Digiqole ad

Batima Centre iri mu cyaro ifite isoko, Umurenge SACCO n’ubundi butunzi

 Batima Centre iri mu cyaro ifite isoko, Umurenge SACCO n’ubundi butunzi

Batima ni Centre nini yiyubashye ifite n’isoko

Umuntu werekeje Batima avuye i Kigali bimusaba amafaranga 1000 kugera muri Centre ya Ramiro, agafata moto y’amafaranga 1 500 ikamugeza muri Centre ya Batima.

Batima ni Centre nini yiyubashye ifite n'isoko
Batima ni Centre nini yiyubashye ifite n’isoko

Aho Ramiro haba n’imodoka zishobora ku kugeza Batima ariko ntiziboneka buri kanya ari nay o mpamvu ku bantu bihuta bakoresha moto.

Ni Centre bigaragara ko itera imbere, amazi akonje ushobora kuyabona mu iduka, moto zaho ziraboneka niyo haba mu masaha y’umugoroba w’ijoro.

Hari Isoko rikomeye ricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye nk’imyenda, imbuto n’imyaka n’ibindi, hakaba n’isoko ry’amatungo.

Mu cyaro , usanga hafi buri rugo rurimo itungo rigufi, ihene, ku masaha y’ikigoroba abana baba bagiye kuragira.

Iki ni ikiyaga cya Gaharwa kiri mu nsi y'ishyamba rya ISAR ukinyuraho werekeza Batima
Iki ni ikiyaga cya Gaharwa kiri mu nsi y’ishyamba rya ISAR ukinyuraho werekeza Batima
Uyu muhanda niwo ugenda ukagera Batima kuri Centre
Uyu muhanda niwo ugenda ukagera Batima kuri Centre
Hubatse inzu bita ibitwe zitondetse ku murongo
Hubatse inzu bita ibitwe zitondetse ku murongo
Centre ya Batima ni nini cyane mu bihe biri imbere ishobora kuzaba ari umujyi
Centre ya Batima ni nini cyane mu bihe biri imbere ishobora kuzaba ari umujyi
Hacururizwa ibintu bitandukanye, abo bagore baje gucuruza imice cyangwa imisambi
Hacururizwa ibintu bitandukanye, abo bagore baje gucuruza imice cyangwa imisambi
Ushaka amatungo magufi ayagurira muri iryo soko ryubakiye
Ushaka amatungo magufi ayagurira muri iryo soko ryubakiye
Umurenge SACCO wa Rweru wubatse muri iyo Centre ya Batima
Umurenge SACCO wa Rweru wubatse muri iyo Centre ya Batima
Iyo hene y'akabara mu gahanga ishoreranye n'utwana twayo tune nyirayo yamukuye mu bukene
Iyo hene y’akabara mu gahanga ishoreranye n’utwana twayo tune nyirayo yamukuye mu bukene
Batima uhabwirwa n'imihanda y'igitaka cy'inombe kandi irambuye ndetse bigaragara ko ikoze neza
Batima uhabwirwa n’imihanda y’igitaka cy’inombe kandi irambuye ndetse bigaragara ko ikoze neza
Abana bagiye kuragira ihene zabo mu masaha y'ikigoroba
Abana bagiye kuragira ihene zabo mu masaha y’ikigoroba
Kuri camera baba bafata positeri zinyuranye
Kuri camera baba bafata positeri zinyuranye
Kuragira amatungo ni bimwe mu bishimisha abana
Kuragira amatungo ni bimwe mu bishimisha abana
Uyu mwana kumwenda we umenya handiho ngo 'nkunda kurya inyama!'
Uyu mwana kumwenda we umenya handiho ngo ‘nkunda kurya inyama!’
Ihene zikunda kuba ahantu hashyuha cyane zikiryamira mu gakungugu
Ihene zikunda kuba ahantu hashyuha cyane zikiryamira mu gakungugu
Ihena zabo zirashishe
Ihena zabo zirashishe

HATANGIMANA Ange Eric
UM– USEKE.RW

2 Comments

  • Murakoze cyane,ni heza pe,abana baranezerewe.
    Gusa ntimwatubwiye Umurenge n’Akarere Batima iherereyemo.

  • MUD ni inyama cyangwa no ICYONDO?!!

Comments are closed.

en_USEnglish