Tags : Imbuto Foundation

Mme J.Kagame arashima abagore uko bafashe agaciro basubijwe

*Yatashye kumugaragaro inyubako y’ikitegererezo y’iterambere ry’abagore, *Avuga ko nta mugore ukwiye gupfa atanga ubuzima, Madamu Jeannette Kagame yatashye ku mugaragaro igice cya mbere cy’inyubako y’ikigo cy’ikitegererezo cy’iterambere ry’abagore cyubatswe i Gahanga mu karere ka Kicukiro, yashimiye abagore ko bakomeje gusigasira no kubyaza umusaruro agaciro basubijwe nyuma yo kumara imyaka myinshi barahejwe. Iyi nyubako y’impuzamiryango Pro-Femme […]Irambuye

Mme J. Kagame yasabye urubyiruko gukemura ibibazo by’abana birimo n’abo

Mu gikorwa cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 15 Umuryango Imbuto Foundation umaze utangiye kurihirira amashuri abana bakomoka mu miryango itifashije, kuri uyu wa Gatandatu Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko 2000 rwatewe inkunga n’uyu muryango guhangana n’ibibazo byugarije umuryango nyarwanda by’umwihariko ibibangamiye abana birimo n’abakomeje kuba ku muhanda. Jeannette Kagame avuga ko nyuma ya Jenoside umuryango nyarwanda […]Irambuye

Mme J.Kagame yahembye abana b’abakobwa 91 batsinze neza ibizamini bya

Bugesera – Kuri uyu wa kabiri, umuyobozi mukuru wa Imbuto Foundation Mme Jeannette Kagame ari kumwe na Minisitiri Esperance Nyirasafari w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango n’ushinzwe uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri MINEDUC bahembye abana b’abakobwa 91 babaye indashyikirwa mu Karere ka Bugesera bagatsinda neza amashuri abanza, ikiciro rusage n’amashuri yisumbuye. Muri uyu muhango, Mme Jannette Kagame yavuze […]Irambuye

IMBUTO yatangije Irushanwa ku buzima bw’ imyororokere aho watsindira 10

Innovation Accelerator (iAccelerator), ni irushanwa na gahunda yo gufasha urubyiruko guhanga imishinga ibyara inyungu, izafasha mu gusubiza ibibazo urubyiruko rukeneye ku menya ku buzima bw’imyororokere. Iri rushanwa ryatangijwe kur uyu wa gatanu na Imbuto Foundation na UNFPA, ku nkunga y’ikigega ‘UK aid’ cya Guverinoma ya UK. Iri rushanwa rigamije kubona igisubizo ku bibazo bigendanye n’ubuzima […]Irambuye

Nta na rimwe umwana aba muto ku buryo yabura icyo

Kuri uyu wa Gatandatu, Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Rulindo mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi, yanatangije gahunda ya ’12+ Program’  yo guteza imbere umwangavu, yasabye abangavu gutangira ibikorwa byo kwiteza imbere bakiri bato kuko ari bwo baba bafite imbaraga zubaka, anatanga ingero z’abana bari guhindura ubuzima bw’imiryango yabo. Iyi gahunda ya 12+ […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko rwagaragaje ko runyotewe no kwipimisha ‘SIDA’

Muri ishuri rya Groupe Scolaire Gishambashayo ryo mu murenge wa Rubaya mu karere ka Gicumbi, kuri uyu wa 23 Nzeri, urubyiruko rwiga muri iri shuri rwagaragaje ko rwifuza kwipimisha agakoko gatera SIDA kugira ngo bamenye uko bahagaze banarusheho gukomeza kwirinda aka gakoko. Ni mu bukangurambaga bw’umuryango Imbuto Foundation ku myitwarire iboneye ikwiye urubyiruko no kwirinda […]Irambuye

Rulindo: Abakobwa 23 bigeze guhembwa na Mme J. Kagame bahuguwe

Kuri uyu wa kane, mu ishuri rikuru ry’ubumenyi ngiro n’ikoranabuhanga rya ‘Tumba College of Technology’,abakobwa 23 bigeze guhembwa na madamu Jeannette Kagame bahawe impamyabumenyi nyuma yo kumara ibyumweru bitatu bahugurwa ku bijyanye n’ikoranabuhanga. Aba bakobwa baarangije amashuri yisumbuye bakitwara neza kurusha abandi, bari bamaze ibyumweru bitatu bahabwa amahugurwa mu bijyanye n’Ikoranabuhanga yateguwe ku bufatanye bwa […]Irambuye

Imbuto F. yatangije ubukangurambaga “Urukundo nyakuri” buzafasha urubyiruko kutagwa mu

Umuryango Imbuto Foundation watangije ubukangurambaga wise “Urukundo nyakuri/True Love” buzafasha urubyiruko kutagwa mu moshya y’ubusambanyi bushobora kubakururira ingaruka mbi nko gutwita inda zitateguwe, no kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bikaba byabicira ejo hazaza. Ubwo hatangizwaga ubu bukangurambaga ku kirwa cya Bugarura kiri mu kiyaga cya Kivu rwagati, urubyiruko rwahawe ubutumwa bwo kwirinda imibonano mpuzabitsina […]Irambuye

Rev.Past. Rutayisire yashimye agaciro Kagame aha amasengesho y’igihugu

Ubwo Rev Past. Dr Rutayisire Antoine yagezaga ijambo ku mbaga y’abayobozi bakiri bato bari bitabiriye mu gikorwa cy’amasengesho bagirwa inama ku miyobrere, imbere ya Mme Jeanette Kagame, yashimiye Perezida Paul Kagame uruhare agira mu masengesho y’igihugu n’agaciro ayaha. Muri iki gikorwa kiswe ‘Young Leaders Conference’, cyateguwe n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship ukuriwe na Past Rutayisire, abayobozi […]Irambuye

Uyu munsi Mme J.Kagame yabwiye iki abayobozi bakiri bato ?

*Yasabye urubyiruko gukomeza umurage mwiza wo mu myaka 20 ishize *Yarusabye gutinyuka kurwanya ikino no kudaceceka imbere y’akarengane *Yijeje ko abakuru bazakomeza guha abato ubumenyi n’inararibonye nziza bafite Nyamata, Bugesera – Kuri uyu wa gatandatu Rwanda Leaders Fellowship yatumiye urubyiruko rw’abayobozi mu byo rukora mu ihuriro ryiswe “Young Leaders Conference” rigamije ikiswe ‘kubiba imbuto izaba […]Irambuye

en_USEnglish