Tags : Inteko Ishinga Amategeko

Gisagara: Abagore baba mu Nteko batanze inka 76 ku batishoboye

Kuri uyu wa gatanu Ihuriro ry’Abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda (FFRP) bagiye mu karere ka Gisagara mu mirenge y’icyaro ya Kibirizi na Mamba aho baroje inka 76 imiryango itishoboye, batanga ibikoresho by’isuku ku bana b’abakobwa banakorana umuganda n’abaturage. Ni mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 iri huriro rimaze. U Rwanda rufite umuhigo […]Irambuye

Ruswa y’igitsina ishobora kuba yitirwa abagore nyamara batayitanga- Abadepite

*Raporo ya 2014-2015 igaragaza ko ruswa ishingiye ku gitsina iyoboye izindi kuri 40%; *Mu myanya 100 y’akazi ka Leta yatanzwe, abagabo bahawe 76, abagore 24; *Depite Nikuze Nura avuga ko ruswa ishingiye ku gitsina ishobora kuba ari baringa, ikitirirwa Abagore nyamara batatiyanga, *Abadepite basanga hakenewe ubushashatsi bwimbitse bugaragaza ko iyi ruswa koko iriho. Bagaragarizwa ibyavuye […]Irambuye

Inteko iratora Umushinga nyir’izina wo kuvugurura Itegeko Nshinga

Byatangiye ari ubusabe bw’abaturage hafi miliyoni enye bwagejejwe mu Nteko Ishinga amategeko, Inteko itangira yiga ishingiro ry’ubu busabe iza kwemeza ishingiro ryabwo maze hashyirwaho Komisiyo yo gufasha Inteko gushyira mu bikorwa ubusabe bw’aba baturage. Iyi Komisiyo iherutse gutanga umushinga wo kuvugura Itegeko Nshinga mu Nteko n’uko wakorwa, Abadepite 71 kuri 75 bemeje ishingiro ryawo, kuri […]Irambuye

Inteko yatangiye kuvugurura itegeko riha Perezida ububasha bwo gushyiraho Kamarampaka

*Itegeko riri kwirwaho ryatuma kwiyandikisha kuri listi y’itora bikorwa no kuri Internet na Telephone *Kwiyamamaza bishobora gukorwa hifashishijwe ikoranabuhanga *Itegeko rishya ry’amatora ryatuma abayobozi b’inzego z’ibanze nabo batorwa mu ibanga * Kamarampaka ngo ntiyari isobanutse uko ikorwa n’igihe ikorerwa * Ingingo 20 muri 200 zigize Itegeko rigenga amatora mu Rwanda nizo zazanywe mu Nteko ngo […]Irambuye

Abanyarwanda 10 muri miliyoni 2 ntibifuje ko Itegeko Nshinga ryavugururwa

Imurika ry’ibyavuye mu biganiro Abadepite bagiranye n’abaturage ku busabe bwabo bwo guhindura zimwe mu ngingo zigize Itegeko Nshinga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Kanama; Komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza mu nteko ishinga amategeko; umutwe w’Abadepite yagaragaje ko mu gihugu abaturage 10 ari bo bonyine bagaragaje ko batifuza ko ingingo y’ 101 y’itegeko Nshinga […]Irambuye

Sena n’Abadepite BEMEJE ko ubusabe bw’abaturage bufite Ishingiro…

Muri iki gitondo umunyamakuru w’Umuseke uri mu Nteko Ishinga Amategeko yaganiriye n’abaturage baturutse mu turere twa Gasabo, Musanze, Nyagatare, Gicumbi, Gakenke n’ahandi bavuga ko baje kumva icyo Inteko Ishinga Amategeko yanzura ku busabe bwabo bagejeje ku Nteko basaba ko ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ivugururwa. Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena ugizwe n’abasenateri 24, ni wo […]Irambuye

Inteko Ishinga Amategeko uyu munsi yasuye inzibutso zo mu gihugu

Abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa kabiri biremyemo amatsinda maze uyu munsi bawugenera gusura inzibutso za Bisesero, Murambi, Nyarubuye, Ntarama na Gisozi. Mme Donatille Mukabarisa uyobora umutwe w’Abadepite wari uyoboye itsinda ryasuye urwibutso rwa Gisozi yatangaje ko bateguye iki gikorwa bagamije kwigira ku mateka no kutazayasubiramo. Amatsinda y’Abadepite n’Abasenateri yahagurutse mu gitondo […]Irambuye

Abadepite banenze ibisobanuro bya Dr Binagwaho, bamwe ngo ‘BIRATEKINITSE’

31 Werurwe 2015 – Kuri uyu wa kabiri nimugoroba ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho yitabaga Inteko Ishinga amategeko umutwe w’abadepite ngo atange ibisobanuro ku bibazo yabajijwe byagaragaye muri raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’iya Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’Igihugu. Ibisobanuro yatanze  ntabwo byinshi byanyuze abagize Inteko, kumubaza ntibyarangiye iyi gahunda ikazakomeza kuri uyu […]Irambuye

Buri mukozi agiye kujya akatwa 0.3% agenerwe ababyeyi mu kiruhuko

Kimihurura – Kuri uyu wa 23 Werurwe 2015 ku biro bya Minisitiri w’Intebe, mu kiganiro n’itangazamakuru kigamije kugaragaza ishusho y’imishinga y’amategeko ateganywa kuvugururwa no guhindurwa nk’uko byemejwe n’inama y’abaminisitiri iheruka guterana, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi; Claver Gatete yagaragaje ko nibyemezwa n’Inteko Ishinga Amategeko buri mukozi wemewe azajya akatwa ku mushahara we 0.3% y’ubwishingizi azafasha ababyeyi bahawe […]Irambuye

en_USEnglish