Tags : ICGLR

Congo: FDLR iravugwaho kwica abasivili bane

Aba bantu bane bishwe ku wa mbere mu gitondo muri Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa, umuryango uharanira Demokarasi n’Uburenganzira bwa muntu, (CEPADHO), washinje inyeshyamba za FDLR kuba arizo zabishe. Itangazo ryasohowe na CEPADHO, rivuga ko icyo gitero cya FDLR cyabereye mu gace ka Lubero izi nyeshyamba ngo zarimo zishakisha ibizitunga mu baturage. Rivuga […]Irambuye

ICGLR na MINIRENA mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore mu birombe

Mu rwego rwokunoza ubucukumbuzi bw’amabuye y’agaciro, Ihuriro ry’ibihugu bigize ibiyaga bigari (ICGLR) washyizeho imirongo mugari ugamije kunoza uburyo bwo gucukura amabuye y’agaciro, ndetse no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore bakora mu mirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.   Imibare ya Guverinoma y’u Rwanda, igaragaza ko umubare w’abagore mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda ukiri hasi cyane ugereranyije n’uw’abagabo, […]Irambuye

Burundi: Gerenade bayigura Frw 4000, Kalashnikov ntirenza Frw 70 000

Mu gihe igihugu cy’U Burundi ibyaho bikomeje kuba amayobera ku ho byerekeza, bamwe mu baturage b’i Bujumbura batangiye kujya biyemerera ko batunze intwaro zo kurwanya Leta, ndetse bazibona ku giciro cyo hasi kandi ngo barimo kwitegura intambara. Umuturage wiswe E, bitewe n’umutekano we, yaganiriye n’Ikinyamakuru IBTimes, akibwira ko atuye muri Nyakabiga agace kamwe ka Bujumbura, yavuze ko […]Irambuye

Inama ya ICGLR muri Angola yasabye ko amatora i Burundi

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa International Conference on the Great Lakes Region (ICGLR) yateraniye i Luanda muri Angoka kuri uyu wa mbere yasabye ko amatora y’umukuru w’igihugu i Burundi yigizwayo. Amatora ya Perezida w’u Burundi ateganyijwe kuba 26/06/2015. Bamwe mu barundi bamaze ibyumweru bitatu mu myigaragambyo bamagana ko Perezida Nkurunziza yongera kwiyamamariza manda ya […]Irambuye

Burundi: Abadashaka manda ya gatatu ya Nkurunziza basubiye mu mihanda

Up: Kuri uyu wa mbere imyigaragambyo yaguyemo abaturage batatu nk’uko byatangajwe na Croix Rouge mu gihugu cy’Uburundi, abandi babarirwa muri 30 bakomeretse harimo n’umupolisi. Amagana y’Abarundi badashyigikiye ko Perezida Pierre Nkurunziza yongera kwiyamamariza kuyobora igihugu muri manda ya gatatu babyukiye mu muhanda kuri uyu wa mbere bakaba, bwa mbere babashije kugera mu mujyi rwa gati […]Irambuye

Ari i Kigali, Kobler yavuze ko bategereje umwanzuro wa ICGLR

Kigali- Kuri uyu wa 10 Mutarama 2015 mu kiganiro n’Abanyamakuru i Kibagabaga ku ishami rya MONUSCO mu Rwanda, Martin Kobler uyoboye ubutumwa bwa MONUSCO yavuze ko imyiteguro yo kugaba ibitero ku barwanyi b’umutwe wa FDLR yarangiye igisigaye ari uguhabwa uburenganzira, avuga ko hari ikibazo cya Politiki hagati ya y’imiryango ya SADC na ICGLR  igatanga uburenganzira ibitero bigahita […]Irambuye

ICGLR isaba inama idasanzwe hagati y’u Rwanda na Congo

Nyuma yo kurasana kwabayeho mu minsi ishize hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ku mupaka wo mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Rwanda, raporo y’itsinda ry’ingabo zihuriweho n’ibihugu 11 byo mu karere k’ibiyaga bigari yasabye ko ibihugu byombi byahita bihura byihutirwa bigakemura ikibazo cy’imipaka. Ibiro ntangazamakuru by’Abongereza BBC ndetse n’ibyabafaransa RFI  biravuga ko […]Irambuye

Ingabo za JVM zaje mu igenzura ku mirwano hagati ya

Ku gasusuruko ko kuri uyu wa kane nibwo ingabo zo mu mutwe wo kugenzura imipaka y’ibihugu bya Congo, u Rwanda na Uganda (Joint Verification Mechanism) nibwo zageze mu kagari ka Rusura mu murenge wa Busasamana kugenzura ku mirwano yahereye ejo hagati y’ingabo za Congo n’iz’u Rwanda. Nibwo bwa mbere izi ngabo zidafite aho zibogamiye zije […]Irambuye

Imirwano ikaze hagati ya FDLR na Maï-Maï Cheka.

 Hashize iminsi imirwano ya hato na hato ishyamiranya umutwe wa FDLR n’uwa Maï-Maï Cheka muri Kivu ya ruguru mu gace ka Walikale. Inzu nyinshi z’abaturage n’amashuri ngo byatwitswe na FDLR nk’uko kuri uyu wa kane byemejwe na bamwe mu bahatuye. Ku rundi ruhande ariko FDLR ngo irashyira intwaro hasi kuri uyu wa gatanu tariki 30 […]Irambuye

U Rwanda na Afurika y’epfo mu biganiro bigamije ubwumvikane

Mu nama yiga ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari iri kubera mu murwa mukuru wa Angola, Luanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we w’Afurika y’epfo Jacob Zuma bemeje ko bagiye kuganira ku cyakorwa ngo bagarure umubano mwiza umaze iminsi ujemo igitotsi kubera ibitero byagambye mu rugo rwa Kayumba Nyamwasa, Afurika y’epfo igashinja […]Irambuye

en_USEnglish