Nyuma y’ibitaramo bibiri bya Live by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star , igitaramo cya gatatu cya Live cyabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Abahanzi bose uko ari 10 bari biteguye gutaramira abakunzi babo baje kubareba.
Stage abahanzi bagiye gutaramiraho
Musanze ni umwe mu mijyi yo mu Rwanda ikunze kugira abafana benshi b’ibihangano by’abahanzi nyarwanda, Dore ko benshi banahamya ko nyuma y’Umujyi wa Kigali hakurikiraho Musanze.
Abahanzi babanje gutombora uko bari bukurikirane kuri stage, ikigaragara ni uko bamwe mu baririmbye mu gitaramo cyabereye i Muhanga baje mu mibare y’inyuma ubu noneho babanje mu myanya y’imbere.
Teta Diana
Dream Boys
Jules Sentore
Jay Polly
Bruce Melodie
Amag The Black
Young Grace
Christopher
Active ‘Group’
Senderi International Hit
Mc Tino na Anita babanje gususurutsa imbaga yaje kureba abahanziAba nibo bafasha abahanzi kuririmba mu nyikirizoAbakunzi ba Jules Sentore baje bitwaje ibyapa bimwereka ko bamuri inyumaBamwe mu batumirwa bakuru bategereje bica n’akanyota
Teta Diana niwe muhanzi ubanje ku rubyiniro nk’uko babanje gutombora uko bari bukurikirane. Uyu muhanzikazi w’umuhanga mu ijwi, ntabwo i Musanze bazi indirimbo ze cyane ariko batuje bumva ubuhanga bwe mu kuririmba Live.
Teta Diana mu ijwi ryeAtambuka imbere y’abafanabeTeta Diana kuri stage mu ndirimbo ye yise ‘Undi munsi’.
Dream Boys bibo bakurikiyeho, aba basore berekenya imbaraga mu bitaramo bibiri bimaze gutambuka bya live. Mundirimbo ‘Ungaraguza agati’ bayimbyinanye n’abakunzi babo karahava.
Dream Boys mbere yo kujya ku rubyiniroTonzi, Aimable Twahirwa na Lion Imanzi barimo kureba uko Dream Boys iririmba kuri stageDream Boys mu ndirimbo yabo ‘Urare aharyana’ bagaragaje ko bakunzwe cyane i MusanzeDream Boys bazamuye ivumbi mu bafana
Jules Sentore niwe ukurikiyeho, niwe ukurikiyeho, umuhanzi w’umuhanga mu kuririmba.
Jules Sentore mbere yo kujya kuri StageWinywera ikinyobwa cyawe cya Primus ureba umuhanzi wawe ukunda ukanasangiza ibitekerezo inshuti zawe kuri facebook ya Primus RwandaJules Sentore yambaye umwambaro wa kinyafrikaNi umwambaro utamenyerewe cyane mu Rwanda
Jay Polly niwe muhanzi ukurikiyeho, yakiranywe n’urusaku rwinshi rw’abantu bigaragara ko ashyigikiwe n’abanya Musanze ku buryo bwihariye.
Jay Polly mbere yo kujya kuri stageUmuraperi bakunzwe cyaneKu byapa ngo acanye ku maso
Jay Polly na Senderi mbere yuko bajya kuri stageAbafana i Musanze bari bishimiye cyane abahanzi,aha Jay Polly niwe wariho aririmbaAba ni Dream Boys n’ababyinnyi babo mbere yo kujya kuri stageAbafana ba Teta Diana bazanye naweDream Boys kuri stage baririmbira abafana baboInyuma, Amag the Black ategereje kuza ngo nawe ahe flow abafana beBruce Melodie, umuhanzi w’umuhanga mu kuririmbaImbere y’abafana ba muzika i MusanzeUmwe mu bafana ba Bruce MelodieAmag the Black abafana bamweretse ko bamwishimiyeAbaha kuri rap yeAmag yagaragaje nawe ko yateye imbere cyane mu kuririmba LiveYoung Grace wazanye ‘confidence’ kuko yari yavuze mbere ko i Musanze ahizeye abafana benshiYaje yambaye ikabutura n’amaburuteriUyu ni umubyeyi we nawe waje kumushyigikiraAbafana baje kumwakirana ifoto yeYoung Grace umukobwa ukora RapSenderi International Hit yiteguyeYazanye ababyinnyi bari kumwe n’ingagiSenderi ati TwaribohoyeUyu muhanzi w’udushyaSenderi amaze kwiyegereza abafana bamuziho kubashimisha cyaneChristopher aririmbira abafana be i MusanzeYanyuzagamo akabaha akanya ngo baririmbaneChristopher imbere y’abafana i MusanzeActive Group,Abasore b’umwihariko mu kuririmba banabyinaImbere y’abafana baboActive ni itsinda rimaze kuzamuka cyane cyane muri iri rushanwa aho ryerekanye ko rishoboye koko