Tags : Catholic Church

Papa yahagaritse uruzinduko rwe muri Sudani y’Epfo

Kuri uyu wa Kabiri Ibiro bya Nyirubutungane Papa Francis byatangaje ko urugendo yateganyaga kuzakorera muri Sudani y’Epfo mu Ukwakira uyu mwaka rusubitswe. Ngo barakigira hamwe uko rwazakorwa neza kurushaho ariko mu gihe kitaratangazwa. Papa Francis yari yaravuze ko azajya muri kiriya gihugu cyayogojwe n’intambara n’inzara kugira ngo arebe uko yacubya uburakari bw’abashyamiranye bityo abaturage bakagira […]Irambuye

DRC: Perezida Kabila ntarasinya ku masezerano amusaba kuva ku butegetsi

Amasezerano y’uko Perezida Joseph Kabila azarekura ubutegetsi mu mpera za 2017 yagezweho mu mpera z’iki cyumweru gishize ariko Kabila ubwe ntarayasinyaho. Ba Minisitiri benshi bemeye ibikubiye muri aya masezerano, asaba ko Perezida Joseph Kabila aguma ku butegetsi kuzagera mu mpera z’uyu mwaka wa 2017 ubwo amatora azaba. Muri Congo Kinshasa habaye impagarara zatewe n’uko Perezida […]Irambuye

Rugamba Sipriyani, Umunyampuhwe wakundaga Bikira Mariya…abahanzi bakomeye bamwigiyeho

  *Abahanzi Ngarambe Francois Xavier, Mariya Yohana na Muyango ubuhanzi bwe ngo bwabigishije byinshi. *Umuhungu we Olivier Rugamba asanga kugira Se Umutagatifu, byakwera imbuto ku muryango nyarwanda Kicukiro – Kuri uyu wa mbere tariki 15 Kanama 2016 hibutswe ku nshuro ya 22  umurage wa Rugamba Sipiriyani n’umuryango we, ahanini ngo mu mibereho ye umunsi w’ijyanwa […]Irambuye

Kigali: Bishop Nyirinkindi n’umwungirije mu maboko ya Polisi

Uwahoze ari Umuvugizi w’Itorero ry’Imana ry’isezerano mu Rwanda (Eglise de Dieu du Nouveau Testament au Rwanda) Bishop Nyirinkindi Ephrem Thomas n’uwahoze amwungirije, bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kicukiro bakurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali Superitendant Emmanuel HITAYEZU yatangarije Umuseke ko uwahoze ari Umuvugizi  w’Itorero ry’Imana ry’Isezerano mu Rwanda Bishop […]Irambuye

Rushaho kumenya amazina y’Imana n’ibisobanuro byayo

Iyo usomye Bibiliya usanga Imana yaragiye yigaragaza mu buryo butandukanye cyangwa yiyereka abantu bayo mu bushobozi bwayo bitewe n’ahantu. Ibi bituma Imana igaragara mu mazina atandukanye. Hari ariko n’abantu banezezwa n’imirimo yayo bakayitaka mu mazina bitewe n’uko bizihiwe. Ibi nabyo bikunze kubaho ku bantu bakorera Imana cyangwa se bahuye nayo mu bihe bitandukanye. Mu busanzwe […]Irambuye

Impaka zari zishyushye hagati y’ Umuyahudi n’Umugatulika kuri Bibiliya na

Hari mu gihe abanyamateka bita Igihe Rwagati (Middle –Age). Abantu bazi amateka y’u Burayi bazi ko kiriya gihe cyaranzwe n’intambara z’abanyamisaraba (Les Croisades), Urukiko rwa Kiliziya Gatolika rwahanaga abo bitaga abahakanyi (héretiques) uru rukiko rukaba rwaritwaga ‘Inquisition’ hamwe n’iyicarubozo ryakorerwaga ababaga bahamijwe ibyaha n’urwo rukiko. Muri iki gihe ariko ni naho habaye impaka zikomeye zizwi […]Irambuye

Amafaranga ntakwiye kuza mbere y’umurimo – Mgr Mbonyintege

Kabgayi – Mu gikorwa ngarukamwaka cyo kwizihiza  umunsi w’umurimo  cy’abakozi ba  Diyosezi ya Kabgayi Musenyeri MBONYINTEGE  Smaragde  akaba n’umushumba  w’iyi Diyosezi, avuga ko inyungu z’amafaranga zidakwiye kuza imbere y’umurimo ahubwo ko umurimo ari wo ugomba kuza imbere y’amafaranga. Mu ijambo rye  Musenyeri MBONYINTEGE Smaragde, yagarutse kuri bamwe  mu bakozi  bakunda kwibwira ko  guta akazi  k’igihe […]Irambuye

Impano nziza kurusha izindi ukwiriye gusaba uyu munsi

[Imig3:19-20] Uwiteka yaremesheje Isi UBWENGE Kandi yakomeresheje amajuru UBUHANGA ku bwo KUMENYA kwe amasooko y’ikuzimu yaratobotse, kandi ibicu bitonyanga ikime. Mu buzima bwa buri munsi, umurimo ukoranye ubwenge, n’ubuhanga, byerekana ko uwukora akora ibyo azi. Ibi bintu bitatu byatuma uba indashyikirwa aho uri hose, Uwiteka ni we ubifite ku buryo burenze ubwa buri muntu waba […]Irambuye

en_USEnglish