Tags : Ghana

Ghana: Umugabo amaze kubyara abana 100 ku bagore 12 arashaka

Isi yizihije umunsi mpuzamhanga wahariwe abaturage, BBC yasuye umugabo wo muri Ghana umaze kubyara abana 100 avuga ko azakomeza kubyara n’abandi. Kofi Asilenu, w’imyaka 80 y’amavuko ni umugabo wabyaye abana 100 ku bagore be 12. Atuye, we n’umuryango we mu cyaro kitwa Amankrom, kuhagera mu modoka ni iminota 45 uvuye ku murwa mukuru wa Accra. […]Irambuye

Amoko 360 y’inyamabere azacika ku isi mu myaka 50 iri

Abahanga mu binyabuzima bo mu bihugu bitandukanye bavuga ko amoko 360 y’inyamaswa z’inyamabere zo muri Africa, Asia  no muri Amerika y’amagepfo ashobora kuzacika ku isi kubera ubwiyongere bw’abaturage bakenera kuzirya, bakazirukana aho zituye kugira ngo bahature cyangwa bahubake ibikorwa remezo, abandi bakazica bagamije amahembe n’impu zazo. Inyandiko abahanga basohoye mu kinyamakuru Nature Insight ivuga ko […]Irambuye

Ghana na yo yemeje ko izohereza ingabo 200 muri Gambia

Igihugu cya Ghana cyemeje ko kizohereza ingabo zibarirwa muri 200 mu rwego rwo gushyigikira ibikorwa by’Umuryango wa Ecowas, bigamije kuvana ku butegetsi Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh igihe yaba akomeje kwanga kurekura ubutegetsi. Umuvugizi w’ingabo muri Ghana, Col Aggrey Quashie yemereye BBC ko igikorwa cyo kohereza ingabo kizaba mu minsi mike iri imbere. Ghana yasohoye […]Irambuye

Ghana: Nana Akufo-Addo yarahiye nka Perezida mushya

Nana Akufo-Addo yarahiriye kuyobora Ghana nka Perezida mushya nyuma yo guhigika John Mahama amutsinze mu matora yabaye mu Ukuboza 2016. Abayobozi b’Ibihugu binyuranye bitabiriye uyu muhango, wabereye ku murwa mukuru Accra. Akufo-Addo, afite imyaka 72, yabaye umunyamategeko uharanira uburenganzira bwa muntu, yasezeranyije abatuye Ghana kuzigira Ubuntu mu mashuri makuru no kubaka inganda. Gusa, abamunenga bibaza […]Irambuye

Abanya-Ghana bane bari mu igeragezwa, bizeye amasezerano muri Rayon Sports

Rayon sports izahagararira u Rwanda muri CAF Confederations Cup 2017, ikomeje kugerageza abakinnyi baturutse mu bihugu bitandukanye, bashakamo abazafasha iyo kipe muri iyi mikino mpuzamahanga. Abakinnyi bane bavuye muri Ghana, bizeye kuzahabwa amasezerano muri Mutarama 2017. Muri iki cyumweru, Rayon Sports yakiriye umunyezamu, ba myugariro babiri na rutahizamu umwe (Mark Edusei, Lawrence Quaye, Richard Koffi […]Irambuye

Byari ibyishimo ku Banyarwanda baba Ghana, nyuma yo kunganya n’u

Kuwa gatandatu – Mu mukino wo kwishyura usoza imikino y’amatsinda, mu guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika (CAN) 2017 kizabera muri Gabon, u Rwanda rwanganyirije na Ghana iwayo igitego 1-1. Byari ibyishimo ku Banyarwanda baba muri Ghana. Uyu mukino wabaye ari uwo guharanira ishema gusa kuko Ghana yamaze kubona itike […]Irambuye

AMAFOTO: Amavubi agiye muri Ghana gushaka ishema ry’igihugu

Ikipe y’igihugu Amavubi igiye muri Ghana, gukina na Black Stars mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika, gusa ni ukurwanira ishema ry’igihugu kuko amahirwe yo kukijyamo yarangiye. Kuri uyu wa gatanu saa 13:25, nibwo abatoza batatu; Jimmy Mulisa, Mashami Vincent na Thomas Higiro, abaganga babiri; Rutamu Patrick na Hakizimana Moussa, Team Manager w’Amavubi Emery […]Irambuye

Zimbambwe: Perezida Mugabe ntakigiye muri Ghana aho yari ategerejwe cyane

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe kuri uyu wa gatanu yasubitse urugendo yagombaga gukorera mu gihugu cya Ghana aho yari kujya gufata igihembo kitwa “Millennium Lifetime Achievement Award” kubera uburyo yayoboye igihugu cye kuva cyabona ubwigenge mu 1980. Byari biteganyijwe ko Robert Mugabe yari kuzagishyikirizwa na Perezida Johm Mahama wa Ghana kuri uyu gatandatu i Accra. […]Irambuye

en_USEnglish