Tags : Emmanuel Mbarushimana

Mbarushimana: Umutangabuhamya warokotse yahuye n’ihungabana ari gushinja

*Ubwo yahungabanaga, Mbarushimana yasabye ko yamuha ‘Papier mouchoir’ akihanagura, *Umutangabuhamya yavuze ko yiboneye uregwa ayobora ubwicanyi, *Dr Leon Mugesera yatanzweho urugero… Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yaorewe Abatutsi, kuri uyu wa 18 Ukwakira, Umutangabuhamya wacitse ku icumu yahuye n’ihungabana ubwo yashinjaga uregwa. Uyu mutangabuhamya yavuze ko yabonye […]Irambuye

Mubyara wa Mbarushimana akaba n’umuhungu we muri Batisimu yaje kumushinja

*Yanze gutanga ubuhamya mu ruhame kuko ngo abo mu muryango wabo bazamutototeza, *Ngo Mbarushimana yagize uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi 5…Na muramu we bamwishe arebera, *Mbarushimana yasabye ko avugisha umuhungu wari umaze kumushinja… Mu rubanza Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bukurikiranyemo Mbarushimana Emmanuel alias Kunda ibyaha bya Jenoside, kuri uyu wa 30 Nzeri, Umutangabuhamya urindiwe umutekano  akaba […]Irambuye

Mu rubanza rwa Mbarushimana, umutangabuhamya YAPFOBEJE Jenoside

*Kuko yakatiwe ‘burundu’ ntiyafashwe nk’umutangabuhamya ; ibyo yavuze ni amakuru, *Yavuze ko mu 1994  abantu bose ngo bahigwaga *Yakatiwe kubera Jenoside, ariko nawe ngo yarahigwaga! Musabyimana Tharcisse wahamijwe ibyaha bya Jenoside agahanishwa gufungwa burundu, kuri uyu wa 21 Nzeri yaje aje gushinja Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, yavuze ko mu gace yari atuyemo abantu bo […]Irambuye

Ngo Mbarushimana ntiyari kugirira urwango ubwoko akanabushakamo- Abavoka

*Ngo abantu bose bababwiye ko umugore wa Mbarushimana ari Umututsikazi, *Ngo nta butegetse yamaraniraga ku buryo yakwijandika mu bwicanyi,…Ngo ntiyakwibera ikitso. Me Twagirayezu Christophe na Bizimana Shoshi J. Claude bunganira Mbarushimana ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuze ko umukiliya wabo atashoboraga kwica Abatutsi kuko yari yarabashatsemo ndetse ko nta butegetsi yarwaniraga ku buryo yari […]Irambuye

‘burundu y’umwihariko’ Mbarushimana yari yakatiwe na Gacaca, yateshejwe agaciro

*Mbarushimana yongeye kugaruka kuri attestation de deces z’abo ashinjwa kwica, Ubushinjacyaha buti “nawe azagaragaze attestation de vie” *Me Shoshi yambuwe ijambo mu gihe kitazwi…Ngo Urukiko ntirukwiye kumubaza iby’ihazabu *Mbarushimana akurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi ibihumbi 50 *Yari yasabye gufungurwa, Urukiko rwabitesheje agaciro Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bukurikiranyemo Emmanuel Mbarushimana ibyaha birimo ibya Jenoside, kuri […]Irambuye

Mbarushimana yavuze ko aburanishwa yarakatiwe, kandi ngo yakaburanye ari umwere

-Yavuze ko akwiye kurekurwa kuko afunze bunyuranije n’amategeko. -Ati ‘Umuntu agomba gukurikiranwa ari umwere. Jye mu maso ya rubanda sindi umwere.’ Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’U Rwanda buregamo Emmanuel Mbarushimana ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mu iburanisha ryo kuri uyu wa gatatu Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko kubanza gutesha agaciro imyanzuro yari yarafashwe n’urukiko Gacaca ifatiwe […]Irambuye

Mbarushimana ati “Bazane Attestation de décès z’abo nishe muri Jenoside”!!!

*Arashaka ko reference z’urubanza rwa Bagosora yasabye bazimushyirira mu cyongereza *Arasaba kandi ko inyandiko zimwe zavuye muri Danemark nazo bazishyira mu Kinyarwanda *Ngo arashaka na attestation de décès z’abo bamushinja kwica muri Jenoside!! Amagambo yiswe agashinyaguro mu rukiko *Arashinjwa uruhare mu rupfu rw’Abatutsi 50 000 ku musozi wa Kabuye ku Gisagara Ashize amanga ubona nta […]Irambuye

Urukiko rwategetse ko Mbarushimana yunganirwa n’Abavoka yanze

Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukurikiranyemo Mbarushimana Emmanuel ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu; kuri uyu wa 21 Nyakanga Urukiko rwategetse ko uregwa yunganirwa n’Abavoka yanze kuko bagenwe hakurikijwe amategeko. Uregwa we yahise asaba ko aba bunganizi bataahabwa dosiye ikuboyemo ikirego cye. Uyu mugabo woherejwe n’igihugu cya Denmark umwaka ushize, ubu utaratangira kuburanishwa mu mizi […]Irambuye

Mbarushimana yanze ko Abavoka yahawe bahabwa ijambo mu iburanisha

“…Ndasaba ko ibibazo by’aba bagabo batabisobanurira mu rubanza rwanjye.” Ni mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buburanamo na Mbarushimana Emmanuel ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu akurikiranyweho; aho kuri uyu wa 15 Nyakanga yasabye inteko y’Urukiko kudaha umwanya abavoka babiri bagenwe kuzamwunganira. Me Bizimana Shoshi Jean Claude na Twagirayezu Christophe bagenwe kunganira Mbarushimana bari bicaye mu myanya […]Irambuye

Kubura abunganizi n’ibikoresho byongeye gusubikisha urubanza rwa Mbarushimana

Urukiko rukuru kuri uyu wa 20 Gicurasi 2015 rwanzuye ko urubanza rwa Mbarushimana Emmanuel uregwa ibyaha bya Jenoside n’ibyasiye inyoko muntu rusubikwa nyuma y’ubusabe bw’uregwa bitewe n’uko urugaga rw’abunganizi mu Rwanda rutaramugenera abamwunganira mu mategeko ndetse n’ikibazo cyo kubura ibikoresho bimufasha gutegura urubanza. Mbarushimana Emmanuel, wahoze ari umuyobozi w’amashuri (inspecteur) mu cyahoze ari Komini Muganza […]Irambuye

en_USEnglish