Tags : Bernard Makuza

BrigGen Rwigamba arasaba ibihano bikomeye ku bakoresha ibiyobyabwenge

Mu nama nyunguranabitekerezo ku byaha byambukiranya imipaka n’iby’ikoranabuhanga ibera muri Sena ikaba yagombaga guhuza inzego 47 z’igihugu, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imfungwa n’Abagororwa, BrigGen George Rwigamba yavuze ko abakoresha ibiyobyabwenge bakwiye guhabwa ibihano bibatinyisha kubinywa cyangwa bikabera abandi urugero. Iyi nama yatangijwe na Perezida wa Sena Bernard Makuza, yatumijwe na Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’Umutekano ya […]Irambuye

EALA igiye kuganira n’u Burundi ku guhagarika ubwicanyi

Kuri uyu wa mbere Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’Ibihugu byo mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA) Daniel Kidega yakiriwe na Perezida wa Sena Bernard Makuza baganiriye cyane icyakorwa mu kumenyekanisha umuryango wa EAC mu baturage, no ku mutekano muke uri mu bihugu nk’u Burundi na Sudan y’Epfo, Kidega yamubwiye ko EALA iteganya kuganira na Leta y’u […]Irambuye

Hari aho twavuye n’aho tugeze mu bumwe n’ubwiyunge – Makuza

Mu gusoza umwiherero w’iminsi itatu Abasenateri bari bamaze baganira ku buryo barushaho kuzuza inshingano basabwa n’Itegeko Nshinga, avuga ku ihame remezo rya Sena ryo kurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo, Perezida wa Sena Bernard Makuza yavuze ko nubwo hakiri ingengabitekerezo hari aho Abanyarwanda bavuye n’aho bageze mu bumwe n’ubwiyunge. Uyu mwihero wasojwe n’ikiganiro n’abanyamakuru cyabanjirijwe no gusoma […]Irambuye

Urubyiruko rurwanya ivangura i Burayi rwaganiriye na Perezida wa Sena

*Kurwanya ihakana n’ipfobya nibwo ‘Never Again’ yagira agaciro, *Abagize uruhare muri Jenoside ni bo bapfobya bashaka guhisha uruhare rwabo. Kuri uyu wa gatanu abagize ihuriro EGAM (European Grassroots Antiracist Movement) baganiriye na Perezida wa Sena Hon. Bernard Makuza, biyemeza ko bagiye gufatanya n’Abanyarwanda kurwanya ipfobya n’ihakana rya Jenoside ya korewe Abatutsi mu 1994. Ngo kubera […]Irambuye

Abadepite bafite impungenge nyinshi ku mikorere ya Sosiyeti izasimbura ONATRACOM

*Impungenge hari izishingiye ku buziranenge bw’imodoka zizasimbura iza ONATRACOM, *Ubwiyongere bw’igiciro kuko iyo Sosiyeti izaba igamije ubucuruzi binyuranye n’uko ONTRACOM yakoraga, *Leta ivuga ko yabyizeho mu buryo buhagije, ariko ngo nta tike ya make izaba ihari, buri wese azajya yishyura angana n’ay’undi, *RFTC yemerewe kuzakorana na Leta ikagira imigabane ingana na 48% hatabayeho ipiganwa. Ku […]Irambuye

Bwa mbere mu matora Facebook, WhatsApp na Twitter bizakoreshwa mu

-Imyiteguro yase yamaze gukorwa -Ni yo matora ya mbere hazakoreshwa imbuga nkoranyambaga mu kwiyamamaza. Kuri uyu wa gatatu mu kiganiro Komisiyo y’igihugu y’Amatora yahaye abagize Inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena, ndetse n’abandi bakozi b’inteko ku myiteguro y’amatora y’inzego z’ibanze n’izihariye ateganyijwe mu kwezi gutaha, n’ukwa gatatu, Perezida wa Komisiyo y’igihugu y’amatora yavuze ko hari […]Irambuye

Inteko y’u Rwanda yahigiye gutwara ibikombe mu marushanwa y’Inteko zo

Kuva tariki ya 4 -11 Ukoboza 2015 u Rwanda ruzakira amarushanwa mu mikino itandukanye ihuza Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Umuryango w’Africa y’Iburasirazuba, imikino izaba iba ku nshuro ya gatandatu. Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yahize kuzegukana ibikombe n’imidari ndetse ngo n’igihembo cy’ikipe igira ikinyabupfura ihora itwara inshuro zose yitabiriye. Ni ubwa gatatu u Rwanda rugiye […]Irambuye

en_USEnglish