Tags : Gisagara

Nyaruguru: Begerejwe poste de santé ariko ntikora nijoro no muri

Amajyepfo – Abatuye mu kagali ka Nyamirama mu murenge wa Ngera mu karere ka Nyaruguru baherutse kwegerezwa ishami nderabuzima (poste de santé), byari ibyishimo kuri bo kuko bakoraga urugendo rurerure bajya kwa muganga. Ariko nanone bagaya serivisi iri shami bahawe rifite kuko ngo nijoro ridakora kandi no muri week end ntibavure. Abagana iki kigo bavuga […]Irambuye

Uwari Mayor wa Gisagara ababajwe no gusiga nta na 1cm

*Mayor ababajwe n’uko nta na 1cm ya kaburimbo asize i Gisagara *Abaturage barashima ibyagezweho ariko ngo ubukene buracyahari *Komite Nyobozi igiye yanditse igitabo cya Paji 170 cy’aho basanze Akarere n’aho bagasize *Amazi meza ngo basize ari kuri 76% naho amashanyarazi kuri 13% Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo komite Nyobozi icyuye igihe yasezeraga ku buyobozi bw’Akarere […]Irambuye

Kangwagye na Karekezi nibo ba ‘mayor’ bonyine batowe 2006 basigaye

Muri Gashyantare 2016 nibwo hategerejwe amatora y’inzego z’ibanze azashyiraho Komite nyobozi kuva ku rwego rw’umudugudu kugera ku Karere. Mu gihe hasigaye amezi ane ngo aya matora abe, usubije amaso inyuma usanga ku rwego rw’uturere abayobozi 30 batorewe manda ebyiri z’imyaka 10 mu 2006 ubu abasigaye ari babiri gusa; Justus Kangwagye wa Rulindo na Leandre Karekezi wa Gisagara. […]Irambuye

Gisagara: Abaturage bizihije umunsi w’amahoro borozanya

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’amahoro wa tariki 21 Nzeri, mu Rwanda ibikorwa bya bikomeye byabereye i Kigali, ariko ibihindura ubuzima mu buryo butaziguye byabereye n’i Gisagara hirya mu murenge wa Muganza ukora ku Burundi aho abaturage borozanyije amatungo, bakishimira ko ubumwe n’ubwiyunge butumye ubu babanye mu mahoro. Kwiyunga no kubana mu mahoro byari inzozi muri […]Irambuye

Mbonankira yarwaye indwara idasanzwe nyuma yo kurya imbwebwe

Enos Mbonankira wo mu kagali ka Kibirizi mu murenge wa Kibirizi mu karere ka Gisagara nyuma y’igihe kinini ari umuhigi w’inyamaswa muri Tanzania, mu Rwanda n’i Burundi avuga ko bagiye ku muhigo bica imbwebwe (ubwoko bw’imbwa y’agasozi) barayirya. Abo bayisangiye bose ngo barapfuye we warokotse abikurizamo indwara y’uruhu idasanzwe amaranye imyaka 13. Mbonankira w’imyaka hafi 50 yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Gisagara: MINISPOC yageneye abacitse ku icumu Frw 7 000 000

Minisiteri y’Umuco na Siporo (MINISPOC) ifatanyije n’ibigo biyishamikiyeho kuri uyu wa gatanu tariki 12 Kamena 2015 y’ifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Gisagara mu murenga wa Musaha kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, banabagenera miliyoni zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda. Minisitiri w’Umuco na Siporo Julienne Uwacu yavuze ko uruzinduko rwabo rudasanzwe kuko baje kubasura ngo bibuke Abazize […]Irambuye

Gisagara: Abanyeshuri bataye ishuri bagana umushinga ubaha ibiraka

Mu mirenge ikora ku mugezi w’Akanyaru ya Muganza, Nyanza, Gishubi, Mamba, Kigembe, Mukindo na Kibirizi haravugwa umubare munini w’abana bata ishuri bakajya gukora mu mushinga ugamije kubungabunga igishanga cy’Akanyaru witwa FONERWA. Ubuyobozi bwemeza ko iki kibazo gihari ariko bari kugikurikirana. Aba banyeshuri bataye ishuri biganjemo abiga ku bigo bya ES Gakoma,ES Nyanza, ES Mukindo, ES […]Irambuye

Gisagara: Waruvumu na Rumana ibiti ndangamateka ntakorwaho

Umuvumu ni igiti cyari gifite byinshi kivuze mu myumvire y’abanyarwanda. Hari ahantu mu Rwanda uzasanga bita, cyangwa bitaga, ku Mana. Bene aha hakunze kuba akenshi hateye cyangwa harahoze igiti cy’umuvumu. Waruvumu na Rumana ni bimwe mu biti bisigaye byihariye aya mateka bigihagaze. Aho biri naho bamwe bahita ku Mana. Kera ku ngoma za cyami hari […]Irambuye

Hirya mu cyaro ku Gisagara iterambere riri kubahindura imyumvire

Hari ibibazo byinshi basanzwe bafite, bigendanye cyane cyane n’ubukene, ariko ikizere ni cyose ku batuye mu  mirenge ya Mamba na Gishubi ikora ku gihugu cy’u Burundi,  kubera ibikorwa by’iterambere biri kubasanga iwabo mu karere ka Gisagara. Ibi biri guhindura imyumvire, imikorere n’imibereho yabo. Mukindo, Muganza, Gishubi na Mamba ni imirenge ihana imbibi n’u Burundi, ituwe […]Irambuye

en_USEnglish