ubwo hasozwaga itorero Iicyiciro cya munani, ku itariki ya 1 Kanama 2015, umuyobozi w’Itorero  ry’Igihugu Rucagu Boniface yavuze ko intore zifite inshingano zo kuvuga ibyiza biri mu Rwanda uhereye ku muco wo kubaka ubunyarwanda ugakomera kandi ukabaranga iyo bari mu mahanga. Aba banyeshuri 183 biga mu bihugu 24 ku migabane itandukanye ku Isi bamaze igihe […]Irambuye

i Ngoma: Umucuruzi udafite ‘attestation médicale’ yafungiwe 

Bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi mu mujyi wa Kibungo birimo utubari, resitora (restaurants), n’inzu zogosherwamo kuri uyu wa kane zafuzwe n’ubuyobozi bw’akarare ka Ngoma, abafungiwe baritotombera iki gikorwa bavuga ko batanazi icyatumye bafungirwa ibikorwa ariko ubuyobozi bw’akarere bwo bukavuga ko aba bacuruzi basabwa kujya kwa muganga gushaka icyemezo hagamijwe kurinda ikwirakwizwa ry’indwara. Ku nzugi z’inzu zifunzwe […]Irambuye

Rwanda: Kwimura abaturage ntibikurikiza amategeko – icyegeranyo

*Leta iyo yimura abaturage ishobora kumara imyaka ine itarishyura ubutaka n’ibindi bikorwa, *Abagenagaciro barashinjwa kugabanya nkana agaciro kubera impamvu zirimo na ruswa, *Abaturage 80% bimurwa ntibaba bishimye, Mu bushakashatsi bwashizwe ahagaragara n’ikigo gishinzwe gutanga ubwunganizi mu mategeko kuri uyu wa 29 Nyakanga 2015 cyavuze ko amategeko agenga kwimura abaturage ku nyungu rusange adakurikizwa kuko Leta […]Irambuye

Abakozi batemera guhwiturwa ni indi mbagamizi Umujyi wa Kigali ufite

Perezida w’Inama njyanama y’Umujyi wa Kigali, Dr. Sebashongore Dieudonné yabwiye Umuseke ko bashima intambwe imaze guterwa mu gukurikiza amabwiriza y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ariko avuga ko mu mbogamizi Umujyi ufite harimo n’abakozi bafite imyumvire iri hasi kandi ngo ntibaashyirwa mu kiziriko ngo bakore ibyo basabwa. Mu cyumweru gishize ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bari bamaze kwitaba […]Irambuye

Rubavu: Impinduka mu bayobozi b’akarere nyuma yo kwitaba abadepite

Mu rwego  rwo kunoza serivisi nk’uko umuyobozi w’Akarere ka Rubavu  yabisobanuye ngo hakozwe impinduka mu buyobozi aho abayobozi b’inzego zibanze batanu bavanywe ku buyobozi bw’imirenge bagashyirwa mu buyobozi bw’Akarere, abandi bagahinduranya, ngo nta sano bifitanye n’uko akarere ka Rubavu gaherutse kwitaba abadepite bagize PAC. Avugana n’umunyamakuru w’Umuseke, Sinamenye Jeremie umuyobozi mushya w’aka ka kerere yavuze […]Irambuye

en_USEnglish