Tags : Busingye Johnston

Kagame yasubije mu Nteko itegeko ryo gucunga imitungo yasizwe

Nyuma y’aho itegeko rijyanye no gucunga imitungo yasizwe na beneyo bakajya hanze, ryari ryatowe rikajyanwa imbere ya Perezida Paul Kagame ngo arishyireho umukono, mbere yo kurisinya yasabye ko Minisiteri y’Ubutabera yongera kwicarana na Komisiyo bakarinoza. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Gicurasi 2015, Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yasubiye muri Komisiyo ishinzwe gukurikirana umutungo wa […]Irambuye

en_USEnglish