Tags : Itegeko Nshinga

Rubanda bati iki kuri REFERENDUM yo kuwa gatanu?

*Abenshi twaganiriye ntibazi ibikubiye mu Itegeko Nshinga ryavuguruwe *Benshi ariko barabizi neza ko Itegeko Nshinga ryavuguruwe *Bacye ntabyo bazi, bazi ko amatora yo kuwa gatanu ari ayo gutora Kagame *Benshi ikibashishikaje ni ugutora Referendum kugira ngo P.Kagame yongere yiyamamaze. *Umwe yavuze ko bazamutora ariko amusaba kugabanya imisoro Abanyamakuru b’Umuseke mu mujyi wa Kigali, mu turere […]Irambuye

ITEGEKO NSHINGA rivuguruye uzatora muri Referendum: Ingingo ya 106 >>

Muri gahunda yo kubamenyesha Itegeko Nshinga rivuguruye Abanyarwanda bazatora, bemera cyangwa banga, muri Referendum ya tariki ya 17 na 18 Ukuboza, tugeze ku ngingo ya 88 kugeza kuya 105. Iri tegeko Nshinga rigizwe n’ingingo zose hamwe 177. Ingingo ya 106: Ububasha bwo gushyira umukono ku mategeko Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mategeko yatowe bitarenze […]Irambuye

Menya ITEGEKO NSHINGA rivuguruye uzatora muri Referendum: Ingingo ya 88

Muri gahunda yo kubamenyesha Itegeko Nshinga rivuguruye Abanyarwanda bazatora, bemera cyangwa banga, muri Referendum ya tariki ya 17 na 18 Ukuboza, tugeze ku ngingo ya 88 kugeza kuya 105. Iri tegeko Nshinga rigizwe n’ingingo zose hamwe 177. Ingingo ya 88: Uburenganzira bwo gutangiza no kuvugurura amategeko Gutangiza amategeko no kuyavugurura ni uburenganzira bwa buri Mudepite […]Irambuye

Menya ITEGEKO NSHINGA uzatora muri Referendum: Ingingo ya 71 –

Muri gahunda yo kubamenyesha Itegeko Nshinga rivuguruye Abanyarwanda bazatora, bemera cyangwa banga, muri Referendum ya tariki ya 17 na 18 Ukuboza, tugeze ku ngingo ya 53 kugeza kuya 70. Ingingo ya 71: Inama zihuriweho n’imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko ntishobora guteranira hamwe, keretse iyo hari ibibazo iri Tegeko Nshinga cyangwa […]Irambuye

ITEGEKO NSHINGA uzatora muri Referendum: Ingingo ya 53 – 70

Muri gahunda yo kubamenyesha Itegeko Nshinga rivuguruye Abanyarwanda bazatora, bemera cyangwa banga, muri Referendum ya tariki ya 17 na 18 Ukuboza, tugeze ku ngingo ya 53 kugeza kuya 70. Ingingo ya 53: Kurengera ibidukikije Buri muntu afite inshingano yo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije. Leta yishingira kurengera ibidukikije. Itegeko rigena uburyo bwo kurengera, kubungabunga […]Irambuye

ITEGEKO NSHINGA uzatora muri Referendum: Ingingo ya 35 – 52

Muri gahunda yo kubamenyesha Itegeko Nshinga rivuguruye Abanyarwanda bazatora, bemera cyangwa banga, muri Referendum ya tariki ya 17 na 18 Ukuboza, tugeze ku ngingo ya 35 kugeza kuya 52. Ingingo ya 35: Uburenganzira ku mutungo bwite w’ubutaka Umutungo bwite w’ubutaka n’ubundi burenganzira ku butaka bitangwa na Leta. Itegeko rigena uburyo bwo gutanga, guhererekanya no gukoresha […]Irambuye

Abasenateri nta mpinduka bakoze ku ngingo ya 101

Kuva kuwa mbere w’iki cyumweru, Komisiyo ya Politike n’Imiyoborere myiza ya Sena y’u Rwanda irimo gusuzuma umushinga w’Itegeko Nshinga rishya, ingingo ya 101 ari nayo shingiro ry’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga bayinyuzeho ntacyo bahinduye kuyatowe n’Abadepite. Iyi Komisiyo ya Politike n’Imiyoborere myiza ya Sena, iri kumwe n’abandi Basenateri banyuranye irimo gukora bidasanzwe, dore ko kuri uyu wa […]Irambuye

Abashinzwe imirimo yo kuvugurura Itegeko Nshinga barahiye

Abagize Komisiyo ishinzwe kunganira Inteko Ishinga Amategeko kuvugurura Itegeko Nshinga ry’ u Rwanda mu rukiko rw’Ikirenga niho kuri uyu wa gatatu barahiriye gukora neza imirimo bashinzwe, bahawe igihe cy’amezi ane. Aba bantu barindwi bashyikirije abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko inzandiko zibemerera gutangira imirimo maze Inteko (imitwe yombi) ibashyikiriza ibikoresho n’inzandiko bizabafasha gutangira imirimo yabo. Hon Donatille […]Irambuye

Urukiko rw’Ikirenga ruhaye agaciro ikirego Green Party iregamo Leta y’u

*Green Party irega Leta y’u Rwanda gukora ibikorwa bigamije guhindura itegeko nshinga, *Ivuga ko ingingo ya 101 ibuza umukuru w’Igihugu kurenza manda ebyiri ari ‘Ntayegayezwa’, *Ihakana yivuye inyuma ko ingingo ya 193 y’Itegeko Nshinga idateganya ivugururwa ry’ingingo ya 101, *Green Party isaba ko habaho gusobanura byimbitse ingingo ya 101 n’iya 193 z’itegeko Nshinga. *Abunganira Leta […]Irambuye

en_USEnglish