Digiqole ad

PGGSS V: Kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe

 PGGSS V: Kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe

Uko ni ko umushyushyarugamba Anita Pendo yaje gususurutsa abafana yambaye

Update: Umuhanzikazi Butera Knowless amaze kubwira abakemurampaka ko ijwi rye ryagiye ataza kuririmba Live ubwo ibyo baza gutangamo amanota, live ntibaza kuyibara.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, irushanwa Prumus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatanu (PGGSS V), igitaramo cyaryo cya kabiri kirabera kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo.

Mbere gato y'uko igitaramo nyirizina gitangira, abaturage ni benshi i Nyagisenyi
Mbere gato y’uko igitaramo nyirizina gitangira, abaturage ni benshi i Nyagisenyi

Iki ni igitaramo cya kabiri cy’iri rushanwa ritegurwa na BRALIRWA, mu rwego rwo guteza imbere abahanzi.

Abahanzi 10 barahatana, muribo harimo:

1. Senderi International Hit

2. Active

3. Jules Sentore

4. Dream Boys

5. Bruce Melodie

6. Paccy

7. TNP

8. Rafiki

9. Knowless

10. Bull Dogg

Umuhanzi uzegukana irushanwa azahabwa amafaranga y’u Rwanda miliyoni 24. Mu mafoto UM– USEKE urabagezaho uko abahanzi baririmba n’uburyo ku ruhande rw’abafana byifashe.

Abafana bategereje umuziki
Abafana bategereje umuziki
Abenshi muribo ni urubyiruko, bararunguruka mu modoka bareba ko hari umuhanzi bazi
Abenshi muribo ni urubyiruko, bararunguruka mu modoka bareba ko hari umuhanzi bazi
MC TINO mu Kinyarwanda kivanze n'Ikigande n'Icyongereza, arasusurutsa abafana
MC TINO mu Kinyarwanda kivanze n’Ikigande n’Icyongereza, arasusurutsa abafana
Uko ni ko umushyushyarugamba Anita Pendo yaje gususurutsa abafana yambaye
Uko ni ko umushyushyarugamba Anita Pendo yaje gususurutsa abafana yambaye
Pendo na TINO buri wese aranyura aha undi akanyura hano bagahuriza hamwe amajwi
Pendo na TINO buri wese aranyura aha undi akanyura hano bagahuriza hamwe amajwi
i Nyamagabe abageze i Nyagisenyi batangiye basusurutse
i Nyamagabe abageze i Nyagisenyi batangiye basusurutse
Bamwe bahageze abandi barakinjira mu muryango ari benshi
Bamwe bahageze abandi barakinjira mu muryango ari benshi
Butera Knowless na we afite abakunzi bamushyigikira bakabigaragaza
Butera Knowless na we afite abakunzi bamushyigikira bakabigaragaza
Umuhanzi Tonzi, Umwe mu bakemurampaka asuhuza abafana
Umuhanzi Tonzi, Umwe mu bakemurampaka asuhuza abafana
Abakemurampaka
Abakemurampaka
Umuhanzi Bulldog uko ni ko yinjiye asuhuza abafana be
Umuhanzi Bulldog uko ni ko yinjiye asuhuza abafana be
Araririmba akagoroza ijwi agafanta ati muvuge ngo 'Tough Gang'
Araririmba akagoroza ijwi agafanta ati muvuge ngo ‘Tough Gang’
Ubwo nibwo buryo Knowless yinjiye mu kirori
Ubwo nibwo buryo Knowless yinjiye mu kirori
Knowless kuva ejo hashize ngo ntiyabashaga kuvuga ariko yagerageje aravuga ati 'Live' sinyoshoboye muhe amanota ibyo ndi bubashe gukora
Knowless kuva ejo hashize ngo ntiyabashaga kuvuga ariko yagerageje aravuga ati ‘Live’ sinyoshoboye muhe amanota ibyo ndi bubashe gukora
Iyi kanzu ya Knowless iteye ukuntu
Iyi kanzu ya Knowless iteye ukuntu
Ibyo wamenya ari ibiki
Ibyo wamenya ari ibiki
Abafana bamufasha kuririmba
Abafana bamufasha kuririmba
Abafana ba Butera Knowless n'amafirimbi bayakozeho
Abafana ba Butera Knowless n’amafirimbi bayakozeho
DASSO ku mutekano yahumuye ariko arakebuka akareba uko Butera aririmba
DASSO ku mutekano yahumuye ariko arakebuka akareba uko Butera aririmba
DJ Bisoso avanga vanga, acabiranya amabuto ngo umuziki ubagereho uyunguruye
DJ Bisoso avanga vanga, acabiranya amabuto ngo umuziki ubagereho uyunguruye
Ibyiza byo kugira telefoni ifotora, azereka amafoto abazamukomokaho
Ibyiza byo kugira telefoni ifotora, azereka amafoto abazamukomokaho
Uko ni ko bimeze
Uko ni ko bimeze
Uko ni ko RAFIKI yinjiye yambaye
Uko ni ko RAFIKI yinjiye yambaye
Rasta Rafiki muri COGA STYLE
Rasta Rafiki muri COGA STYLE
Yahese ibitugu nk'intore ihamiriza, ati 'Bagambe ni Bagambe'
Yahese ibitugu nk’intore ihamiriza, ati ‘Bagambe ni Bagambe’
Abafana ba RAFIKI bati 'Fata Peace & Love
Abafana ba RAFIKI bati ‘Fata Peace & Love
Nyagisenyi yakubise yuzuye
Nyagisenyi yakubise yuzuye
Umukemurampaka ati 'Ariko ubu hari uko RAFIKI atagize...'
Umukemurampaka ati ‘Ariko ubu hari uko RAFIKI atagize…’
Itsinda TNP na bo ni uko binjiye umwe afite umusatsi w'icyatsi kibisi
Itsinda TNP na bo ni uko binjiye umwe afite umusatsi w’icyatsi kibisi
Passy na Tracy bati natwe twagitwara
Passy na Tracy bati natwe twagitwara
Hasi yabo hari ibigabo bifite amatuza bibabwira biti ikibazo cy'umutekano mukitubaze mwe mukore ibyabazanye
Hasi yabo hari ibigabo bifite amatuza bibabwira biti ikibazo cy’umutekano mukitubaze mwe mukore ibyabazanye
Kuri 'Stage' akora uko ashoboye ngo PGGSS V azayitware
Kuri ‘Stage’ akora uko ashoboye ngo PGGSS V azayitware
Paccy imbere y'abafana be
Paccy imbere y’abafana be
Ati 'Yambwiye ko azantuza mu igorofa i Kigali...
Ati ‘Yambwiye ko azantuza mu igorofa i Kigali…
Umuhanzikazi PACCY
Umuhanzikazi PACCY
Bati turakwemera
Bati turakwemera
Bruce Melody ati 'Ntundize kuko narira...'
Bruce Melody ati ‘Ntundize kuko narira…’
Ijwi ry'uyu muhungu ryateruye benshi mu bafana bashyira amaboko hejuru
Ijwi ry’uyu muhungu ryateruye benshi mu bafana bashyira amaboko hejuru
Melody uko aririmba nda kwanga, abafana bikiriza bati 'turagukunda'
Melody uko aririmba nda kwanga, abafana bikiriza bati ‘turagukunda’
Iki gisore cy'amatuza angana na Mont Kigali nacyo cyatwawe n'ijwi rya Melody
Iki gisore cy’amatuza angana na Mont Kigali nacyo cyatwawe n’ijwi rya Melody
Iyo nkweto se ya Melody?
Iyo nkweto se ya Melody?
Nyagisenyi 'Stade y'ikipe y'Amagaju' yakubise yuzuye
Nyagisenyi ‘Stade y’ikipe y’Amagaju’ yakubise yuzuye
Dream Boys TMC na Platini umwe aranyura hano undi hari bose bakaririmbira abafana
Dream Boys TMC na Platini umwe aranyura hano undi hari bose bakaririmbira abafana
Nemeye Platini wambaye nka Koffi Olymide arababwira ati 'Marafiki wanatamani ....'
Nemeye Platini wambaye nka Koffi Olymide arababwira ati ‘Marafiki wanatamani ….’
Inyuma ya Dream Boys ababyinnyi mu ibara ry'Ubururu n'Umweru hasi barasusurutsa abafana
Inyuma ya Dream Boys ababyinnyi mu ibara ry’Ubururu n’Umweru hasi barasusurutsa abafana
Barabyina bambaye 'ingozi z'umukara'
Barabyina bambaye ‘ingozi z’umukara’
Jules Sentore ahogoza ati 'Ayiwe Ngera wabaye ute...
Jules Sentore ahogoza ati ‘Ayiwe Ngera wabaye ute…
Abafana Sentore ubutumwa bwabo babwerekana mu gipfunsi
Abafana Sentore ubutumwa bwabo babwerekana mu gipfunsi
Akana ke ku rutugu ati reba sha hari igihe wozongera kubabona mu mwaka utaha!
Akana ke ku rutugu ati reba sha hari igihe wozongera kubabona mu mwaka utaha!
Mu njyana ya Sentore nta gusimbuka kubamo batega amatwi bakumva inganzo
Mu njyana ya Sentore nta gusimbuka kubamo batega amatwi bakumva inganzo
Arashima ku bwanwa yerekana ko yanyuzwe
Arashima ku bwanwa yerekana ko yanyuzwe
Sentore na we arakora uko ashoboye ngo PGGSS V azayegukane
Sentore na we arakora uko ashoboye ngo PGGSS V azayegukane
Tizo, Dreck na Olivis bagize itsinda Active Voice bagenda nk'imbata ngo bemeze abafana n'abatanga amanota
Tizo, Dreck na Olivis bagize itsinda Active  bagenda nk’imbata ngo bemeze abafana n’abatanga amanota
ACTIVE VOICE umwe muribo ati 'Ndabakunda muri ubu buryo'
ACTIVE umwe muribo ati ‘Ndabakunda muri ubu buryo’
Bose n'udutambaro bazunguza
Bose n’udutambaro bazunguza
Akubita n'igishakamba kugira ngo ahangane n'abandi
Akubita n’igishakamba kugira ngo ahangane n’abandi
Abafana b'i Nyagisenyi baryohewe n'umubare wabo ushobora kubigaragaza
Abafana b’i Nyagisenyi baryohewe n’umubare wabo ushobora kubigaragaza
Ku ruhande rumwe amafuro ya PRIMUS arabirira mu birahuri, ahandi ACTIVE batanga injyana
Ku ruhande rumwe amafuro ya PRIMUS arabirira mu birahuri, ahandi ACTIVE batanga injyana
Hit International SENDERI Havard na we ati naje gusoza ikirori
Hit International SENDERI Havard na we ati naje gusoza ikirori
Umwe arabyuka ameze gutyo
Umwe arabyuka ameze gutyo
Aba BANYAZIYA (Bakomoka muri Aziya) na bo baje kureba aho u Rwanda rugeze muri muzika
Aba BANYAZIYA (Bakomoka muri Aziya) na bo baje kureba aho u Rwanda rugeze muri muzika
Abashinwa bumvise uburyo indirimbo ya Snederi ibemeje amaboko bazamura hejuru
Abashinwa bumvise uburyo indirimbo ya Snederi ibemeje amaboko bazamura hejuru
Umwe muribo ananiwe arabanza yiminura ako karahure
Umwe muribo ananiwe arabanza yiminura ako karahure
Iteka Senderi azana udushya
Iteka Senderi azana udushya
Umufana wa Senderi ati 'Nkuri inyuma' musaza
Umufana wa Senderi ati ‘Nkuri inyuma’ musaza
Arabwira abo yasize imuhira ati 'I Nyagisenyi birashyushye ariko birarangiye ndaje'
Arabwira abo yasize imuhira ati ‘I Nyagisenyi birashyushye ariko birarangiye ndaje’
Barabyina Abasore bariho.. Intore ntiganya, nyuma yo kwijuta PRIMUS
Barabyina Abasore bariho.. Intore ntiganya, nyuma yo kwijuta PRIMUS
Abafana ba Senderi HIT
Abafana ba Senderi HIT

Amafoto/MUZOGEYE Plaisir

HATANGIMANA Ange Eric & MUZOGEYE Plaisir
UM– USEKE.RW

32 Comments

  • Ariko knowless gishobora kuba kimaze kumubana kinini, ko buri gihe aba afasheho! Nukubyigaho nyamara basore wasanga clement atamutosha

    • ewana jya ugabanya ubureezi wana, ibyo ntabwo aribintu byo kwandika hano

    • Ubanza na clement byaramunaniye nka safi

  • inya gisenyi ndabona bishyushye,Nkowless arayegukana

  • Aha reka nicecekere ejo natanze comment kuri kamichi ariko abasomyi bamwe bandishije amabere ya mama uvuga ukuri bati ziba wavuva amafuti bati hoyeee
    Narumiwe

    • Jye niyo mpam,vu rimwe na rimwe mpitamo kwfata nkaceceka .

  • Kriss weeee ejo nabonye bari bakurangije !!!!

    Ivugire ibyo wavuze byari ukuri nuko wenda batari babisobanukiwe uko bigenda hakurya hariya…, biriya bimenywa nubibaye mo !!!

  • Umuseke.rw wakabije gushyira akaziga kuri KNOWLESS nta kibi yakoze gihambaye ushobora nogusanga yabikoze atabigambiriye ,ku bacuranzi iyo bari kuri podium inyifato zibagwa ho bitewe nuko bihagaze rwose mwi muteza ab’isi musige ho !!!!

    • Oya ntabwo bari kumuteza ab’Isi kuko n’undi wese yabyibazaho ?Kuki buri gihe akunda gufata hariya ?Gusa biragaragaza ko cyabaye kinini kikaba kimurya .

  • Ni mapendo nyine

  • hahah knowless ngo nta jwi urasebye ubwose wariwaje gukora iki

  • Nyamagabe,bariteguye,nta ribi ku ba start nyarwanda.

  • Ngo TNP umwe afite imisatsi y icyatsi kibisi?Plaizo nawe uratubeshye pe eh cg urashaka ngo bimere nka ya nzu iherutse guca ibintu ngo ni gold and white na blue and black.njyr ndabona rwose imisatsi ari gold.lol

  • Knowless azi ubwenge da.nawe ubwe aziko live yiwe iryana mu matwi agahitamo kuyihorera.komereza aho knowle,live yawe rwose ituma tympans zacu zenda kumeneka jya ukomeze ukore playback

  • Sendeli buriya ni ibiki yambaye bahu?haha.akabi gasekwa nkakeza pe.stylist wa sendeli akwiye gufungwa urufunguzo bakarujugunya.

  • Plaisir nkunda amafoto yawe na comment kbs courage man!!! anyway bruce melody go on turagushyigikiye

  • ubuze ibyo avuga aravugiriza ntavugishwa @hirwa we ndetse nabandi mutekereza gutyo pe gusa ntawabarenganya niko mwarezwe so nta kintu kidasanzwe knowless yakoze ahubwo mwababaye kuko yatwitse hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh ndabasetse cyane kumuvuga gotyo niko kotwongerera imbaraga zo kumushyigikira so go ahead kbsa ntawubuza inyombya kunyombya ariwo muco wayo!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

  • Knowless ni keza ariko mbona kaberwa no kuba aka femme d’affaire kuruta gucuranga !!!

  • kriss ejo wavuze ukuri kuri Kamichi ndi muri US ndetse amakuru ya Kamichi nyasoma umunsi ku munsi. Ariko nk’umunyu uzi umusaraba mkuriya ariho ntago wagombaga kumuca intege bene kariya kageni kuko nawe arabizi ko ibyo yirukaho bitoroshye na gato.

    • Urihe wowe Mugabo nange niho ndi man ariko wamugani wuwo mutipe ngo ni kriss ubanza ngiye kwisubirira hakurya da! Either between you and Kriss who can, talk to me mumpe amakuru bana kuri “[email protected]!

  • bruce ararenze bya danger!

  • uyu MUNYAMAKURU NKUNDA COMMENT ZAWE KUMAFOTO,,,,, GUSA BUTERA KUKO AKUNDA WAMUGANI KWIFATA ,,,,,,,,,,HARIYA HANTU

  • Kris, comments zawe kuri Kamichi zanyuze he? Muri make sinabashije kuzibona. Hagize umpa contacts ya Kamichi yaba angiriye neza ndi. Umwe mubafana be. Munyarwanda ukunze kuvuga ibintu bikaba nko kuri Rayon, rwose nanjye mbona ko Knowles business imubereye.

  • Never mind Kriss article ndayibonye, na coments. Wararengereye.

  • VINCE nibyo Knowless yakoze neza cyane guhera muri music byatumye agaciro no kumenyekana kwe byiyojyera, ariko biboneka yuko kuririmba bitazamugeza hejuru, ahubwo yahagarika akinjiramu wundi mwuga bityo izina yubatse rikamuzanira umusaruro ufatika, kandi ubona yuko ari keza kari smart kabyitwaye mo neza byazana ubukungu

  • Plaisir rwose ati amatuza nka ya mont kigali!haha buriya se arayukurusha plaisi ko nabonye nawe utoroshye?cg wowe ni amabere?lol

    • ndabona noles abasha ariko sender azihangane niyongere kwikorera igitaro kibijumba agahomba yavunitse.

  • @serge: uwo muvugizi wa knowless urabona ko akatavuzwe numwe ntacyo kaba kavuze? Arabikoze i rusizi arongeye nyamagabe nabikora ubutaha ubwo ntuzaba utsinzwe!? Cg niho ijwi yarishakiraga

  • ndabona noles abasha ariko sender azihangane niyongere kwikorera igitaro kibijumba agahomba yavunitse.

  • Ubundi turebye mu bihugu byateye imbere, ccompétitions nkizo niyo warwara nyine nta mbabazi, niba udashoboye kwa heri, wavutse usaraye miss ntacyo nzi bisobanura knowless. Irire cash z’uburanga, Sida irabijyaniye. Ariko Clement uranze ubaye impumyi kubera urukundo, none ubaye n’igipfamatwi kubizi neza ko butera ari knowless ntacyo yiyiziye ku muziki wahaye Aimable amahoro ko yavugishije ukuri gusa, reka amarangamutima uwo mukobwa nta talent yifitiye rwose, mwikundanire ubundi gusa.

    • Sasa reka mbafashe.I Nyamagabe nari mpibereye nje gufana abakobwa babiri rukumbi mari muri PGGSS.Nyuma ya Bulldog, nabonye uriya mugabo uri ku mixa asa n’tari hamwe,yabanje gukina akantu ahita agakuramo vuba.Butera aje kririmba, rwose yatangiriye kuri CD inavuga cyane.Abo ba judges narabarebye bose bashobewe kuva atangira kugeza arangiza.Sibo gusa n’abanyamakuru barongorerana!Butera ntashukwe nabamugira inama mbi niyikosore akomeze amarushanywa.Uriya mugabo ngo ni Twahirwa mbona adakorera ku nduru.Ahubwo ba juges ni abanyamwuga pe.Butera ndacyamukunda

  • paccy yarahatwitse ariko sha komereza aho mwana

Comments are closed.

en_USEnglish