Tags : Johnston Busingye

Ku 7 000 bari bafunze binyuranyije n’itegeko ngo hasigaye ikibazo

*Ngo Gereza ntiyemerewe gufunga udafite icyemezo cy’Umucamanza *Mu myaka ya 2013-2015 hagaragaye ibibazo 227 by’abantu barengeje iminsi 30 y’igifungo cy’agateganyo kigenwa n’Umucamanza. * Mu nzego z’ubutabera ngo ntihashobora gukorerwa iyicarubozo Aganira na Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena kuri uyu wa 16 Gashyantare Minisitiri w’Ubutabera […]Irambuye

Bwa mbere, hashyizweho umuhesha w’Inkiko ku rwego rw’Umuvunyi

Nyuma y’uko bigaragaye ko hari ibibazo byinshi mu kurangiza imanza Minisiteri y’Ubutabera n’Urwego rw’Umuvunyi bashyizeho umwanya utari usanzwe w’Umuhesha w’inkiko wo ku rwego rw’Umuvnyi ushinzwe gukurikirana ibibazo biba mu kurangiza imanza zakaswe n’inkiko hagamijwe kurwanya akarengane. Uyu yarahiriye imirimo ye kuri uyu wa kabiri hamwe n’abandi bahesha b’inkiko batari ab’umwuga bagera kuri 51 n’Abanoteri batandatu. […]Irambuye

Leta yasanze yarahombye miliyari 126 mu bijyanye n’imanza mu myaka

*Busingye ntiyumva uko amafaranga ya Leta ahomba abantu bicecekeye, *Ubushakashatsi mu bigo bya Leta 58 byabashije gusubiza ibibazo, bwagaragaje ko Leta ihomba amafaranga menshi mu manza, *Hari amafaranga menshi Leta yatsindiye ariko ntiyayasubizwa kubera kwitana ba mwana hagati y’ibigo na Minisiteri y’Ubutabera, *Bamwe mu banyamategeko bahembwa na Leta ntibitabira imanza Leta iba iburana ngo batange […]Irambuye

Ushinzwe ubutabera bwa USA yasuye u Rwanda aganira na Min

Mme Loretta Lynch umuyobozi ushinzwe ubutabera muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu mugoroba yageze i Kigali ahita agirana ibiganiro na Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda Johnston Busingye ku kicaro cy’iyi Minisiteri ku Kimihurura. Mu byo baganiriyeho harimo kubaka ubufatanye no gukurikirana abasize bakoze Jenoside mu Rwanda bakihishe hirya no hino ku isi. United States Attorney […]Irambuye

Africa ikeneye iki ngo ive mu ntambara, ruswa n’ubukene?

Muri Africa ahatari intambara hari ubukene, aho butari havugwa ruswa ahandi imiyoborere mibi ahandi ibi ahandi biriya….Mu nama mpuzamahanga y’iminsi itatu iri kubera i Kigali ihuje amasendika yo muri Africa, bari kuganira ku nzira zishoboka zo kuvana Africa muri ako kaga hubakwa cyane cyane imiyoborere myiza na demokarasi. Muri iyi nama yiswe ‘Panafrican Trade Union […]Irambuye

Min. Busingye yakiriye mugenzi we wa Gambia

Nyuma yo kwakira no kuganira na mugenzi we w’ubutabera muri Gambia kuri uyu wa kabiri, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Minisitiri Johnston Busingye yavuze ko nubwo muri Africa y’uburengerazuba hari ibihugu bimwe bigicumbikiye bamwe mu bakekwaho Jenoside ariko kugeza ubu nta numwe muri bene aba uraboneka muri Gambia. Nyuma y’ibiganiro by’aba bayobozi Min Busingye yabajijwe niba […]Irambuye

Stuttgart: Murwanashyaka na Musoni bayoboraga FDLR bakatiwe imyaka 13 na

Kuri uyu wa mbere, tariki 28 Nzeri, Ubutabera bwo mu Budage bwakatiye igifungo cy’imyaka 13 Ignace Murwanashyaka wahoze ari umuyobozi w’umutwe wa FDLR, n’igifungo cy’imyaka Umunani (8) Straton Musoni wari umwungirije, nyuma yo guhamwa n’ibyaha by’intambara. Aba bahamijwe ibyaha byakorewe abaturage ba Congo Kinshasa bikorwa n’umutwe bari bayoboye. Abo bagabo bombi bari bakurikiranyweho ibyaha n’ibibishamikiyeho […]Irambuye

Min.Busingye yibukije abatanga ubutabera gutanga ububoneye

Kigali – Kuri uyu wa kane nimugoroba, afungura umwiherero w’iminsi itatu w’abakozi ku nzego zose z’ubutabera kugera ku rwego rw’Akarere aho bari gusuzuma ibyo bagezeho mu kubaka ubutabera mu gihugu, Minisitiri Johnston Busingye yasabye aba bakozi gutanga ubutabera nyabwo buboneye. Nubwo hari imibare igaragaraza byinshi byagenze neza mu gutanga ubutabera, mu nkiko n’izindi nzego zitanga […]Irambuye

Lt Gen.Karenzi Karake yageze i Kigali

Mu masaha ya saa mbiri  z’igitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 13 Kanama, Lt.Gen.Karenzi Karake yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe. Ni nyuma y’uko arekuwe n’ubutabera bw’Ubwongereza ho yari amaze iminsi 50 akurikiranywe kubera impapuro z’abacamanza bo muri Espagne. Igaruka mu Rwanda rya Lt Gen Karake ryaraye ritangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]Irambuye

“Tuzishyurwa gukurikiranwa kutari gukwiye” – Min Busingye kuri Gen Karake

Minisitiri w’ubutabera Johnston Busingye yatangaje ko u Rwanda ruzishyurwa kuba umuyobozi ushinzwe ubutasi bwarwo yarakurikiranywe mu buryo butari bukwiye kuba nk’uko bitangazwa na KT Press. Lt Gen Karenzi Karake yarekuwe kuri uyu wa mbere nyuma y’uko abacamanza basanze ibyo aregwa nta shingiro bifite. Yari amaze hafi amezi abiri abujijwe kuva mu Bwongereza ndetse Urukiko rwarasabye […]Irambuye

en_USEnglish