Tags : Catholic Church

Abarwara Malaria bariyongera, abahitanwa na yo bo bakagabanuka

*Abayoboye amadini akomeye mu Rwanda batumiwe ngo bafashe MINISANTE kurwanya Malaria *Umubare w’abahitanywe na Malaria wavuye kuri 499 ugera kuri 424 muri 2015 *MINISANTE igiye gutangiza ubukangurambaga budasanzwe bwo kurwanya Malaria *Ntitwicwa na Malaria twicwa no gutinda kujya kwa muganga – Min Binagwaho Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima yagiranye n’Abanyamadini barebera hamwe ubufatanye mu guhangana no […]Irambuye

Nubwo Abagatolika bagabanuka mu Rwanda, Abakirisitu biyongereyeho 3.5%

-Uyu munsi wa Noheli wishimirwa cyane n’abemera Yesu Kristu -Ese mu Rwanda Ubukirisitu buhagaze bute? Nk’uko bigaragara mu ibarura rusange ry’Abaturarwanda rikorwa buri myaka 10, imibare igaragaza ko Ubukristu bugenda bushinga imizi mu Rwanda dore ko bwavuye kuri 93% mu 2002, bagera kuri 96.5% by’abaturage bose muri 2012; Gusa imibare y’abakirisitu ba Kiliziya Gatolika biganje […]Irambuye

Habaye impinduka mu buyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu tariki 04 Ukuboza, habaye impinduka mu buyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda, Musenyeri Philippe Rukamba akaba ariwe watorewe kuyobora inama nkuru y’Abepisikopi, ndetse akaba ari nawe uhita aba umuvugizi wayo. Musenyeri Philippe Rukamba uyobora Diyoseze ya Butare yasimbuye kuri uyu mwanya Musenyeri Mbonyintege Smaragde uyobora Diyoseze ya Kabgayi. Akazungirizwa na Musenyeri […]Irambuye

Paapa yanenze uburyo abantu bahindutse imbata z’amafaranga

Mu kiganiro Umushumba wa Kiliziya Gatolika yagiranye n’ikinyamakuru Paris Match, yasabye abatuye Isi (Icumbi rusange rya twese) kuyirinda ibiyihumanya no kureka gusenga no gushyira amafaranga imbere y’ibindi byose. Mu kiganiro kirekire kiri kuri paji zisaga 10, Papa Francis yanenze bikomeye uburyo umurongo w’ubukungu uyoboye isi ‘Capitalisme’ wahinduye abantu. Papa avuga ko umurongo w’ubukungu wa ‘Capitalisme’ […]Irambuye

Ubu ntawamenya ko duterekera kandi aribyo dukora- Padiri Rugengamanzi

Padiri Rugengamanzi Yohani Batisita umaze imyaka 47 mu kazi, avuka ko Abazungu bazana Imana yabo hari byinshi birengagije ku myemerere Abanyarwanda bari bafite agasaba abakiri batoya kujya bamenya amateka bagasura ingoro ndangamuco Atari ukwimara amatsiko ahubwo bagamije kumenya no gusobanukirwa Umunyarwanda wa kera uko yari abayeho. Mu kiganiro kirambuye Umuseke wagiranye na Padiri Rugengamanzi tariki […]Irambuye

Ihanganire aho Imana yagushyize kuko niho ibisubizo bizagusanga

Bageze mu nzu basangamo umwana hamwe na nyina Mariya, barapfukama baramuramya. Maze bahambura imitwaro yabo, bamutura amaturo y’izahabu n’icyome n’ishangi” [Matayo 2:11] Twese tuzi ko Yesu yavukiye mu kiraro cy’inka kuko yabuze ahandi, ariko igitangaje ni uko abanyabwenge bahamusanze bazanye amaturo y’Abami. Hari Abami bibera mu biraro (mu bigeragezo) ariko kuba uri mu bibazo ntibikuraho […]Irambuye

Huye: Kaminuza Gatolika y’u Rwanda yasohoye imfura zayo 901

Abanyeshuri 901 bigaga muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda ikorera i Save mu karere ka Gisagara, no ku i Taba mu karere ka Huye, bahawe impamyabumenyi z’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mashami atanu anyuranye, Musenyeri Philippe Rukamba yasabye abarangije gukoresha ubumenyi bahawe bahindura ubuzima bw’Abanyarwanda. Ibirori byo gutanga impamyabumenyi byabaye kuri uyu wa kabiri tariki […]Irambuye

en_USEnglish