Tags : Jean Philbert Nsengimana

‘Smart Cities Blue Print’ u Rwanda rwamurikiye Africa kirimo iki?

Ubwo hatangizwaga Inama Nyafurika ku ikoranabuhanga “Transform Africa 2017” kuri uyu wa gatatu, u Rwanda rwamuritse igitabo gikubiyemo imirongo migari ibihugu bya Africa byagenderaho byubaka imijyi iteye imbere kandi yubakiye Serivise zose ku ikoranabuhanga “Smart Cities Blue print”. Mu 2030, igenamigami ry’imiturire muri Africa riteganya ko byibura 70% by’abatuye uyu mugabane wa Africa bazaba batuye […]Irambuye

I Kigali hateraniye inama yiga ku ruhare rw’Ikoranabuhanga mu ntego

I Kigali hateraniye inama y’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (ITU) yiga ku ruhare rw’ikoranabuhanga n’itumanaho mu kwihutisha intego z’iterambere rirambye za 2030. Iyi nama kandi izanagaruka by’umwihariko ku iterambere rya Afurika (Regional Development Form). Iyi nama mpuzamahanga izanagaruka ku myitegura y’inama nyafurika izategura kumurikira Isi yose ibyo Afurika yagezeho, izaba mu mwaka utaha, iyi nama yitwa […]Irambuye

Rulindo: Min J. Philbert yasabye urubyiruko guhanga amaso amahirwe abegereye

Mu gikorwa cyo gutangiza ukwezi kwahariwe urubyiruko ‘Youth Connekt Month’, Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe abegereye nko kuba buri Munyarwanda ashobora kwiga amashuri kugeza ku yisumbuye n’ibikorwa remezo byashyizweho birimo amashanyarazi. Iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Kisaro muri aka karere ka Rulindo, cyabimburiwe n’umuganda wo guhanga umuhanda uhuza […]Irambuye

U Rwanda rubimburiye Isi mu gutangiza Drones zizakoreshwa mu buvuzi

*Keller Rinaudo uyobora Zipline yavuze ko bashoye miliyoni 12 z’Amadolari mu gukora drones zabo, *Nta gihindutse muri Nyakanga 2016 drones hagati ya 12 na 15 zizaba zageze mu Rwanda, gahunda yo izatangira gukora mu Ugushyingo 2016. Uyu mushinga wa Drones Zipline umaze kwemeranywaho hagati ya Leta y’u Rwanda ihagarariwe na Minisiteri y’Ubuzima n’Iy’Ikoranabuhanga, n’ikigo Zipline […]Irambuye

Min. Nsengimana yasabye abayobozi bashya b’urubyiruko kuzana imbaraga nshya

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana, ni ubwe wayobozi umuhango wo guhererekanya ububasha hagati ya Komite nyobozi y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko icyuye igihe na komite nshya. Uyu muhango wabaye kuri uyu mbere tariki 04 Mata 2016, Minisitiri Nsengimana akaba yasabye abayobozi bashya kuzana imbaraga nshya mu kuyobora urubyiruko. Komite nshya yahise irahirira imirimo mishya; uko ari […]Irambuye

Internet mu modoka zitwara abagenzi muri Kigali yafunguwe uyu munsi

Kuri uyu wa kane Internet imaze iminsi igeragezwa mu modoka zitwara abagenzi i Kigali nibwo yafunguwe kumugaragaro. Minisitiri w’Ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana yavuze ko iyi Internet ari ingirakamaro ku bagenzi. Abagenzi bo bavuga ko iyi Internet ari nziza ariko uburyo bwo kuyigeraho (access) butoroheye buri wese. RURA, Umujyi wa Kigali, Kompanyi zitwara abagenzi , Telecom […]Irambuye

Urubyiruko si ba bihemu, ababibita ni ukubeshya – Min Nsengimana

Mu nkera y’imihigo y’Urubyiruko (Youth Connect), hahembwe imishinga 30 y’Urubyiruko yahize indi, uwa mbere uhabwa miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda, uwukurikiye ebyiri uwa gatatu ugahaba miliyoni imwe, Minisitiri Jean Philbert Nsengimana w’Urubyiruko, yavuze ko iyi mishanga igomba kubungabungwa kuko yitezweho gutanga akazi, kandi asobanura ko banki zikangukira gukorana n’urubyiruko kuko atari ba bihemu. Ibi bikorwa […]Irambuye

RGB yahembye 3 bahimbye uburyo telefone yakoreshwa mu kwihutisha Serivise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) cyatanze ibihembo ku bantu batatu ba mbere mu gukora uburyo (Applications) za Telephone buzifashishwa mu kuvugura imitangire ya serivise, izi Applications bakoze ngo zizafasha u Rwanda kugera ku ntego ya 85% mu gutanga serivise nziza mu 2018. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Nsengimana Philibert yavuze ko […]Irambuye

Imbuto Foundation yahembye Urubyiruko rw’Indashyikirwa

Ku nshuro ya gatanu, Imbuto Foundation ifatanyije na Minisiteri y’Urubyiruko n’ikoranabuhanga yatanze ibihembo ku rubyiruko rufite ibikorwa by’indashyikirwa n’abahize abandi muri YouthKonnect mu bikorwa bitanga ikizere mu kubaka u Rwanda no kuruha agaciro nk’uko byagarutsweho na Mme Jeannnette Kagame, mu muhango wo kubagezaho ibihembo mu ijoro ryo kuwa gatanu. Abahabwe ibihembo ni; Athanase Ruhumuriza washinze […]Irambuye

Ibyaha by’ikoranabuhanga byatwaye miliyari 400$. RNP irashimwa kubirwanya

Kakiru – Mu nama y’iminsi ibiri iri guhuza impuguke mu gutahura no kurwanya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga; kuri uyu wa 28 Ukwakira umuyobozi muri polisi Mpuzamahanga (Interpol); ishami ryo kurwanya ibi byaha; Sanjay Virmani yavuze ko muri uyu mwaka ibi byaha no kubirwanya byatumye amafaranga asaga Miliyari 400 z’amadolari y’Amerika asohoka. Uyu muyobozi yashimiye uruhare […]Irambuye

en_USEnglish