Tags : Busingye Johnston

Tugiye kwicara twumvikane nk’igihugu uburyo bwo gusaba inyandiko za ICTR-Min.Busingye

Nyuma y’uko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga Arusha rufunze imiryango ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri tariki 01 Ukuboza 2015, Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda, akaba n’intumwa nkuru ya Leta Busingye Johnston yatangaje ko inzego zinyuranye mu Rwanda zigiye kwicara zikumvikana ku buryo bumwe buhamye bwo gusaba ko ubushyinguro-nyandiko bwa bw’urwo rukiko buzanwa mu […]Irambuye

Mugesera na Avoka we Rudakemwa bageze mu rw’Ikirenga bajurira

*Me Rudakemwa yaciwe ihazabu inshuro eshatu. Zose hamwe yaciwe 1 400 000Fwrs; *Mu rw’Ikirenga yemeye ihazabu yaciwe inshuro imwe gusa ndetse ko yayishyuye; *Ubushinjacyaha bwatunguwe n’ibyatangajwe n’Avoka wa Mugesera; *Mugesera we ngo ibyakurikiye icyo ari kujuririra bikwiye guteshwa agaciro. Mu rubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Dr Mugesera wajuririye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rukuru cyo kutumva umwe mu […]Irambuye

Urubanza rwa Mugesera ‘rwapfundikiwe’, ruzasomwa mu kwa 4/2016

*Me Rudakemwa yongeye kubura mu iburanisha; *Urukiko rwanzuye ko Urubanza rukomeza; *Mugesera yakomeje gutsimbarara ko ataburana atunganiwe; *Urukiko rwahise rwanzura ko Urubanza rupfundikiwe, rugena itariki y’isomwa ry’urubanza muri 2016. Mu rubanza rumaze imyaka itatu ruregwamo Dr Leon Mugesera ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri ‘Meeting’ yo ku Kabaya akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda; […]Irambuye

Urukiko rwanzuye ko Me Rudakemwa akomeza kunganira Mugesera

Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda buregamo Dr Leon Mugesera ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri ‘meeting’ yo ku Kabaya; kuri uyu wa 6 Ukwakira Urukiko rwanzuye ko Mugesera n’Umwunganizi we mu mategeko nta mishyikirano bafitanye na Minisiteri y’Ubutabera nk’uko babitangaje, rwahise runategeka ko Urubanza rugomba gukomeza kuburanishwa kandi Me Rudakemwa agakomeza kunganira […]Irambuye

Muhanga: MINIJUST yatumiye abunzi mu mahugurwa ntiyabaha ibibatunga

Mu mahugurwa y’iminsi ibiri y’abunzi bo mu mirenge 12 igize akarere ka Muhanga, Abunzi babwiye Minisitiri w’ubutabera Busingye Johnston ko bamaze iminsi ibiri batarya batanywa kandi nta mafaranga iyi Minsiteri yabateganyirije y’urugendo. Minisitiri yasabye imbabazi abizeza ko aya makosa atazongera kubaho. Aya mahugurwa y’abunzi bashya baherutse gutorwa, yari agamije kubibutsa amwe mu mategeko arebana n’izungura, […]Irambuye

Abunzi bagiye kongererwa ubumenyi mu by’amategeko

Mu rwego rwo gukomeza gufatanya n’Abunzi mu gukemura ibibazo by’Abanyarwanda, Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) kuri uyu wa 10 Nzeri 2015 yamurikiye abaterankunga imfashanyigisho zizifashishwa mu kongerera ubumenyi abunzi kugira ngo bose bagire imyumvire imwe mu gukemura ibibazo. Yankulije Odette ushinzwe serivisi yo kwegereza abaturage ubutabera muri MINIJUST, yasobanuye ko abafatanyabikorwa babo bahuguraga Abunzi ku gutanga ubutabera, […]Irambuye

Mugesera yasabiwe gufungwa burundu n’ubushinjacyaha

*Kuba yarakoresheje nabi umwanya n’ububasha yari afite ku bantu yabwiraga; *Kuba ibyaha (ijambo ryo ku Kabaya) aregwa byaragize ingaruka mbi harimo iyicwa ry’Abatutsi; *Kuba yaragaragaje imyitwarire mibi mu rubanza, izo ni zo ngingo ubushinjacyaha bwahereyeho busaba ‘BURUNDU’ Dr Leon Mugesera ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu mu Rwanda, yasabiwe igihano cyo gufungwa burundi muri gereza […]Irambuye

Abagenwe kuzunganira Mbarushimana bifuje kubanza kumenya ayo bazahembwa

Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho ibyaha birimo ibya Jenoside; kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Kamena yongeye gutaha ataburanishijwe kuko abavoka bagenwe ko bazamwunganira bataragira icyo babitangazaho gusa ngo baherutse kwandikira Urugaga rw’Abavoka basobanuza ibirebana n’uburyo bazahembwa ndetse n’umushara bazajya bahembwa uko ungana. Ni ku nshuro ya gatatu uyu mugabo agezwa mu rukiko agataha ataburanye biturutse […]Irambuye

Unteye mfite imbunda mu rwego rwo kwitabara nakurasa – Mugesera

*Mugesera yavuze ko atahamagariye abantu kwica abandi ku busa Mu rubanza rwa Leon Mugesera ukurikiranyweho kugira uruhare kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakomeje kuri uyu wa kabiri avuga ku mutangabuhamya Hategekimana Idi. Mugesera yamugaragaje nk’uwaranzwe no kuvuga amabwire. Mugesera  yavuze ko kuba Hategekimana yaravuze ko atewe yatabaza, ngo ni ko we abyumva, naho Mugesera we ngo yumva umuntu […]Irambuye

en_USEnglish