Tags : Francois Kanimba

Imbaraga zashyizwe mu guca Caguwa zanashyizwe mu kongera Inganda z’imyenda?

Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’ibikorwa by’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba aherutse gutangaza ko mu mujyi wa Kigali hari ibigo bikora imyennda bigera kuri 30, gusa inganda zizwi muri uru rwego ni C&H Garment na UTEXRWA. Bamwe mu bakurikiranira hafi ubucuruzi bw’imyambaro bavuga ko imbaraga zashyizwe mu guca ‘caguwa’ atari zo zashyizwe mu kongera umubare w’inganda zitunganya imyenda kugira […]Irambuye

Caguwa iracyahari…Abazayikura muri Uganda na DRC ntawuzababuza -Min. Kanimba

*I Kigali, hagiye gutangira ‘Made in Rwanda Expo’ yitezweho ishusho y’ibikorerwa mu Rwanda, *Min Kanimba ati “ Ibikorerwa mu Rwanda biraciriritse ariko n’izibika zari amagi.” I Kigali kuri uyuwa Gatatu, Taliki ya 14 Ukuboza haratangira imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda, ryiswe ‘Made In Rwanda Expo’. Minisitiri w’Ubucuruzi; Inganda n’ibikorwa bya EAC, Franocis Kanimba avuga ko gahunda […]Irambuye

Inganda zo mu Rwanda ntizatunganya ibintu byose…- Min. Kanimba

*Ibituruka mu nganda bingana na 14% by’Umusaruro w’igihugu cyose…mu buhinzi ni 33%, *Uyobora NIRDA avuga ko inganda za rutura zirimo n’izikora imodoka zishobora gutangira vuba. U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu byo muri Afurika kwizihiza umunsi Nyafurika w’Inganda. Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Francois Kanimba avuga ko inganda zo mu Rwanda zitatunganya ibikenewe […]Irambuye

Kugira ngo U Rwanda ruzafate Uganda mu bucuruzi  bizafata igihe

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo hatangijwe icyumweru cy’umuryango wa Afurika y’uburasirazuba. Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda, n’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Francois Kanimba avuga ko kugira ngo u Rwanda rushyikire Uganda mu by’ubucuruzi bizafata igihe kinini kiri mu myaka 10. Imyaka icyenda irashize u Rwanda rwinjiye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), kuko rwinjiyemo ku italiki ya 1 Nyakanga […]Irambuye

Rusizi: Ba Minisitiri b’Ubucuruzi b’u Rwanda na DR Congo bongeye

Nyuma yo guhurira i Rubavu ku wa kane tariki 20 Ukwakira 2016, Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Francois Kanimba na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Ubutwererane muri Congo Kinshasa,  Nefirtiti Kudianzila Kisura bavuze bagiye kwihutisha gutangira gukora kw’ikiraro kinini gihuza ibihugu byombi i Rusizi, no kuvugurura ibibuga by’indege icya Kamembe n’icy’i Bukavu. Mu mushinga wa miliyoni […]Irambuye

Haracyari ikibazo cy’amakoperative acunzwe nabi, abayobozi bakikoreramo

*Ngo amakoperative yagize uruhare rukomeye mu guteza imbere igihugu mu bukungu n’ubumwe n’ubwiyunge Kuri uyu wa gatanu mu Rwanda hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’Amakoperative ku nshuro ya 11, naho ku wizihizwaga ku nshuro ya 94, amakoperative amaze gutera intambwe ishimishije mu guteza imbere umuco wo kuzigama, kubaka amahoro n’ibikorwa by’iterambere ariko ngo haracyari abayobozi b’amakoperative bagihemukira […]Irambuye

Kudakoresha ikoronabuhanga mu gucunga iby’amakoperative bituma ahomba

*Mu makoperative 41, hanyerejwe asaga miliyoni 120 Mu gihe u Rwanda rwitegura kwifatanya n’abatuye isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’amakoperative uzaba kuri uyu wa Gatanu, amakoperative yo mu Rwanda aranengwa kudakoresha ikoranabuhanga mu gucunga umutungo wayo bigatuma agwa mu gihombo cyugarije amwe muri yo. Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Froncois Kanimba avuga ko amakoperative abereyeho kunganira Leta mu […]Irambuye

MINICOM ihagaritse imikino y’IKIRYABAREZI

Muri iki gitondo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda isohoye itangazo rivuga ko ihagaritse by’agateganyo imikino y’amahirwe ikoresha imashini (slot machines) imaze iminsi izwi ku izina ry’Ikiryabarezi. Iyi mikino ababyeyi benshi bagaragaje ko iri kurumbya no gutera abana ubujura bw’amafaranga bayajyana muri iyi mikino. Itangazo rya MINICOM ryasinyweho na Minisitiri Francois Kanimba riravuga ko “nyuma y’ingezura ryakozwe na […]Irambuye

Minisitiri Kanimba yafunguye ku mugaragaro uruganda rwa AQUASAN

Uru ruganda AQUA SAN rwafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Francois Kanimba kuri uyu wa gatatu ahantu hashya ruri gukorera mu cyanya cyahariwe inganda muri Kigali i Masoro, by’umwihariko ngo ruri gukora impombo zifashishwa mu kuvomerera imirima, serivisi ngo izaba ari umwihariko muri aka karere aho ibicuruzwa byarwo bizajya byoherezwa no mu bihugu bigize […]Irambuye

en_USEnglish