Tags : Busingye Johnston

Guha umwanya Jean Kambanda akivuga mu itangazamakuru ni ‘amahano’ –

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 9 Werurwe, Minisitiri w’Ubutabera n’Uburenganzira bwa muntu muri Mali, umaze iminsi ine mu Rwanda, yavuze ko kuba Jean Kambanda wabaye Minisitiri w’Intebe muri Leta y’Abatabazi ishinjwa gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside, akaba afungiye muri Mali nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya Jenoside, kuba yarahawe ijambo akavugira mu […]Irambuye

Umucuruzi ukomeye i Kigali yahanishijwe gufungwa imyaka 7 no gutanga

Mu rubanza rwo kwiba amafaranga ya Leta yari agenewe kugura ifumbire mvaruganda, umugabo witwa Mwitende Ladislas wagemuriraraga ifumbire mvaruganda Intara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba kuri uyu wa kane Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwamuhamije icyaha, rumuhanisha gufungwa imyaka 7 mu munyururu no kwishyura miliyoni 430 Frw. Mwitende yashyikirijwe Parike tariki ya 3 Gicurasi 2016, akekwaho gukora no gukoresha […]Irambuye

 Amahanga afitiye ubutabera bw’u Rwanda  icyizere – Min Busingye

Nyanza – Ubwo hatangizwaga amasomo y’ubumenyingiro mu by’amategeko,  BUSINGYE Johnston Minitiri w’Ubutabera yavuze ko amahanga afitiye ubutabera bw’u Rwanda icyizere, asaba abagiye gukurikirana aya masomo ko barangwa n’indanganagaciro n’ubunyangamugayo. Uyu muhango wo gutangiza amasomo abiri arebana no gushyira mu bikorwa amategeko n’uko amategeko yandikwa akanategurwa wabereye mu Karere ka Nyanza mu Ishuri Rikuru ryo kwigisha […]Irambuye

AMAKURU: Ubu imashini ni yo izajya yandika “contravention” mu muhanda

*Ntabwo umupolisi azongera gufata permis y’umuntu ngo ayigumane Muri iki gitondo Police y’u Rwanda yamuritse ikoranabuhanga rishya mu kunoza servisi z’umutekano mu muhanda. Ubu buryo bushya buzatuma umupolisi atongera kuba ari we wandikira umushoferi wakoze icyaha ahubwo imashini afite niyo izajya ibikora. Commissioner of Police (CP) George Rumanzi ushinzwe ishami ryo mu muhanda yasobanuriye itangazamakuru […]Irambuye

Min. Busingye yasabye Abahesha b’Inkiko kutaba ubuhungiro bw’abananiranye ahandi

*Yabasabye kugira uruhare mu kugaruza Miliyaridi ebyiri Leta iberewemo, *Baramwizeza kuba indorerwamo y’ubutabera buboneye… Mu biganiro byahuje Abahesha b’Inkiko b’ubumwuga na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, kuri uyu wa 02 Ukuboza, Minisitiri yasabye urugaga rw’aba banyamategeko barangiza ibyemezo by’inkiko kutaba ubuhungiro rw’abananiranye mu zindi nzego. Minisitiri Johnston Busingye washimye uru rugaga […]Irambuye

MINIJUST irifuza ko impaka nyinshi zajya zikemuka zitagombye kujya mu

Mu muhango wo gusoza amahugurwa yahabwaga Abanyamategeko n’abajyanama mu by’amategeko mu nzego za Leta, umunyamabanga uhoraho muri Minisitri y’Ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta yungirije, Isabelle Kalihangabo yavuze ko abantu bakwiye kumenya uko bajya bikemurira impaka batitabaje Inkiko. Muri aya mahugurwa y’iminsi ibiri, aba banyamategeko bahuguwe uko bafasha Abanyarwanda gusobanukirwa uko bajya bikemurira impaka n’amakimbirane batitabaje […]Irambuye

Abunzi ntibazongera gukurikirana ibibazo nshinjabyaha

*Busingye yavuze ko mu Rwanda hari hatangiye kubaho umuco wo kudahana kubera itegeko ry’Abaunzi, *Hon Gatabazi yifuje ko Abanzi bakemura ibibazo bifite agaciro gahera kuri miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda kumanura. Kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Kamena 2016, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yemeje ishingiro ry’umushinga wo kuvugurura itegeko rigena imiterere, ifasi, ububasha […]Irambuye

Min. Busingye avuga ko nta muntu ugipfa kujyana Leta mu

*Minisitiri w’Ubutabera yasabye abunganira Leta kujya batsinda 100% imanza bayiburanira, *Umubare w’imanza Leta yajyaga itsindwa mu myaka ine ishize ungana n’izo isigaye itsinda, *Uhagarariye abunganira Leta avuga ko bishoboka ko Leta yatsinda 100% imanza iburana, *Ku mwaka, MINIJUST yishyuraga amafaranga agera kuri Miliyari imwe mu manza yatsindwaga…ubu ntarenga 18%. Mu mahugurwa yahuje abanyamategeko bunganira Leta […]Irambuye

ACP T.Badege avuga ko Abanyarwanda batarumva akamaro ko guhanwa

*Ngo nta cyuho kiri mu kwigisha Abanyarwanda amategeko. Buri wese agira inyota yo kumenya itegeko rimureba, *Kwigisha amategeko ngo ni ibintu bigari. Badege avuga ko icya mbere ari ukwigisha amahame y’Ubutabera, *ACP Badege avuga ko inzego z’Ubutabera zasize abaturage ku ireme ry’Ubutabera, *Min. Busingye we ngo buri muntu agirira inyota itegeko runaka bitewe n’ikibazo afite […]Irambuye

Hari abateguye Jenoside bafashwe nk’ibyana by’ingagi nyamara abayirokotse babara ubukeye-

Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda akaba n’intumwa nkuru ya Leta Busingye Johnston mucyo yita iyobera ry’umuryango w’Abibumbye, asanga haratekerejwe uruhande rumwe mu gishyiraho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, kuko batatekereje ku ndishyi n’imibereho by’abagizweho ingaruka na Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu kiganiro na Minisitiri Busingye Johnston, yatubwiye ko mu myubakire y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish