Tags : Itegeko Nshinga

Mu kwiregura ‘Leta’ yavuze ko Green Party itazi icyo ishaka

Mu rubanza Ishyaka riharanira Demokarasi no kubungabunga Ibidukikije Green Party riregamo Leta y’u Rwanda gushaka guhindura Itegeko Nshinga kugira ngo Perezida Kagame azongere kwiyamamariza umwanya wo kuyobora u Rwanda; kuri uyu wa 29 Nyakanga umwe mu ntumwa ziburanira Leta yavuze ko iri shyaka ritazi icyo rishaka kuko icyo bita ikirego kitari gikwiye kuzanwa mu rukiko. […]Irambuye

Kwisabira ko Itegekonshinga rihinduka nayo ni Demokarasi – Mushikiwabo

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri iki cyumweru ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yari kumwe n’uwa Zambia, Harry Kalaba, abanyamakuru babajije Hon Mushikiwabo icyo avuga ku biherutse gutangazwa n’umwe mu bayobozi ba Amerika ku uguhindura itegeko nshinga bisabwa na bamwe mu banyarwanda. Minisitiri Mushikiwabo yasubije ko ababisaba bafite impamvu kandi ifite ishingiro kuko Perezida Kagame babisabira […]Irambuye

Sindandika mbisaba ariko ndi kumwe n’abasaba ko itegeko nshinga rihinduka

26 Werurwe 2015 – Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye kuri uyu wa kane yabwiye abanyamakuru ko ashyigikiye abasaba ko itegeko nshinga rihinduka nubwo atarandika abisaba, yabivuze nyuma y’umuhango wo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye uyu muhango wo kurahiza abahesha b’inkiko 31 batari ab’umwuga, imihango yabereye kuri Minisiteri y’Ubutabera ku Kimihurura. Umwe mu banyamakuru yabajije […]Irambuye

en_USEnglish