Tags : Boko Haram

Nigeria: Boko Haram yarekuye abandi bakobwa 82 nayo ihabwa imfungwa

Ibiganiro by’ubwumvikane hagati ya Leta ya Nigeria n’umutwe wa Boko Haram bikomeje gutuma bamwe mu bakobwa 276 bashimuswe n’uyu mutwe muri 2014 barekurwa. Kuri iki cyumweru uyu mutwe warekuye abandi bakobwa 82 na yo ihabwa imfungwa Eshanu zirimo abayobozi b’uyu mutwe. Ibi biganiro byo kurekura abakibwa 82 byagizwemo uruhare n’uwitwa Mustapha Zanna ubu ufite ikigo […]Irambuye

Nigeria: Abakobwa 21 barekuwe na Boko Haramu basubiye mu ishuri

Kuwa 14 Mata 2014 ni bwo inkuru yasakaye Isi yose ko abarwanyi ba Boko Haram bashimuse abakobwa 267 babakuye mu ishuri ryisumbuye rya Chibok muri Nigeria. Mu Ukwakira umwaka ushize uyu mutwe warekuye 21 muri aba washimuse, abandi babiri batabarwa n’igisikare, ubu ngo basubiye ku ishuri kugira ngo bamwe muri bo bazakore ikizamini cya Leta. […]Irambuye

Mu 2017 abana miliyoni 1,4 ku isi ‘bashobora’ kwicwa n’inzara

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana rirasaba abafata ibyemezo bya Politiki gutabara hakiri kare abana bakabona ibyo kurya kandi ntibatandukanywe n’ababyeyi, ngo bitabaye ibyo abana bagera kuri miliyoni 1,4 bazicwa n’inzara muri uyu mwaka. Cyane ngo ni abana bo muri Somalia, Nigeria, Sudani y’epfo na Yemen. Muri Yemen hari abana 462 000 babayeho nabi kubera intambara […]Irambuye

Muri Nigeria, abana 75 000 bashobora guhitanwa n’inzara mu mezi

Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko mu duce tumwe na tumwe two mu majyaruguru mu gihugu cya Nigeria, abantu biganjemo abagore n’abana bugarijwe n’inzara ku buryo mu mezi macye ari imbere abana bagera ku  bihumbi 75 bashobora gupfa bazize inzara. Utwo duce twibasiwe n’inzara ni utwazahajwe n’imirwano y’inyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram. Muri utu duce, imirwano […]Irambuye

Nigeria: Mu bashimuswe na Boko Haram yasanzwe mu ishyamba afite

Igisirikare cya Nigeria kiratangaza ko cyagaruje umwe mu bakobwa basaga 270 bashimuswe na Boko Haram muri 2014. Uyu mukobwa wasanzwe mu ishyamba, bamusanganye umwana w’amezi 10. Mu kwezi gushize, abasirikare ba Nigeria bari bashije gutabara abandi bakobwa 20 muri aba bashimuswe n’uyu mutwe uvuga ko ugendera ku mahame akarishye ya Kisilamu, ubakuye aho bigaga ku […]Irambuye

Nigeria: Abakobwa bambuwe Boko Haram bavuga ko baamaze iminsi 40

Umwe mu bakobwa baherutse kwamburwa Boko Haram mu basaga 200 imaze iminsi yarashimuse, yavuze ko bigeze kumara ukwezi n’iminsi 10 batarya, batanywa. I Abuja, kuri iki Cyumweru, Gloria Dame w’imyaka 21 yashyize hanze amwe mu banga y’ibyabayeho ubwo bafatwaga n’umutwe w’Iterabwoba, Boko Haram. Muri ubu buhamya bwe, Dame wavugiraga abakobwa 21 baherutse kuvanwa mu maboko […]Irambuye

Perezida Buhari yasabye UN guhuza Leta ye na Boko Haram

Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yasabye umuryango w’Abibumbuye kuba umuhuza wa Leta y’iki gihugu ayobora n’umutwe wa Boko Haram bakagirana ibiganiro byo guhagarika intambara imaze imyaka irindwi no kurekura abakobwa 200 washimuse mu ishuri rya Chibok. Perezida Buhari yavuze ko leta ya Nigeria yakwemera gutanga abarwanyi ba Boko Haram bafunzwe n’iki gihugu mu gihe na yo […]Irambuye

Igisirikare cya Niger kivuganye abarwanyi 38 ba Boko Haram

Minisiteri y’Ingabo muri Niger iratangaza ko mu gikorwa cyo guhashya umutwe w’Iterabwiba wiyita ko ugendera ku mahame akarishye ya Kisilamu ‘Boko Haram’ , igisirikare cy’iki gihugu kishe abarwanyi 38 b’uyu mutwe wo muri Nigeria. Ni mu bitero byo kurwanya uyu mutwe umaze iminsi uhungabanya umutekano w’igihugu cya Nigeria n’ibihugu bihana imbibi, cyabereye mu gace kitwa Diffa gaherereye […]Irambuye

Nigeria: Boko Haram yerekanye abakobwa 200 ba Chibok, muri bo

Inyeshyamba z’Umutwe wa Kiyisilamu za Boko Haram zerekanye video igaragaza bamwe mu bigaga ku ishuri ry’abakobwa mu mujyi wa Chibok. Abakobwa bagera kuri 50 berekanywe bari kumwe n’umugabo ufite imbunda asaba ko abarwanyi bafashwe na Leta barekurwa kugira ngo n’abo bakobwa babe barekurwa, ndetse yavuze ko hari bamwe mu bakobwa bishwe mu bitero by’indege za […]Irambuye

en_USEnglish