Digiqole ad

PGGSS IV: Uko byagenze i Musanze mu gitaramo cya Live

Nyuma y’ibitaramo bibiri bya Live by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star , igitaramo cya gatatu cya Live cyabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Abahanzi bose uko ari 10 bari biteguye gutaramira abakunzi babo baje kubareba.

Uru nirwo rubyiniro abahanzi bagiye gutaramiraho
Stage abahanzi bagiye gutaramiraho

Musanze ni umwe mu mijyi yo mu Rwanda ikunze kugira abafana benshi b’ibihangano by’abahanzi nyarwanda, Dore ko benshi banahamya ko nyuma y’Umujyi wa Kigali hakurikiraho Musanze.

Abahanzi babanje gutombora uko bari bukurikirane kuri stage, ikigaragara ni uko bamwe mu baririmbye mu gitaramo cyabereye i Muhanga baje mu mibare y’inyuma ubu noneho babanje mu myanya y’imbere.

  1. Teta Diana
  2. Dream Boys
  3. Jules Sentore
  4. Jay Polly
  5. Bruce Melodie
  6. Amag The Black
  7. Young Grace
  8. Christopher
  9. Active ‘Group’
  10. Senderi International Hit
Mc Tino na Anita babanje gususurutsa imbaga yaje kureba abahanzi
Mc Tino na Anita babanje gususurutsa imbaga yaje kureba abahanzi
Aba nibo bafasha abahanzi kuririmba mu nyikirizo
Aba nibo bafasha abahanzi kuririmba mu nyikirizo
Abakunzi ba Jules Sentore baje bitwaje ibyapa bimwereka ko bamuri inyuma
Abakunzi ba Jules Sentore baje bitwaje ibyapa bimwereka ko bamuri inyuma
Aba bazungu nubwo bategereje abahanzi ntabwo bishwe n'inyota
Bamwe mu batumirwa bakuru bategereje bica n’akanyota

Teta Diana niwe muhanzi ubanje ku rubyiniro nk’uko babanje gutombora uko bari bukurikirane. Uyu muhanzikazi w’umuhanga mu ijwi, ntabwo i Musanze bazi indirimbo ze cyane ariko batuje bumva ubuhanga bwe mu kuririmba Live.

Teta Diana mu ijwi rye
Teta Diana mu ijwi rye
Atambuka imbere y'abafanabe
Atambuka imbere y’abafanabe
Teta Diana kuri stage mu ndirimbo ye yise 'Undi munsi'.
Teta Diana kuri stage mu ndirimbo ye yise ‘Undi munsi’.

Dream Boys bibo bakurikiyeho, aba basore berekenya imbaraga mu bitaramo bibiri bimaze gutambuka bya live. Mundirimbo ‘Ungaraguza agati’ bayimbyinanye n’abakunzi babo karahava.

Dream Boys mbere yo kujya ku rubyiniro
Dream Boys mbere yo kujya ku rubyiniro
Tonzi, Aimable Twahirwa na Lion Imanzi barimo kureba uko Dream Boys iririmba kuri stage
Tonzi, Aimable Twahirwa na Lion Imanzi barimo kureba uko Dream Boys iririmba kuri stage
Dream Boys mu ndirimbo yabo 'Urare aharyana' bagaragaje ko bakunzwe cyane i Musanze
Dream Boys mu ndirimbo yabo ‘Urare aharyana’ bagaragaje ko bakunzwe cyane i Musanze
Dream Boys bazamuye ivumbi mu bafana
Dream Boys bazamuye ivumbi mu bafana

Jules Sentore niwe ukurikiyeho, niwe ukurikiyeho, umuhanzi w’umuhanga mu kuririmba.

Jules Sentore mbere yo kujya kuri Stage
Jules Sentore mbere yo kujya kuri Stage
Winywera ikinyobwa cyawe cya Primus ureba umuhanzi wawe ukunda ukanasangiza ibitekerezo inshuti zawe kuri facebook ya Primus Rwanda
Winywera ikinyobwa cyawe cya Primus ureba umuhanzi wawe ukunda ukanasangiza ibitekerezo inshuti zawe kuri facebook ya Primus Rwanda
Jules Sentore aranahamiriza iyo ari kuri stage
Jules Sentore yambaye umwambaro wa kinyafrika
Ni uku yambaye
Ni umwambaro utamenyerewe cyane mu Rwanda

Jay Polly niwe muhanzi ukurikiyeho, yakiranywe n’urusaku rwinshi rw’abantu bigaragara ko ashyigikiwe n’abanya Musanze ku buryo bwihariye.

Jay Polly mbere yo kujya kuri stage
Jay Polly mbere yo kujya kuri stage
Jay Polly ni umwe mu baraperi bakunzwe cyane
Umuraperi bakunzwe cyane
Jay Polly amanikisha abakunzi be intoki niba bamukunda koko
Ku byapa ngo acanye ku maso


Jay Polly na Senderi mbere yuko bajya kuri stage
Jay Polly na Senderi mbere yuko bajya kuri stage
Abafana i Musanze bari bishimiye cyane abahanzi,aha Jay Polly niwe wariho aririmba
Abafana i Musanze bari bishimiye cyane abahanzi,aha Jay Polly niwe wariho aririmba
Aba ni Dream Boys n'ababyinnyi babo mbere yo kujya kuri stage
Aba ni Dream Boys n’ababyinnyi babo mbere yo kujya kuri stage
Abafana ba Teta Diana bazanye nawe
Abafana ba Teta Diana bazanye nawe
Dream Boys kuri stage baririmbira abafana babo
Dream Boys kuri stage baririmbira abafana babo
Inyuma, Amag the Black ategereje kuza ngo nawe ahe flow abafana be
Inyuma, Amag the Black ategereje kuza ngo nawe ahe flow abafana be
Bruce Melodie, umuhanzi w'umuhanga mu kuririmba
Bruce Melodie, umuhanzi w’umuhanga mu kuririmba
Imbere y'abafana ba muzika i Musanze
Imbere y’abafana ba muzika i Musanze
Umwe mu bafana ba Bruce Melodie
Umwe mu bafana ba Bruce Melodie
Amag the Black abafana bamweretse ko bamwishimiye
Amag the Black abafana bamweretse ko bamwishimiye
Abaha kuri rap ye
Abaha kuri rap ye
Amag yagaragaje nawe ko yateye imbere cyane mu kuririmba Live
Amag yagaragaje nawe ko yateye imbere cyane mu kuririmba Live
Young Grace wazanye 'confidence' kuko yari yavuze mbere ko i Musanze ahizeye abafana benshi
Young Grace wazanye ‘confidence’ kuko yari yavuze mbere ko i Musanze ahizeye abafana benshi
Yaje yambaye ikabutura n'amaburuteri
Yaje yambaye ikabutura n’amaburuteri
Uyu ni umubyeyi we nawe waje kumushyigikira
Uyu ni umubyeyi we nawe waje kumushyigikira
Abafana baje kumwakirana ifoto ye
Abafana baje kumwakirana ifoto ye
Young Grace umukobwa ukora Rap
Young Grace umukobwa ukora Rap
Senderi International Hit yiteguye
Senderi International Hit yiteguye
Yazanye ababyinnyi bari kumwe n'ingagi
Yazanye ababyinnyi bari kumwe n’ingagi
Senderi ati Twaribohoye
Senderi ati Twaribohoye
Uyu muhanzi w'udushya
Uyu muhanzi w’udushya
Senderi amaze kwiyegereza abafana bamuziho kubashimisha cyane
Senderi amaze kwiyegereza abafana bamuziho kubashimisha cyane
Christopher aririmbira abafana be i Musanze
Christopher aririmbira abafana be i Musanze
Yanyuzagamo akabaha akanya ngo baririmbane
Yanyuzagamo akabaha akanya ngo baririmbane
Christopher imbere y'abafana i Musanze
Christopher imbere y’abafana i Musanze
Active Group,
Active Group,
Abasore b'umwihariko mu kuririmba banabyina
Abasore b’umwihariko mu kuririmba banabyina
Imbere y'abafana babo
Imbere y’abafana babo
Active ni itsinda rimaze kuzamuka cyane cyane muri iri rushanwa aho ryerekanye ko rishoboye koko
Active ni itsinda rimaze kuzamuka cyane cyane muri iri rushanwa aho ryerekanye ko rishoboye koko

 

Photo/Plaisir Muzogeye

Joel Rutaganda
ububiko.umusekehost.com

en_USEnglish