Tags : Boko Haram

Mu bitero bitanu bya Boko Haram kimwe kigabwa n’abana –

*Umwana muto wakoreshejwe afite imyaka umunani, *3/4 by’aba bana bakoreshwa mu bitero by’iterabwoba ni abakobwa. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana; UNICEF ryasohoye icyegeranyo kigaragaza ko umubare w’abana bakoreshwa mu kugaba ibitero n’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wiyongereye ku kigero cyo hejuru mu myaka ibiri ishize. UNICEF ivuga ko abana bakoreshejwe mu bitero by’iterabwoba mu […]Irambuye

Nigeria: Abasirikare 12 harimo aba General 7 bakurikiranyweho ruswa

Abasirikare bakuru 12, harimo abagera kuri barindwi bafite ipeti rya General mu gihugu cya Nigeria bagejejwe imbere y’urwego rushinzwe kurwanya Ruswa, bakaba bakurikiranyweho ibirego by’uko barigishije intwaro zigenewe kurwanya Boko Haram. Igisirikare ntabwo cyatangaje amazina y’abo basirikare, ariko ngo harimo aba General batatandatu bakiri mu kazi mu ngabo za Nigeria. Igihe akanama gashinzwe ubukungu n’ibyaha […]Irambuye

Nigeria: Uwabaye Umujyanama wa Goodluck mu by’umutekano yafunzwe

Perezida wa Nigeria Muhammad Buhari yategetse ko uwahoze ari umujyanama mukuru mu bya gisirikare kuri Leta ya GoodLuck Jonathan afatwa agafungwa kubera ko ngo yanyereje miliyari ebyiri z’Amadolari zari zigenewe kugurwa intwaro zo kurwanya Boko Haram. Sambo Dasuki w’imyaka 60 arashinjwa guhimba amasezerano yaguriweho kajugujugu 12 za gisirikare, indege enye z’intambara za kabuhariwe, imbunda zitandukanye […]Irambuye

Nigeria: Ingabo zabohoje 178 bari barafashwe bunyago na Boko Haram 

Mu bitero bitandukanye byagabwe n’ingabo z’igihugu kuri iki cyumweru ku birindiro bitandukanye by’abarwanyi ba Boko Haram mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba mw’intara ya Borno, ingabo zibasha kubohora abagera ku 178 bari barafashwe bunyago muri bo abenshi ni abana 101, abagore 67 n’abagabo 10. Mu mirwano ikomeye yabaye kuri iki cyumweru yashenye amwe mu makambi y’abarwanyi ba […]Irambuye

Ubuhamya, Boko Haram yicaga abagabo, abana ibashyira imbere, abagore bagasambanywa

Abagore babohojwe mu maboko y’umutwe w’iterabwoba Boko Haram mu cyumweru gishize bavuze ko igihe bamaranye n’uyu mutwe, abagabo bicwaga umunsi ku munsi, naho abahungu bagategekwa kujya imbere mu mirwano mu gihe abagore bo bakoreshwa imirimo y’ubusambanyi. Euronews iravuga ko ubwo aba bagore batwarwaga mu nkambi y’impunzi aribwo batangaje ubuzima bubi bahuye na bwo mu mashyamba […]Irambuye

en_USEnglish